Kuri uyu wa mbere, Minisitiri w’ubutabera abajijwe n’abanyamakuru aho Leta y’u Rwanda ihagaze ku butinganyi (abaryamana bahuje ibitsina) bumaze iminsi bugarukwaho cyane, ndetse hari n’ababukora ubu bashaka gushyingirwa, yasobanuye ko aho Leta ihagaze ari ku biteganywa n’amategeko gusa. Yavuze ko Itegeko Nshinga ry’u Rwanda rivuga neza ko abantu bashyingiranwa byemewe n’amategeko mu Rwanda ari umugabo […]Irambuye
Zola Companyi itanga umuriro uva ku mirasire y’izuba imaze guha abaturage 600 umuriro mu karere ka Gicumbi, ku wa gatanu w’icyumweru gishize yahaye Groupe Scolaire Mugomba amashanyarazi ava ku zuba ku buntu. Kuri iyi nshuro iyi company yahaye umuriro ikigo cy’amashuri – Groupe Scolaire Bugomba giherereye mu murenge wa Mukarange, mu karere ka Gicumbi aho […]Irambuye
Mu kiganiro na The Financial Times, Perezida wa USA Donald Trump yongeye kuvuga ko yiteguye guhangana bikomeye n’ubutegetsi bwa Kim Jong Un muri Korea ya ruguru kubera ibisasu bya kirimbuzi bukomeje kugerageza. Yasabye u Bushinwa gukomanyiriza inshuti yabo Koreya ya Ruguru bitaba ibyo we akabyikorera. Yavuze ko niba u Bushinwa bwanze gukorana na USA ngo bahangane […]Irambuye
*Kuki Kimironko ariho abagororwa bashobora gutinyuka kwigaragambya? *Imyigaragambyo yabo ifitanye isano n’ingaruka zo gushya kwa Gereza ya Kimironko, *Akarere ka Gasabo n’Urwego rw’Amagereza bagiye kureba ibyangijwe n’imyigaragambyo. Amategeko y’u Rwanda ntiyemera imyigaragambyo itasabiwe uruhushya, ku bagororwa ba Kimironko iryo tegeko basa n’abaryirengagije, mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ahagana saa tatu batangira gutera amabuye […]Irambuye
Bitewe n’ibikorwa bibyara inyungu Kiliziya Gatulika igenda yongeera hari bamwe bavuga ko yahindutse ikigo cy’ubucuruzi. Mu muhango wo gufungura Kivu Peace View Hotel ya Diyoseze ya Nyundo ku mugoroba wo ku cyumweru, Guverineri w’Iburengerazuba yemeye gufasha kiliziya kumvisha abafite iyo myumvire ko atari yo. Anaclet Mwumvaneza Musenyeri wa Diyoseze ya Nyundo wafunguye iyi Hotel nshya […]Irambuye
Umuhanda werekeza Kimironko wafunzweho amasaha macye kugira ngo hatagira ukomeretswa n’amabuye yaterwaga n’abagororwa imbere muri Gereza bayohereza hanze, hari mu myigaragambyo bakoreye imbere muri Gereza bagashaka ko bigera hanze. Iyi gereza ya Gasabo yari yibasiwe n’inkongi kuwa gatantu ushize. Muri iki gitondo ahagana saa tatu abagororwa bari muri gereza imbere bateye intugunda, humvikana urusaku hanze, ndetse bohereza […]Irambuye
Police y’ahitwa Kanungu muri Uganda iri guhiga umukobwa utarageza imyaka 20 uri gushinjwa kwica mukuru we amuteye icyuma bapfa umugabo. Mukuru we Gift Asiimwe yaguye mu nzira bamujyana ku bitaro bya Bwindi ahitwa Kayonza mu karere ka Kanungu mu burengerazuba bwa Uganda. Umupolisi ushinzwe gukurikirana ibyaha muri aka gace yavuze ko umukobwa uri gushakishwa yateye […]Irambuye
Mu gitaramo yise {Inganzo ya Kayirebwa}, Cécile Kayirebwa yashimiye cyane abakobwa b’impanga Ange na Pamella basubiramo indirimbo ze ku buryo utatandukanya ijwi rye n’iryabo. Kuri iki cyumweru tariki ya 02 Mata 2017 muri Marriot Hotel niho habareye icyo gitaramo. Nubwo cyari igitaramo gihenze, abantu bari benshi baje kumva zimwe mu ndirimbo babyirutse bumva za Kayirebwa. […]Irambuye
Nyagatare – Mu gihe habura iminsi micye ngo igihugu kinjire mu bihe byo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne yasabye Abanyarwanda bose muri rusange ubufatanye mu guhangana n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi yabigarutseho ubwo yifatanyaga n’abanyamuryango ba AERG na GAERG mu gusoza ibikorwa byo mu cyumweru cya ‘AERGGAERG […]Irambuye
Kuwa 14 Mata 2014 ni bwo inkuru yasakaye Isi yose ko abarwanyi ba Boko Haram bashimuse abakobwa 267 babakuye mu ishuri ryisumbuye rya Chibok muri Nigeria. Mu Ukwakira umwaka ushize uyu mutwe warekuye 21 muri aba washimuse, abandi babiri batabarwa n’igisikare, ubu ngo basubiye ku ishuri kugira ngo bamwe muri bo bazakore ikizamini cya Leta. […]Irambuye