Ubu ngo araba asubiye ku izina rye Paul nk’uko yabibwiye ikinyamakuru So Soir cyo mu Bubiligi, ‘carrière’ y’umuziki yabaye ayisubitse, nubwo bwose yari icyamamare cyane, yagiye mu mushinga mushya bise Mosaert wo kumurika imideri afatanyije n’umugore we Coralie usanzwe we ari byo akora. Paul Van Haver n’umugore we Coralie Barbier baheruka i Kigali mu gitaramo […]Irambuye
Oleg Oronvinkin yahoze ari umwe muri ba maneko bakuru b’Ikigo cy’ubutasi cy’u Burusiya KGB( Komitet Gosudarstvennoy Bzopasnosti) mu mpera z’Icyumweru gishize bamusanze yapfuye i Moscou. Uyu mugabo ngo yari afite amabanga menshi ku mubano uvugwa hagati ya Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora USA na Vladmir Putin usanzwe ayobora u Burusiya. MoscowTimes ivuga ko uburyo yapfuyemo kugeza ubu […]Irambuye
Karongi – Abacitse ku icumu rya Jenoside batishoboye mu 1996 bubakiwe inzu zo guturamo mu kagari ka Bisesero mu murenge wa Rwankuba ubu bamwe baracyazirimo ariko bigaragara ko zishaje cyane, abakizituyemo bafite impungenge ko zishobora kubagwaho. Uko bigaragara amabati n’inkuta byazo birashaje cyane, ubwiherero n’ibikoni byinshi byasenyutse mbere. Izi nzu zubatswe vuba vuba kandi binagendanye […]Irambuye
Urukiko rwa Gisirikare rw’I Nyamirambo rwemeje ko Sous Lieutenant Seyoboka Henri Jean Claude ukurikiranyweho ibyaha birimo gufata no gusambanya ku gahato abagore muri Jenoside akomeza gufungwa by’agateganyo kugira ngo Ubushinjacyaha bukomeze gukora iperereza. Mu mpera z’icyumweru gishize, Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bwari bwatanze iki cyifuzo cyo kongera ifunga ry’agateganyo ryahawe S/Ltn Seyoboka uherutse koherezwa na Canada […]Irambuye
Umugabo wahoze yigisha imyemerere mu idini ya Islam Mohammed Bello Abubakar, wari ufite abagore babarirwa muri 86 mu mwaka wa 2008 yitabye Imana afite imyaka 93. Mohammed Bello Abubakar yipfiriye mu rugo rwe ku wa gatandatu mu Ntara ya Central Niger, nyuma yo gufatwa n’indwara itazwi. Abantu benshi cyane bitabiriye imihango ijyanye no kumushyingura ku cyumweru. […]Irambuye
Nizeyimana Alphonse bita Ndanda wahoze ari umuzamu w’ikipe ya Mukura VS wari mu rukundo na MC Anita Pendo, biravugwa ko aho amenyeye ko Anita afite inda ye yahise amwigarama. Amakuru agera ku Umuseke, avuga ko uyu musore yari amaranye na Anita igihe kirenga umwaka bakundana. Ndetse hari n’amakuru yavugaga ko bari no muri gahunda yo […]Irambuye
Ubuyobozi bw’ikinyamakuru Umuseke bwifurije umwaka mushya muhire abakorera mu gace iki kinyamakuru gifite ikicaro. Ihahiro Souvenir & Confiance Ltd riherereye ku Kicukiro ahazwi nka Sonatubes ni bamwe mu baturanyi b’Umuseke twifuriza kwaguka mu bucuruzi muri uyu mwaka tumaze iminsi dutangiye. Iri guriro rimaze iminsi rifunguye imiryango, warisangamo ibicuruzwa bitandukanye kandi ku giciro kiza. Akarusho ni […]Irambuye
Ibiro by’Umurenge SACCO ya Ngoma mu karere ka Huye mu ijoro ryo kuri iki cyumweru byaraye byibwe amafaranga miliyoni ebyiri n’ibihumbi magana atatu n’amafaranga 815 ndetse na mudasobwa zigendanwa eshatu. Abakozi bose ba SACCO ya Ngoma bahise batabwa muri yombi ubu bafungiye kuri station ya Police ya Ngoma. Umuvugizi wa Police y’u Rwanda mu Ntara […]Irambuye
Umulisa Jeanne umugore wa Kayitankore Ndjoli ‘Kanyombya’ avuga ko umukobwa wemeye gukundana n’Umustar bikagera aho amubera umugore atari akwiye gufuha. Kuko haba hari impamvu ariwe watoranyijwe mu bandi uwo musore aba yarahuye nabo. Nubwo adakunze kuvugwa cyane mu itangazamakuru, ngo akurikirana amakuru menshi y’Abastars. Mu byo yumva kenshi ni uguterana amagambo hagati y’umuhungu n’umukobwa umwe […]Irambuye
Umukinnyi wo hagati wa Rayon sports Kwizera Pierrot ashobora gutizwa amezi ane muri Al Hazm FC yo mu kiciro cya mbere muri Arabie Saoudite. Uyu musore bivugwa ko ari muri Tanzania ashobora kuyijyamo adakiniye Rayon imikino ya CAF. Amakuru agera ku Umuseke aremeza ko Kwizera Pierrot atari mu Rwanda ndetse ko ashobora kudakina umukino Rayon […]Irambuye