Ku wa gatatu tariki 25/5/2016 mu muhango ngarukamwaka wo kugaragaza udushya twagezweho mu Ishuri rikuru ry’Ikoranabuhanga rya Tumba (Tumba College of Technology), umunyeshuri Ange Uwambajimana w’imyaka 22 yamuritse porogaramu izafasha abaganga kwita ku barwayi cyane cyane abafite serumu. Ni kenshi usanga mu bitaro no mu bigo by’ubuvuzi ababagana bashinja uburangare abaganga bwo kutita ku barwayi […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu nibwo Perezida wa mbere wa Leta zunze ubumwe za Amerika uri mu buyobozi yasuye umujyi wa Hiroshima, neza neza aho igisasu cya mbere cy’ubumara kirimbuzi cyaturikiye kigahitana abantu barenga 70 000. Hano, Obama yahobeye umwe mu barokotse, umusaza icyo gihe wari ufite imyaka 8. Maze asaba ko isi yose yagira umuhate […]Irambuye
Jean Bosco Nsengimana watwaye Tour du Rwanda 2015 usiganwa ku magare nk’uwabigize muri ‘Stradalli BikeAid’ mu Budage ku cyumweru ubu ari mu Rwanda aho azifatanya n’abaturage b’umugi wa Kigali muri ‘Carfree Day’. Kuri iki cyumweru tariki 29 Gicurasi 2016, i Kigali hateganyijwe umunsi wa sports ya bose, izakorerwa mu muhanda Kigali Ville – Soptrad – […]Irambuye
Hashize imyaka haburanishwa urubanza hagati ya Google na Oracle yasabaga ko yishyurwa miliyari icyenda z’amadorari kuko Google yakoresheje ibintu byayo nta burenganzira. Kuri uyu wa kane Urukiko rw’i San Francisco rwanzuye ko Google ntacyo igomba guha Oracle. Google yari yarakoresheje zimwe muri code za Java (ubu ni iya Oracle) mu gukora ‘operating system’ ya Android […]Irambuye
Urukiko rw’ikirenga rw’igihugu cya Cote d’Ivoire rwatesheje agaciro ubujurire bwa Simone Gbagbo umugore wa Laurent Gbagbo wahozi uyobora iki gihugu ni nyuma yo kujuririra igihano cy’imyaka 20 y’igifungo yakatiwe kubera uruhare mu mvururu zahitanye abasaga 3 000 zabaye nyuma y’amatora yo mu 2010 kuko umugabo we yari yanze kwemera ibyayavuyemo. Simone Gbagbo yahamijwe ibyaha byo […]Irambuye
Kobus MULDER inzobere yo muri Africa y’Epfo mu bijyanye n’inkusanyirizo z’amata, akaba n’umuhanga mu kumenya fromage (cheese) nziza, yemeza ko nyuma y’imyaka itanu ishize Abanyarwanda batangiye gutunganya fromage, bishoboka ko bafata ibihugu byateye imbere muri uwo mwuga, igikenewe ngo ni ishoramari no kongera ubwiza bw’umukamo w’amata n’ibiyakomokaho gusa. Kobus MULDER akorera mu bihugu icyenda ku […]Irambuye
Mu ijoro ryakeye muri salle ireberwamo cinema mu mujyi wa Kigali niho Clement Ishimwe utunganya muzika mu nzu ya Kina Music yasabye umuhanzikazi Knowless Butera ko yamubera umugore. Mbere, iby’urukundo rwabo bakomeje kugenda babigira ibanga. Ubu babishyize ku mugaragaro. Ni igikorwa cyakozwe cyane mu bwiru, hatumiwe inshuti za hafi za bombi, nabo nta n’umwe wari […]Irambuye
MissRwanda2015 Kundwa Doriane yamaze kugeza ikirego mu rwego rushinzwe iperereza CID ku mukobwa wiyitiriye amazina ye akaba inshuti n’umusore uba hanze y’u Rwanda bikagera aho atangira no kurya amafaranga ye ubu akaba amushakisha. Iki kirego bivugwa ko cyamaze kugezwa mu ba shinzwe iperereza, ngo ni uburyo bwo kugirango Miss Doriane yishinganishe ejo n’ejo bundi uwo […]Irambuye
Social Mula umwe mu bahanzi bato bamaze kugira izina ryagutse mu muziki w’u Rwanda kubera ahanini indirimbo akora zivuga ku buzima busanzwe n’iz’urukundo, avuga ko itsinda rya Urban Boys rikwiye igihembo cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star kubera aho imaze kugeza umuziki w’u Rwanda. Nubwo aha amahirwe menshi iri tsinda yo kuba ryatwara iryo […]Irambuye
*Mu Rwanda Societe Civile ubu irimo imiryango 500 *Hari imiryango ya Societe Civile igifite ingengabitekerezo ya Jenoside n’ubu Kuri uyu wa gatanu ihuriro ry’imiryango igize Sosiyete Sivile mu Rwanda ku nshuro ya mbere imiryango iyigize yose hamwe irakora igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Eduard Munyamariza Umuvugizi w’iri huriro mu Rwanda avuga ko Societe Civile […]Irambuye