Month: <span>February 2016</span>

Guma Guma VI irajyamo nde, hasohoke nde?

Primus Guma Guma Super Star irushanwa rikomeye mu bya muzika mu Rwanda rikurikirwa n’abanyarwanda benshi hirya no hino mu bice bitandukanye. Ku nshuro ya gatandatu rigiye kugaruka. Haribazwa abahanzi bazahatana n’abatazajyamo. Ni irushanwa rimaze kuba inshuro eshanu ubu rikaba rigiye kuba ku nshuro ya gatandatu. Ryitabirwa n’abahanzi 10 batoranywa muri 15 baba baragaragaye cyane mu […]Irambuye

Imbogo yarakaje inzovu ihura n’akaga gakomeye

Imbogo nkuru zo muri Pariki zo muri Africa zipima kugeza kuri 900Kg, ariko imbere y’inzovu ibi biro ni nk’iby’agakwavu kuko iraterura itera mu kirere igakubita hasi. Mu mafoto yafashwe n’umuphotographe Kim Maurer, mu mpera z’ukwezi kwa mbere muri Pariki ya Masai Mara muri Kenya, inzovu yarakajwe n’imbogo yayihaye isomo rikomeye ry’abaremereye. Ubusanzwe imbogo n’inzovu biturana […]Irambuye

Police FC ngo yishimiye ko Ndatimana yatsinze urubanza rukomeye

Robert Ndatimana kuri uyu wa kabiri yagizwe umwere ku rubanza rwo gufata umwana ku ngufu akamutera inda kuko basanze uwitwaga umwana ari umukobwa mukuru. Umuvugizi w’ikipe ya Police FC uyu mukinnyi akinira yavuze ko ikipe yishimiye ko uyu musore yatsinze urubanza rukomeye kandi akiri umukinnyi wabo. Robert Ndatimana yafunzwe mu mpera z’Ukuboza 2015 yafunguwe kuva […]Irambuye

Abapolisikazi barasiwe muri Haiti barashyinguwe

Abapolisikazi babiri bishwe bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti mu Ukuboza umwaka ushize, bashyinguwe mu cyubahiro mu bihe bitandukanye mu irimbi rya Rusororo, kuko imibiri yabo itari yagereye rimwe mu gihugu nk’uko bitangazwa na Polisi y’igihugu. Assistant Inspector of Police(AIP) Liliane Mukansonera na AIP Aimée Nyiramudakemwa bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri […]Irambuye

Ikigo AIMS kizajya cyakira Abanyarwanda bashaka kwiga ‘Master’s degree’ mu

Kuri uyu wa kabiri tariki 02 Gashyantare 2016 Leta y’u Rwanda yasinye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo Nyafurika cy’Ubumenyi bw’imibare (AIMS-NEI). Iki kigo kizajya cyakira abanyeshuri bakomeza amasomo yabo mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Masters) mu bijyanye n’imibare n’ubumenyi. Mu masezerano yasinwe harimo kuba mu Rwanda ariho hazubakwa icyicaro cy’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubushakashatsi mu mibare n’ubumenyi. U […]Irambuye

Abayahudi bamwe ntibaha agaciro Jenoside yakorewe Abatutsi – Dr Bizimana

*Ngo hari Abayahudi badashyigikira ko hari ikindi kintu kitwa Jenoside Ku wa kabiri tariki 26 Mutara ubwo Dr Bizimana Jean Damascene Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside​ (CNLG) yitabaga Komisiyo y’imibereho myiza na Politiki muri Sena, ku isesengura rya raporo y’ibikorwa bya CNLG mu mwaka w​a 2014-15​, yavuze ko kwibika Jenoside yakorewe Abatutsi […]Irambuye

Raoul Shungu arasaba Abanyarwanda gufana Congo

Raoul Shungu uri mu bungirije umutoza Florent Ibenge wa Congo Kinshasa yabwiye Umuseke ko asaba abanyarwanda gufana ikipe ya Congo Kinshasa kugira ngo igikombe cya CHAN kizagume mu karere. Uyu mugabo ashimira cyane uko ikipe ye yakiriwe mu Rwanda. Raoul Shungu umwe mu batoza bazwi cyane mu mupira w’u Rwanda avuga ko mu gihe cyari […]Irambuye

J.Habyarimana amaze imyaka 20 afungiwe Jenoside nta cyemezo cy’Umucamanza

*Habyarimana Jean yahoze ari perezida wa MRND muri Prefecture y’Umugi wa Kigali, *Yatawe muri yombi muri 1996, yari ari ku rutonde rw’abo mu kiciro cya mbere (ba ruharwa), *Avuga ko ari agahomamunwa kumara imyaka 20 afunzwe nta gapapuro k’Umucamanza kamufunga, *Ubushinjacyaha bumurega gutoza Interahamwe, gutanga ibikoresho, gutanga amabwiriza yo gushyiraho bariyeri,… *Yasabiwe gufungwa burundu y’umwihariko. […]Irambuye

Urukiko rutegetse ko Robert Ndatimana arekurwa

02/02/2016 – Mu bujurire bwa Robert Ndatimana bwakiriwe n’Urukiko rukuru ku Kimihurura rwategetse kuri iki gicamunsi ko Robert Ndatimana atsinze urubanza yaregwagamo gutera inda umukobwa utarageza ku myaka y’ubukure kuko Urukiko rwabonye ibimenyetso bishya ko uyu mukobwa ari mukuru. Robert Ndatimana yari afunze kuva tariki 18/12/2015 aho yari yashinjwe n’umwe mu babyeyi b’umukobwa (se w’umukobwa) […]Irambuye

en_USEnglish