Month: <span>January 2016</span>

Genocide: Nizeyimana wasigaye wenyine abagiraneza bamuhaye moto

Mu 2014 ubwo u Rwanda rwibukaga Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 20, Umuseke wegeranyije inkuru 20 zidasanzwe z’abantu 20 barokotse bonyine mu miryango (mu rugo) yabo, harimo Celestin Nizeyimana warokokeye mu mwobo w’ikinyogote. Jenoside yatumye asigara atishoboye kandi ahungabanye, icyo gihe yabwiye ariko Umuseke ko abonye moto ubuzima bwe bwagira icyerekezo kuko yari atunzwe […]Irambuye

Tour du Rwanda 2016 izagera na Rusizi – FERWACY

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana yatangaje amatariki Tour du Rwanda y’uyu mwaka izaberaho, ndetse ko izagera no mu Karere ka Rusizi ubundi kadakunze kugerwamo n’ibikorwa byinshi by’imikino. Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) rivuga ko muri rusange umwaka ushize wa 2015 wagenze neza ku ikipe y’igihugu Team Rwanda, dore ko […]Irambuye

Moïse Katumbi yatangaje ko yisunganye na ‘Opposition’

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku cyumweru tariki 03 Mutarama 2015 Moïse Katumbi yavuze ko yagiye mu ruhande rutavugwa rumwe na Leta ya Perezida Kabila rwitwa Front Citoyen 2016. Uyu mugabo wari Guverineri w’Intara ya Katanga akegura umwaka ushize ndetse mu kwezi kwa cyenda 2015 akava mu ishyaka PPRD riri ku butegetsi, kuva icyo gihe ntiyigeze […]Irambuye

Mu myiteguro ya CHAN, Rwanda B yatsinze Rwanda A

Kuri iki cyumweru tariki 03 Mutarama 2016 Umuseke wasuye ikipe y’igihugu Amavubi, aho iri gukorera umwiherero mu karere ka Rubavu. Ni mu gihe habura iminsi 12 ngo igikombe cya Afurika gihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo, CHAN 2016 itangire mu Rwanda. Umutoza w’iyi kipe avuga ko afite abakinnyi beza benshi ku buryo guhitamo 23 azifashisha […]Irambuye

Keza Joanna yagizwe ‘Miss Heritage Culture Ambassador’ ku Isi.

Keza Bagwire Joannah nyampinga w’Umuco 2015, kuri uyu wa mbere 04/01/2016yagizwe ambasaderi w’Umuco ku isi mu bakobwa 80 yari ahatanye nabo muri Afurika Y’Epfo mu irushanwa rya banyampinga b’Umuco ‘Miss Heritage World 2015’ ryabaye mu mpera z’umwaka ushize. Ku wa 15 Ugushyingo 2015 nibwo habaye gutora no kwambika ikamba nyampinga w’Umuco ku isi. Iryo kamba […]Irambuye

Kubera gukunda umuceri byatumye Bosebabireba aba Umusilamu

Uwiringiyimana Theogene bakunze kwita Bosebabireba umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana, ngo mbere y’uko aba Umukiristo yabanje kuba Umusilamu kubera gukunda umuceri nk’uko abyemeza. Impamvu yatumye aba umuyoboke wa Islam mu gihe cy’imyaka ibiri ngo ni uko yabonaga uburyo akundamo umuceri utetse mu buryo Abo muidini ya Islam bakunda kuwuteka ku minsi mikuru atari kujya awugeraho uko […]Irambuye

Abakandida bashaka kuyobora uturere mu Rwanda baratangira kubisaba

Komisiyo y’igihugu y’amatora iratangaza ko Abanyarwanda bose bafite imyka y’ubukure bifuza kuyobora uturere 30 tw’igihugu batangira gutanga ibyangombwa basaba kwiyamamaza guhera kuri uyu wa kabiri tariki 05 Mutarama 2016. Ubu uturere tuyobowe n’abayobozi bwatwe bari mu nzibacyuho. Komisiyo y’igihugu y’amatora iratangaza ko aya matora y’inzego z’ibanze, guhera ku rwego rw’umudugudu kugera ku karere n’umujyi wa […]Irambuye

Intambara y’Idini: Intumwa za Iran zahawe amasaha 48 ngo zive

*Amakimbirane ashingiye ku kuba igice kimwe cya Islam ari aba Sunni ikindi ari aba Shia *Iran ishyigikira aba Shia, Arabia Saudite (Saudi Arabia) ni Umubyeyi w’aba Sunni *Iyi ntambara y’Ubutita hagati ya Iran na Arabia Saudite yahindutsemo intambara y’umuriro w’amasasu ya Kalashnikov n’amabombe muri Yemen no muri Syria. Igihugu cya Saudi Arabia cyahaye amasaha 48 […]Irambuye

“2014 na 2015 yari imyaka yanjye muri muzika”- Bruce Melodie

Itahiwacu Bruce umenyerewe cyane nka Bruce Melodie muri muzika nyarwanda, avuga ko amahirwe yagize mu myaka ibiri ishize yifuza gukomeza kuyakoresha nkuko abyerekwa n’umubare munini w’abafana agenda abona. Ni nyuma y’aho yitabiriye igitaramo cya East African Party akaba ariwe muhanzi w’umunyarwanda witwaye neza mu gushimisha abari aho nkuko byagiye bivugwa na bamwe mu bitabiriye icyo […]Irambuye

en_USEnglish