Month: <span>October 2015</span>

40% bya ruswa igaragara mu mitangire y’akazi ka Leta ‘Ishingiye

Raporo y’imikorere y’urwego rw’umuvunyi y’umwaka w’ingengo 2014/2015 yagaragaje ko ruswa ishingiye ku gitsina ariyo iza imbere mu bwoko bwa ruswa zigaragara mu mitangire y’akazi ka Leta mu Rwanda, dore ko ngo iyi ruswa yiharira 40%, mu gihe ruswa y’amafaranga yo ari 39%. Raporo z’urwego rw’umuvunyi n’imiryango irwanya ruswa n’akarengane zigaragaza ko ruswa mu mitangire y’akazi […]Irambuye

Africa ikeneye iki ngo ive mu ntambara, ruswa n’ubukene?

Muri Africa ahatari intambara hari ubukene, aho butari havugwa ruswa ahandi imiyoborere mibi ahandi ibi ahandi biriya….Mu nama mpuzamahanga y’iminsi itatu iri kubera i Kigali ihuje amasendika yo muri Africa, bari kuganira ku nzira zishoboka zo kuvana Africa muri ako kaga hubakwa cyane cyane imiyoborere myiza na demokarasi. Muri iyi nama yiswe ‘Panafrican Trade Union […]Irambuye

Human Right Watch si iyo kureberaho intambwe y’u Rwanda –

Aho ari mu ruzinduko rw’akazi mu Budage Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya Deutsche Welle  yanenze bikomeye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nk’igikoresho Abanyaburayi bashyizeho ngo gicire imanza Abanyafurika, yavuze kandi ko umuryango Human Right Watch utagiriweho kugenzura intambwe u Rwanda rutera mu miyoborere myiza. Umunyamakuru Tim Sebastian yabazaga Minisitiri Mushikiwabo kugira icyo avuga […]Irambuye

Plaque z’imodoka mu Rwanda zageze kuri RAD

Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyatangaje kuri uyu wa 28 Ukwakira ko plaque (plate numbers) zihabwa imodoka zo mu Rwanda ubu zageze kuri RAD, ni nyuma y’uko zirenze imibare yagenwe kuri RAC. Imodoka zo mu Rwanda zambara izi plaque hakurikijwe impine ya Rwanda (RA) n’inyuguti A,B,C ubu hagezweho D igenda itangwa uko imibare yagenwe igeze. Inyuma ya RA […]Irambuye

Tanzania: Anna Elisha Mghwira, umugore waje inyuma ya Magufuli na

Niwe mugore wenyine wari mu bakandida umunani bahataniraga umwanya wa Perezida wa Republika ya Tanzania, mu byavuye mu matora byatangajwe na Komisiyo y’amatora niwe wafashe umwanya wa gatatu inyuma ya John Pombe Magufuli watsinze na Edward Lowassa wamukurikiye. Uyu mugore ni umuyobozi w’ishyaka rishya muri Tanzania ryitwa  ACT Wazalendo, Politiki ngo ni ibintu by’iwabo kuko […]Irambuye

Abaturage bakwiye gukurikirana uko Ingengo y’imari ishyirwa mu bikorwa-Min Gatete

Ubwo yashyiraga ahagaragara ibitabo bito bisobanura ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2015/16, kuri uyu wa gatatu tariki 28 Ukwakira, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Claver Gatete yasabye abaturarwanda kujya bakurikirana uko ingengo y’imari ishyirwa mu bikorwa kuko ingengo yimari ari iyabo. Aka gatabo kashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Imari n’igenamigambi (MINECOFIN) kari mu Kinyarwanda, Igifaransa n’icyongereza […]Irambuye

Mu bapfuye, Michael Jackson niwe muhanzi ukiri kwinjiza menshi

Uyu mwaka yinjije miliyoni 75£ yose hamwe kuva yapfa izina n’ibikorwa yasize bimaze kwinjiza miliyoni 653£. Kugeza ubu mu bandi bahanzi bose bakomeye n’aboroheje bose bapfuye, Michael Jackson. Mu myaka irenga 30 akora muzika, uyu mwami wa Pop yinjijemo akayabo ka miliyoni 719£ ndetse kuva yapfa mu 2009 hinjiye andi miliyoni 653 y’amapound. Ayo yinjije […]Irambuye

Kigali: Abatuye mu kajagari bagiye gufashwa gutura mu nyubako zigezweho

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda y’Umujyi wa Kigali, impuguke mu bukungu ikomoka muri Sri Lanka, Dr Darim Gunesekera arimo gukora inyigo ku buryo bushya buzafasha abatuye nabi mu kajagari kandi bitajyanye n’icyerekezo cy’umujyi, kuba batura mu nzu zigezweho ziciriritse zizaba zubatse n’ubundi aho bari batuye. Dr Darim Gunesekera, abinyujije mucyo yise “Real Estate […]Irambuye

Ibyaha by’ikoranabuhanga byatwaye miliyari 400$. RNP irashimwa kubirwanya

Kakiru – Mu nama y’iminsi ibiri iri guhuza impuguke mu gutahura no kurwanya ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga; kuri uyu wa 28 Ukwakira umuyobozi muri polisi Mpuzamahanga (Interpol); ishami ryo kurwanya ibi byaha; Sanjay Virmani yavuze ko muri uyu mwaka ibi byaha no kubirwanya byatumye amafaranga asaga Miliyari 400 z’amadolari y’Amerika asohoka. Uyu muyobozi yashimiye uruhare […]Irambuye

en_USEnglish