Mu bushakashatsi bwakozwe n’ikigega cy’imari ku Isi (FMI) bwagaragaje ko ubukungu bwo ku mugabane wa Afurika buziyongera ku kigero cya 3,75% muri uyu mwaka, ni cyo kigero cyo hasi kizaba kigaragaye kuri uyu mugabane mu myaka itandatu ishize. Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko iri gabanuka ry’umuvududo w’ubukungu muri Africa yo munsi y’ubutayu bwa Sahara rizaterwa no […]Irambuye
Raporo y’imikorere y’urwego rw’umuvunyi y’umwaka w’ingengo 2014/2015 yagaragaje ko ruswa ishingiye ku gitsina ariyo iza imbere mu bwoko bwa ruswa zigaragara mu mitangire y’akazi ka Leta mu Rwanda, dore ko ngo iyi ruswa yiharira 40%, mu gihe ruswa y’amafaranga yo ari 39%. Raporo z’urwego rw’umuvunyi n’imiryango irwanya ruswa n’akarengane zigaragaza ko ruswa mu mitangire y’akazi […]Irambuye
Muri Africa ahatari intambara hari ubukene, aho butari havugwa ruswa ahandi imiyoborere mibi ahandi ibi ahandi biriya….Mu nama mpuzamahanga y’iminsi itatu iri kubera i Kigali ihuje amasendika yo muri Africa, bari kuganira ku nzira zishoboka zo kuvana Africa muri ako kaga hubakwa cyane cyane imiyoborere myiza na demokarasi. Muri iyi nama yiswe ‘Panafrican Trade Union […]Irambuye
Aho ari mu ruzinduko rw’akazi mu Budage Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya Deutsche Welle yanenze bikomeye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) nk’igikoresho Abanyaburayi bashyizeho ngo gicire imanza Abanyafurika, yavuze kandi ko umuryango Human Right Watch utagiriweho kugenzura intambwe u Rwanda rutera mu miyoborere myiza. Umunyamakuru Tim Sebastian yabazaga Minisitiri Mushikiwabo kugira icyo avuga […]Irambuye
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyatangaje kuri uyu wa 28 Ukwakira ko plaque (plate numbers) zihabwa imodoka zo mu Rwanda ubu zageze kuri RAD, ni nyuma y’uko zirenze imibare yagenwe kuri RAC. Imodoka zo mu Rwanda zambara izi plaque hakurikijwe impine ya Rwanda (RA) n’inyuguti A,B,C ubu hagezweho D igenda itangwa uko imibare yagenwe igeze. Inyuma ya RA […]Irambuye
Niwe mugore wenyine wari mu bakandida umunani bahataniraga umwanya wa Perezida wa Republika ya Tanzania, mu byavuye mu matora byatangajwe na Komisiyo y’amatora niwe wafashe umwanya wa gatatu inyuma ya John Pombe Magufuli watsinze na Edward Lowassa wamukurikiye. Uyu mugore ni umuyobozi w’ishyaka rishya muri Tanzania ryitwa ACT Wazalendo, Politiki ngo ni ibintu by’iwabo kuko […]Irambuye
Ubwo yashyiraga ahagaragara ibitabo bito bisobanura ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2015/16, kuri uyu wa gatatu tariki 28 Ukwakira, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Claver Gatete yasabye abaturarwanda kujya bakurikirana uko ingengo y’imari ishyirwa mu bikorwa kuko ingengo yimari ari iyabo. Aka gatabo kashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Imari n’igenamigambi (MINECOFIN) kari mu Kinyarwanda, Igifaransa n’icyongereza […]Irambuye
Uyu mwaka yinjije miliyoni 75£ yose hamwe kuva yapfa izina n’ibikorwa yasize bimaze kwinjiza miliyoni 653£. Kugeza ubu mu bandi bahanzi bose bakomeye n’aboroheje bose bapfuye, Michael Jackson. Mu myaka irenga 30 akora muzika, uyu mwami wa Pop yinjijemo akayabo ka miliyoni 719£ ndetse kuva yapfa mu 2009 hinjiye andi miliyoni 653 y’amapound. Ayo yinjije […]Irambuye
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda y’Umujyi wa Kigali, impuguke mu bukungu ikomoka muri Sri Lanka, Dr Darim Gunesekera arimo gukora inyigo ku buryo bushya buzafasha abatuye nabi mu kajagari kandi bitajyanye n’icyerekezo cy’umujyi, kuba batura mu nzu zigezweho ziciriritse zizaba zubatse n’ubundi aho bari batuye. Dr Darim Gunesekera, abinyujije mucyo yise “Real Estate […]Irambuye
Kakiru – Mu nama y’iminsi ibiri iri guhuza impuguke mu gutahura no kurwanya ibyaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga; kuri uyu wa 28 Ukwakira umuyobozi muri polisi Mpuzamahanga (Interpol); ishami ryo kurwanya ibi byaha; Sanjay Virmani yavuze ko muri uyu mwaka ibi byaha no kubirwanya byatumye amafaranga asaga Miliyari 400 z’amadolari y’Amerika asohoka. Uyu muyobozi yashimiye uruhare […]Irambuye