Month: <span>October 2015</span>

Rayon ikeneye umunyamahanga cg umunyarwanda?

Mu bakunzi ba Rayon buri wese aribaza ugiye gukurikiraho kuyitoza nyuma yo kugenda k’umufaransa David Donadei wasize sakwe sakwe ndende. Usanga akenshi abayobozi ba Rayon bashakisha umutoza w’umunyamahanga, akazi kagahabwa umunyarwanda iyo uyu abuze. Biravugwa ko ubuyobozi buri gushaka undi mutoza w’umuzungu ushobora kuza guhabwa iyi kipe y’i Nyanza, Luc Eymael wayivuyemo ubushize ari mu […]Irambuye

Centrafrique: Hongeye ubugizi bwa nabi nyuma y’urupfu rw’abasilamu babiri

Nyuma y’uko mu ijoro ryo kuwa gatatu hishwe abasore babiri b’abasilamu mu mujyi wa Bangui imibiri yabo ikaboneka kuwa kane muri quartiers za Fatima na Nzangoyen zituwe cyane n’Abakristu, abasore b’Abasilamu bahise begura intwaro batera utu duce barasana n’abaho mu gihe cy’amasaha menshi nk’uko bitangazwa na JeuneAfrique. Abantu benshi muri aka gace katewe bahise bahungira […]Irambuye

Rubavu: Kutagira umuganga w’amatungo ku murenge bibangamiye ubworozi

Abaturage bo mu murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu baratangaza ko kutagira umuganda w’amatungo ku murenge nk’uko byari bisanzwe ari inzitizi ku mibereho myiza y’amatungo yabo. Ubuyobozi bw’Umurenge bukabizeza ko mu gihe gito azaba yabonetse. Abaturage basobanura ko ubwo bari bafite muganga, bamwitabazaga buri gihe uko itungo ryabaga rigize ikibazo bityo amatungo yabo akamera […]Irambuye

Perezida wese uzatorwa 2017, yahawe manda imwe y’imyaka 7

*Umushinga mushya w’Itegeko Nshinga watowe 100% n’Abadepite bari mu Nteko, *Uyu mushinga urimo ingingo ya 172 iha Manda y’inzibacyuho y’imyaka 7 Perezida wese uzatorwa muri 2017, *Perezida watowe nyuma ya 2017, nasoza iyi myaka 7, azaba yemerewe no kwiyamamaza muri Manda y’imyaka 5 yongera kwiyamamarizwa inshuro imwe, *Iyi myaka 7 si iyagenewe Perezida Paul Kagame gusa […]Irambuye

Africa na India twunge ubumwe duharanire impinduka muri UN- Murekezi

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Anastase Murekezi wahagarariye u Rwanda mu nama mpuzamahanga ihuza Afurika n’Ubuhinde (India Africa Summit), yashimangiye icyifuzo cy’Ubuhinde na Africa cyo guharanira impinduka mu Muryango w’Abibumbye ‘UN’, utwo turere twombi natwo tukabona abaduhagararira mu kanama gakuru k’umutekano n’ijambo ritari munsi y’iryabandi. Iyi nama ihuza Africa n’Ubuhinde iri kuba ku nshuro ya gatatu i New Delhi. […]Irambuye

El Ninho yatangiye, imvura iri imbere niyo nyinshi kurushaho –

Mu kiganiro cyabereye ku cyicaro cy’Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe, Twahirwa Antony ushinzwe urwego rusesengura ibyakusanyijwe mu iteganyagihe no kubitangaza yabwiye abanyamakuru ko kiriya kigo gifite inshingano yo guteganya uko ikirere kizamera mu gihe runaka ariko ngo ntibagena uko kizamera. Iki kigo kivuga ko abibaza ko ihindagurika ridasanzwe ry’ikirere ryiswe El Ninho ryahagaze kuko nta mvura idasanzwe iragwa […]Irambuye

REG yasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo nk’iki cyo muri Israel

Ikigo cy’igihugu cy’ingufu, REG kuri uyu wa kane cyasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo gikora imirimo nk’iyi cya Israel kitwa Israel Electric Corporation Ltd (IEC). Aya masezerano ashingiye ku gufasha REG mu buryo butandukanye kongera amashanyarazi mu Rwanda. Ron Weiss umuyobozi wungirije w’iki kigo cyo muri Israel ushinzwe ibya ‘engineering’  yatangaje ko mu gufasha ikigo cya REG […]Irambuye

Ubwenegihugu bubiri na 30% igenerwa abagore byateje impaka mu Nteko

Ubwo hatorwaga ingingo ku yindi muri 172 ziri mu mushinga mushya w’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, abadepite batandukanye bagaragaje kutumva kimwe n’uko ingingo ya 28 ivuga ku bwenegihugu nyarwanda yanditse ndetse n’iya 77 ivuga uko abagore bahabwa amahirwe 30% mu kazi n’imyanya ifata ibyemezo muri Leta. Ubwo uyu mushinga uzashingirwaho Itegeko Nshinga rizagenderwaho mu […]Irambuye

Igituntu na SIDA nizo ndwara zandura zihitana benshi kw’Isi

Muri Raporo yawo y’umwaka wa 2015, Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima “World Health Organization (WHO/OMS)” uratangaza  ko indwara y’igituntu na SIDA arizo ndwara ziza ku isonga mu guhitana abantu benshi kw’Isi mu ndwara zandura. Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima uvuga ko mu mwaka wa 2014, igituntu cyahitanye ababarirwa muri Miliyoni 1,5 kw’Isi yose, barimo 400.000 babanaga […]Irambuye

Hopital Rwinkwavu: Umugore yabazwe abyara hakoreshejwe itoroshi aza gupfa

Kayonza – Ku bitaro bya Rwinkwavu  bamwe mu bahivuriza baranenga serivisi zihatangirwa ndetse bakavuga ko ari zo nyirabayazana y’impfu zimwe na zimwe nk’uruheruka rw’umubyeyi wabazwe tariki 16 Ukwakira 2015 ari kubyara umuriro ukabura hakabura mazutu yo gucana moteri, nyuma uyu mugore akaza gushiramo umwuka kubera kuva. Abagore hagati ya bane na batanu bamaze gupfa babyara […]Irambuye

en_USEnglish