Month: <span>April 2014</span>

Croix Rouge igiye kuzamura imibereho y’abaturage

Mu nama ngarukamwaka yahuje  abayobozi ba croix rouge y’u Rwanda mu turere n’abagize komite nyobozi, Munyaneza Charles umucungamari mukuru muri uyu muryango yavuze ko  intego bafite muri uyu mwaka ari iyo kuzamura abaturage batishoboye cyane cyane mu birebana n’ubuhinzi n’ubworozi. Inama yabaye ku cyumweru igamije kureba ibyagezweho n’ibiteganyijwe mu mihigo y’umwaka wa 2014  kugira ngo […]Irambuye

Itangazamakuru : twibuke dukoresha neza ubutegetsi bwa 4

Mu gihe twitegura kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, itangazamakuru rikwiye gusubiza amaso inyuma. Ubushakashatsi bunyuranye bwagaragaje ko itangazamakuru mu Rwanda rititwaye gitwari muri genoside yakorewe abatutsi. Nyuma ya 1994 kugeza ubu, hari ibitangazamakuru bikorera hanze y’u Rwanda byakomeje gukoreshwa ipfobya n’ihakana ry’iyi jenoside byitwaje « uburenganzira bwo kugaragaza ibitekerezo ». Itangazamakuru ryitwa […]Irambuye

Abatahutse bigishijwe imyuga banahabwa ibikoresho byo gutangiza imirimo

Abanyarwanda  150 barimo abatahutse  n’abandi batishoboye batuye mu Karere ka Musanze, nyuma y’igihe cy’amezi atandatu bari bamaze bahugurwa ku myuga itandukanye irimo ububaji, gusudira, ubukanishi ubwubatsi n’ubudozi, ku wa mbere tariki 31 Werurwe 2014, bahawe ibikoresho by’imyuga bizabafasha kwihangira imirimo kugira ngo biteze imbere. Ubu bufasha bw’ibikoresho bwatanzwe mu gihe harimo gusozwa icyiciro cya kane cy’umushinga Minisiteri […]Irambuye

Inama nkuru y’ubuyobozi ya BRD yabonye umuyobozi mushya

Inama rusange y’abanyamigabane muri Banki y’Amajyambere y’u Rwanda “BRD” yateranye kuwa mbere w’iki cyumweru tariki 31 Werurwe, yakuye NDUNGU Bernard ku ntebe y’ubuyobozi bw’inama nkuru y’ubuyobozi imusimbuza Francis MUGISHA. Mugisha azanye muri BRD ubumenyi n’inararibonye kuko asanzwe mu kazi nk’aka dore ko yari anasanzwe mu nama y’ubuyobozi ya BRD, by’umwihariko kandi akaba akora icungamutungo nk’umwuga. […]Irambuye

Jenoside n’ubundi bwicanyi ndengakamere bwabayeho ku isi

Umunyamakuru wa agoravox.fr/tribune yibaza ikibazo ati “Ese ubugome busumba ubundi mu mahano ?” Wakora urutonde rwa Jenoside, ni ibiki wagenderaho? Umunyamakuru Gabriel agira ati “Ku bwanjye, ntekereza ko icyaha ari icyaha…” Mao Ze Dong : uyu yayoboye Ubushinwa hagati ya 1949 na 1976, ku butegetsi bwe, yahitanye Abashinwa miliyoni 63 ni ukuvuga abaturage bose batuye mugihugu cy’Ubwongereza. […]Irambuye

Uko abakuze barwanya indwara z’umutima n’imitsi

Muri iki gihe abaganga bavuga ko hamaze gutangizwa ishami rishya rw’ubuvuzi ryita ku ndwara z’umutima zifata abantu bakuze ryirwa  geriatrics.  Ubusanzwe  indwara z’umutima n’imitsi zibasira abantu bakuze, bigatuma batabasha kwiteza imbere mu bintu  bitandukanye. Imibare itangwa n’abashakashatsi mu mibereho n’imibanire y’abantu igaragaza ko umubare w’abantu basheshe akanguhe ukomeza kwiyongera ku Isi. Ibi biteye impungenge abaganga […]Irambuye

Auddy Kelly niwe muhanzi wubahirije umunsi bita uwo kubeshya

Umunsi benshi bita uwo kubeshya uba ku itariki ya 1 Mata buri mwaka,gusa nanone ugasanga hari bamwe babeshya ibintu buri wese abona ko bidashoboka bitewe n’uburemere biba bifite. Munyengango Auddy uzwi muri muzika nka Auddy Kelly,ku rubuga rwe rwa facebook yanditseho amagambo avuga ko yasezeye mu muzika benshi bamutera utwatsi ku bamaze kuvumbura iyi tariki. […]Irambuye

Rubavu: Impanuka y’imodoka ihitanye umwe, 4 barakomereka

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri imodoka yo mu bwoko bwa ‘Toyota Hiace minibus ‘ifite pulake nimero RAC 618P yavaga i Rubavu yerekeza Musanze ahagana saa kumi n’ebyiri za mu gitondo yakoze impanuka  ubwo yageraga hafi y’umurenge wa Rugerero ihitana umuntu umwe, undi acika umugongo. Abenshi babonye iyi mpanuka bemeza ko iyi modoka yari […]Irambuye

Abanyamahanga bakoze Jenoside bagasubira iwabo nabo tuzabakurikirana-Mutangana

Nyuma y’imyaka 20 Jenoside yakorwe Abatutsi ibaye igahitana Abanyarwanda basaga Miliyoni imwe n’ibihumbi 70, Urwego rushinzwe gukurikirana abakoze Jenoside bagahungira mu bindi bihugu mu Bushinjacyaha bwa Repubulika ruratangaza ko intabwe yo kubakurikirana imaze guterwa ari nziza, gusa hakiri byinshi byo gukora kugira ngo abagera ku 193 bakurikiranye bose bashyikirizwe ubutabera. Abakoze Jenoside bagahungira mu bihugu […]Irambuye

Uganda: Abakuriye amadini barashimira Museveni

Abayobozi b’amatorero na bamwe mu bagize guverinoma y’iki gihugu ku munsi w’ejo tariki 31 Werurwe bakoze amateraniro yo gushimira Perezida Yoweri Kaguta Museveni kubera ko yashyize umukono ku itegeko rihana ubutinganyi. Muri Gashyantare Perezida Museveni yashyize umukono ku mushinga w’itegeko rihanisha igihano cya burundu abatinganyi, kuko asanga ubutinganyi ari icyaha kiremereye. Aya materaniro yateguwe n’ihuriro […]Irambuye

en_USEnglish