Month: <span>February 2014</span>

Ibisiga byitwa inkongoro bifatiye runini ibidukikije

Ibisiga byitwa inkongoro bikunda kwibera mu mashyamba abamo inyamaswa zirisha n’izindi zirya inyama. Ibi bisiga bikunda kurya inyama z’inyamaswa zapfuye kandi zimaze kubora bityo urusobe rw’ibinyabuzima ntirwanduzwe indwara. Ibi bisiga birihariye cyane nk’uko tugiye kubirebera hamwe: 1.Ibi bisiga bizi kuguruka bikagera hejuru cyane. Muri 1973 inkongoro imwe yigeze kuguruka irenga ahantu hareshya na metero ibihumbi […]Irambuye

Ingabo za RDF ziteguye gusarura hafi toni 2 000 z’ibigori

Umusaruro w’ibigori byahinzwe n’abasirikare ba RDF i Gabiro mu karere ka Nyagatare, uratanga ikizere ku gihugu cyo gusagurira amasoko, nyuma yo guhunika mu kigega cy’Igihugu cy’ibiribwa (Food Security Reserves) nk’uko bitangazwa na Ministeri y’ingabo. Minisitiri w’ubuhinzi, n’ubworozi Agnes Karibata ari kumwe na Minisitiri w’Ingabo, Gen James Kabarebe batangije kuri iki cyumweru igikorwa cyo gusarura ibyo […]Irambuye

‘Active Group’ itandukaniye he n’andi ma matsinda?

Itsinda ‘Active’ ry’abahanzi bagera kuri batatu aribo Derek, Olivis na Tizzo,  nyuma y’igihe cy’amezi umunani ryinjiye muri muzika nyarwanda, rimaze kumenyakana cyane. Ritaniye he n’andi? Mu Rwanda, amatsinda ya muzika ubu azwi cyane ni Dream Boys na Urban Boys, Active nayo ikaba imaze kwinjira muri aya. Intwaro yabo nk’uko abasesengura ibya muzika babivuga ni uko […]Irambuye

FDLR yatangaje ko itazongera gutera u Rwanda

Umunyamabanga mukuru w’agateganyo w’umutwe wa ‘Forces démocratiques de libération du Rwanda (FDLR)’ urwanya Leta y’u Rwanda, colonel Wilson Iratageka yavuze ko ngo kuva tariki 30 Mutarama 2014, bashyize hasi intwaro kandi ngo bahagaritse inzira y’imirwano ahubwo bashaka ibiganiro na Leta y’u Rwanda mu mahoro. Leta y’u Rwanda yakomeje guhakana ko itazigera igirana ibiganiro n’uyu mutwe urimo […]Irambuye

Kuwa 03 Gashyantare 2014

Imbyino nyarwanda ni imwe mu nkingi zikomeye zigize umuco nyarwanda. U Rwanda rwegukana imidali mu marushanwa akomeye mpuzamahanga mu mbyino ndangamuco kubera imibyinire n’imirimbo y’Abanyarwanda bitabira ayo marushanwa. ububiko.umusekehost.comIrambuye

Mbabara mu kwaha guhera muri 2009

Bavandimwe musoma iki kinyamakuru  cyane cyane abize iby’ubuganga cyangwa abahuye n’ikibazo nk’icyo mfite, mbasabye nkomeje ko mwangira inama kuko mfite ikibazo maranye imyaka myinshi. Muri 2009, niyogoshesheje urwembe mu kwaha. Nyuma y’iminsi mike natangiye kumva mbabara mu kwaha. Ntangira kuhashima kubera ko harimo uduheri. Uko nashimashimaga ni nako hakomeza kundya. Kugeza ubu hanze gukira kuko utwo […]Irambuye

Serivisi muri Salon de Coiffure ni ukuzitondera!!!

Mwiriweho bavandimwe bakunzi b’Umuseke,nejejwe no kubandikira ngira ngo mbagezeho bimwe mu bintu nsigaye mbona muri za salon zogosha abagabo n’izitunganya imisatsi y’abagore, inzara n’ibindi i Kigali. Mubyo maze kubona nasanze izi serivisi zishobora gukururira bamwe ubusambanyi Abakobwa boza mu mutwe  bafite ibanga Muri salon 15 nazengurutse mu mujyi wa Kigali nasanze nyuma yo kwiyogoshesha ugomba […]Irambuye

Yumva Kagame yashyirwa mu Ntwari zikiriho

Kuri Mutangana Jean Bosco umwe mu rubyiruko rutuye mu Rwanda asanga Perezida Kagame yashyirwa mu ntwari z’u Rwanda, igice cy’Intwari zikiriho kubera ibikorwa amaze kugeza ku gihugu mu gihe amaze akiyoboye. Mutangana avuga ku mpamvu yumva Perezida Kagame yashyirwa muri icyo kiciro akiriho avuga ko yari ayoboye urugamba rwahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi, agira uruhare mu […]Irambuye

Libya niyo yegukanye CHAN 2014

Ikipe y’igihugu ya Libya niyo yaraye yegukanye igikombe cy’amarushanwa ya  CHAN 2014 yari amaze iminsi abera mu gihugu cya Afurika y’Epfo, nyuma yo gukina iminota igera ku 120 nta kipe irabasha kureba mu izamu ry’iyindi, Libya yaje gutsinda Ghana kuri Penaliti. Ikipe y’igihugu ya Libya yerekanye ubuhanga cyane muri iyi mikino ni nayo yari kwakira […]Irambuye

en_USEnglish