Ibisiga byitwa inkongoro bikunda kwibera mu mashyamba abamo inyamaswa zirisha n’izindi zirya inyama. Ibi bisiga bikunda kurya inyama z’inyamaswa zapfuye kandi zimaze kubora bityo urusobe rw’ibinyabuzima ntirwanduzwe indwara. Ibi bisiga birihariye cyane nk’uko tugiye kubirebera hamwe: 1.Ibi bisiga bizi kuguruka bikagera hejuru cyane. Muri 1973 inkongoro imwe yigeze kuguruka irenga ahantu hareshya na metero ibihumbi […]Irambuye
Umusaruro w’ibigori byahinzwe n’abasirikare ba RDF i Gabiro mu karere ka Nyagatare, uratanga ikizere ku gihugu cyo gusagurira amasoko, nyuma yo guhunika mu kigega cy’Igihugu cy’ibiribwa (Food Security Reserves) nk’uko bitangazwa na Ministeri y’ingabo. Minisitiri w’ubuhinzi, n’ubworozi Agnes Karibata ari kumwe na Minisitiri w’Ingabo, Gen James Kabarebe batangije kuri iki cyumweru igikorwa cyo gusarura ibyo […]Irambuye
Itsinda ‘Active’ ry’abahanzi bagera kuri batatu aribo Derek, Olivis na Tizzo, nyuma y’igihe cy’amezi umunani ryinjiye muri muzika nyarwanda, rimaze kumenyakana cyane. Ritaniye he n’andi? Mu Rwanda, amatsinda ya muzika ubu azwi cyane ni Dream Boys na Urban Boys, Active nayo ikaba imaze kwinjira muri aya. Intwaro yabo nk’uko abasesengura ibya muzika babivuga ni uko […]Irambuye
Umunyamabanga mukuru w’agateganyo w’umutwe wa ‘Forces démocratiques de libération du Rwanda (FDLR)’ urwanya Leta y’u Rwanda, colonel Wilson Iratageka yavuze ko ngo kuva tariki 30 Mutarama 2014, bashyize hasi intwaro kandi ngo bahagaritse inzira y’imirwano ahubwo bashaka ibiganiro na Leta y’u Rwanda mu mahoro. Leta y’u Rwanda yakomeje guhakana ko itazigera igirana ibiganiro n’uyu mutwe urimo […]Irambuye
Imbyino nyarwanda ni imwe mu nkingi zikomeye zigize umuco nyarwanda. U Rwanda rwegukana imidali mu marushanwa akomeye mpuzamahanga mu mbyino ndangamuco kubera imibyinire n’imirimbo y’Abanyarwanda bitabira ayo marushanwa. ububiko.umusekehost.comIrambuye
Bavandimwe musoma iki kinyamakuru cyane cyane abize iby’ubuganga cyangwa abahuye n’ikibazo nk’icyo mfite, mbasabye nkomeje ko mwangira inama kuko mfite ikibazo maranye imyaka myinshi. Muri 2009, niyogoshesheje urwembe mu kwaha. Nyuma y’iminsi mike natangiye kumva mbabara mu kwaha. Ntangira kuhashima kubera ko harimo uduheri. Uko nashimashimaga ni nako hakomeza kundya. Kugeza ubu hanze gukira kuko utwo […]Irambuye
Umutoza wa APR FC ku mukino yanganyije na AS Kigali, byatangaje abantu uburyo yivumbura. Photos/JD Inzaghi Nsenguyumva UM– USEKE.RWIrambuye
Mwiriweho bavandimwe bakunzi b’Umuseke,nejejwe no kubandikira ngira ngo mbagezeho bimwe mu bintu nsigaye mbona muri za salon zogosha abagabo n’izitunganya imisatsi y’abagore, inzara n’ibindi i Kigali. Mubyo maze kubona nasanze izi serivisi zishobora gukururira bamwe ubusambanyi Abakobwa boza mu mutwe bafite ibanga Muri salon 15 nazengurutse mu mujyi wa Kigali nasanze nyuma yo kwiyogoshesha ugomba […]Irambuye
Kuri Mutangana Jean Bosco umwe mu rubyiruko rutuye mu Rwanda asanga Perezida Kagame yashyirwa mu ntwari z’u Rwanda, igice cy’Intwari zikiriho kubera ibikorwa amaze kugeza ku gihugu mu gihe amaze akiyoboye. Mutangana avuga ku mpamvu yumva Perezida Kagame yashyirwa muri icyo kiciro akiriho avuga ko yari ayoboye urugamba rwahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi, agira uruhare mu […]Irambuye
Ikipe y’igihugu ya Libya niyo yaraye yegukanye igikombe cy’amarushanwa ya CHAN 2014 yari amaze iminsi abera mu gihugu cya Afurika y’Epfo, nyuma yo gukina iminota igera ku 120 nta kipe irabasha kureba mu izamu ry’iyindi, Libya yaje gutsinda Ghana kuri Penaliti. Ikipe y’igihugu ya Libya yerekanye ubuhanga cyane muri iyi mikino ni nayo yari kwakira […]Irambuye