Komite nshyashya yatowe ihagarariye abanyeshuri biga mu ishuri nderabarezi rya Kavumu (KCE) yavuze ko igiye gushyiraho gahunda yo kwigisha abanyeshuri ibijyanye n’Ubuyobozi (Leadership) ngo kuko ari bo bayobozi b’ejo hazaza h’u Rwanda. Hashize igihe kingana n’umwaka umwe mu ishuri nderabarezi hagiyeho komite igizwe n’abantu batandatu bahagarariye abandi banyeshuri bagenzi babo. Komite icyuye igihe yavuze ko […]Irambuye
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Gashyantare 2014, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Madamu Uwamariya Odette ari kumwe n’Abayobozi b’Uturere, Abayobozi b’inzego z’umutekano, Abakozi b’Intara n’Abayobozi b’Imirenge bakiriye Miss Rwanda 2014, Akiwacu Colombe ndetse na Miss Popularity, Yvonne Mukayuhi bakomoka muri iyi Ntara. Uyu muhango wo kubakira wari ugamije kubashimira uburyo baheshejeishema Intara y’Iburasirazuba mu marushanwa ya Nyampinga […]Irambuye
Mukantaganda Florentine utuye mu Kagari ka Mbiriri, Umurenge wa Nyarusange, Akarere ka Muhanga yishimira ko yabashije gufata umwana w’umukobwa, akamurinda interahamwe zashakaga kumwica, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi akamurera akamukuza kugera amushyingiye. Mukantaganda avuga ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi hari abatutsi umunani (8) bari bahungiye iwabo mu rugo, iwabo barabahisha ariko ngo bigeze aho baza […]Irambuye
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Umuco na Siporo Eduard Kalisa avuga ko igihugu cy’u Rwanda kitemera ubutinganyi, yabibwiye abavuga rikijyana mu madini atandukanye mu Rwanda ubwo bari mu nyigo ya Politiki y’Umuco igiye kuzasohoka. Benshi mu batanze ibitekerezo bagarutse ku byagiye byangiza umuco Nyarwanda aho bibanze ku rurimi ndetse n’ikibazo gihangayikisije isi cy’ababana bahuje ibitsina ubu […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu tariki 28/2/2014 MTN Rwanda sosiyete y’itumanaho n’ikoranabuhanga mu Rwanda yatangije ishami rishya rizajya ryita ku bibazo by’abakiriya bayo ryiswe “ MTN Business”. MTN Rwanda ivuga ko iri shami rizajya rireba cyane cyane abakiriya bayo bafite ibigo, yaba ibiciriritse cyangwa n’ibikomeye. Bavuga ko kandi iri shami ryashyizweho kugira ngo ribashe kwegera […]Irambuye
“Baratangara cyane bikabije baravuga bati ‘Byose abikora neza: Azibura ibipfamatwi kandi akavugisha ibiragi” [Mariko 7:37]. Yesu byose abikora neza, kuko Imana ntigeragezwa n’ikibi cyangwa ngo igire uwo ikigerageresha. Aho Imana ikunyuza n’ubwo wowe wabona ari habi, ku iherezo uzasanga byose yabikoze neza. Iyo mibabaro azayihindura umunezero. Niba ibyo unyuramo atari ingaruka zo kutumvira Imana, ugire […]Irambuye
Prof. James McWha, Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda iherutse guhurizwamo Kaminuza n’amashuri makuru yose ya Leta aratangaza ko hakenewe nibura ingengo y’imari ya Miliyoni 100 z’Amadolari (ajya kungana na Miliyari 68 z’amafaranga y’u Rwanda) kugira ngo bazabashe gushyira mu bikorwa gahunda za Kaminuza neza. Ibi Prof. James McWha yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na The […]Irambuye
Ubushakashatsi bwa kozwe na kaminuza yigisha ibirebana n’ubumenya muntu Mu gihugu cya Burukina faso bwagaragaje ko muri iki gihugu buri mwaka hagaragara inda zisaga ibihumbi 100 zikurwamo mu buryo butemewe n’amategeko. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko mu mwaka w’2012 hakuwe inda ibihumbi 105 mu buryo butemewe n’amategeko y’iki gihugu. Muri iki gihugu hari amabwiriza agenda gukuramo […]Irambuye
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe kurwanya inzara buratangaza ko bugiye gutangiza gahunda izafasha igihugu kuzamura uburyo babikagamo ibiribwa bashishikariza aborozi kugurisha amatungo ya bo cyane cyane inka kugira ngo zibagwe inyama zitunganywe neza bakazifunga mu bikombe . Agnes Ndetei, umuyobozi mukuru w’iki kigo avuga ko igihugu cya Kenya kitazanye iyi gahunda kugira ngo kibike ibiribwa bizifashishwa mu […]Irambuye
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ngamba zo kunoza umutekano Bangui, kuwa 27 Gashyantare 2014 Ejo kuwa kane tariki 27 Gashyantare, Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Centrafrique zakoranye inama y’umutekano n’abaturage bo mu murwa mukuru w’icyo gihugu, Bangui. Ingabo z’u Rwanda kandi zikomeje amarondo mu bice bya Miskine, Arondisoma ya […]Irambuye