Kuwa 02 Gashyantare 2014 CHIEF EDITOR 02/02/2014 Umutoza wa APR FC ku mukino yanganyije na AS Kigali, byatangaje abantu uburyo yivumbura. Andreas Spier amaze gusohorwa n’umusifuzi yagiye ajugunya ikoti atera imigeri utwo yasangaga mu nzira Byatangiye nyuma yo kugusha rutahizamu Ndahinduka Michel inyuma gato y’urubuga rw’amahina Aragaragaza ko atishimiye imisifurire Umutoza Andreas ashwana n’umusifuzi Munyamana amubwira ko umukinnyi yaguye mu rubuga rw’amahina Umutoza Andres agaragaza ko atishimiye icyemezo cy’umuzifuz, ndetse asa n’ubwira amagambo abo mu cyicaro cy’abiyubashye Nyuma yo kumva amagambo ye umusifuzi wa kane yahamagaye uwo hagati baza kumwihaniza Aha bari bamaze kumubwira ngo ni asohoke ku kibuga ajye mu bafana Yasohokanya umujinya mwinshi akuramo ikoti yivovota cyane Nyuma bahise ariko barimuzanira Yicaye n’umujinya mwinshi Photos/JD Inzaghi Nsenguyumva UM– USEKE.RW Share this:Click to share on Twitter (Opens in new window)Click to share on Facebook (Opens in new window)
0 Comment
None se byamara iki kwivumbura uretse kwibabariza ubusa gusa. Uyu mujinya se buriya siwo wadukasiriye rwose?
Mwari mwakasirwa ko muzumirwa mubonye musigaye no kurugo ahubwo Pore kabisa
Ntarugo tuzasigaraho abatoza turabafite ndetse
Comments are closed.