Month: <span>August 2013</span>

Muhanga: Yakubiswe n’umuyobozi w’Akagari amuziza gutanga amakuru

Simpunga Straton utuye mu mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Remera, Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga yakubiswe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagali ka Gahogo mu ijoro rishyira kuwa 05 Nyakanga 2013, azira gutanga amakuru y’ibibera muri aka kagari atuyemo. Mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muhanga-yakubiswe-numuyobozi-wakagari-amuziza-gutanga-amakuru/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Duterere akajisho ku masezerono ya Arusha amaze imyaka 20

Ku itariki 4 Kanama 1993, imyaka 20 irahise, ubwo hasinywaga amasezerano y’amahoro ya Arusha muri Tanzania, amasezerano yari agamije kugarura amahoro no kugabana ubutegetsi hagati ya Leta n’andi mashyaka, by’umwihariko n’umutwe wafatwaga nk’inyeshyamba wa FPR-Inkotanyi utari woroheye ubutegetsi bwa Habyarimana, amasezerano<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/duterere-akajisho-ku-masezerono-ya-arusha-amaze-imyaka-20/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Police FC igiye kwipima na KCC na URA za Uganda

Police FC irateganya imikino 2 ya gicuti n’amakipe 2 yo muri Uganda mu rwego rwo kwitegura shampionna y’umwaka utaha, ayo makipe ni KCC(Kampala City Council) na URA(Uganda Revenue Authority) ibi bitangazwa n’umutoza wayo mushya Sam Ssimbwa. Ssimbwa ati” nari<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/police-fc-igiye-kwipima-na-kcc-na-ura-za-uganda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Skizzy agiye gushinga irindi tsinda nyuma ya KGB

Rurangwa Gaston uzwi cyane nka Skizzy umwe mu bahanzi bari bagize itsinda rya KGB ‘Kigali Boys’ ndetse na bagenzi be aribo nyakwigendera Hirwa Henry na MYP, nyuma yo gutabaruka kwa Henry na MYP akaba atakibarizwa mu Rwanda, Skizzy agiye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/skizzy-agiye-gushinga-irindi-tsinda-nyuma-ya-kgb/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Sobanukirwa na Osteoporose, imwe mu ndwara z’amagufwa

Indwara yitwa Osteoporose iterwa no kugira amagufwa yoroshye bitewe n’igabanuka ry’umu byimba w’igufwa maze umuntu yaba yikoreye cyangwa se atsikiye akaba yavunika igufwa. Mu bimenyetso biyiranga hakubiyemo no kuribwa mu ngingo. Abaganga bemeza ko iyi ndwara ikunda kwibasira abagore<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/osteoporose-indwara-yo-kuvunika-amagufwa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

‘Si Kina Music gusa n’abandi bahanzi babishaka twafatanya’ – Makanyaga

Indirimbo yitwa “Rubanda” yasubiwemo n’abahanzi bagize Kina Music bafatanyije na Makanyaga Abdul ubu iri guca ibintu mu bakunzi ba muzika nyuma y’aho Kina Music itangaje amashusho yayo ku mugoroba wo kuri iki cyumweru. Makanyaga Abdul umuhanzi mukuru uri muri<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amashusho-yindirimbo-rubanda-remix-aravugwaho-byinshi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umucyo ukomeje kuganza umwijima-Jeannette Kagame

Kuwa 4 Kanama Madamu Jeannette Kagame yabivugiye muri Paruwasi ya Mushaka ubwo yifatanyaga n’Abakirisitu mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 50, iyi kiliziya imaze ishinzwe by’umwihariko ikaba ikora ibishoboka byose ngo ubumwe n’ubwiyunge busakare mu bemera bayo, aho yasabye imbaga gukomeza<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umucyo-ukomeje-kuganza-umwijima-jeannette-kagame/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Perezida Omar Bashir yangiwe guca muri Arabia Saudite

  Igihugu cya Arabiya Saudite cyararaye cyangiye indege ya Perezida Omar Bashir wa Sudani  kunyura mu kirere cyacyo ubwo yari agiye mu muhango wo kwimika Perezida mushya wa Irani. Nk’uko byatangajwe n’ibiro ntangazamakuru bya leta muri Sudani, indege yari<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/perezida-omar-bashir-yangiwe-guca-muri-arabia-saudite/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Numva ntazakwa umukobwa tuzabana!

Maze gutaha amakwe menshi nkabona uburyo ubukwe buhenze, ahanini bugahendeshwa n’ibirori bwo gucyuza ubukwe, ariko hakiyongeraho n’amafaranga atagira akagero y’inkwano, nasanze iyo ugize amahirwe ugashaka utarize ukwa macye, naho iyo ushatse uwize ababyeyibe cyangwa abamurera bapandisha inkwano ngo bamurihiye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/numva-ntazakwa-umukobwa-tuzabana/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Zone V iratangira i Bujumbura. APR na Espoir zaserutse

Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Zone V mu mupira w’intoki(Basket Ball) yageze i Bujumbura ku munsi wejo hashize amahoro, iyi mikino igomba gutangira uyu munsi taliki 5 ikazarangira 11 Kanama, Espoir BBC niyo inzahagarira u Rwanda mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/zone-v-iratangira-i-bujumbura-apr-na-espoir-zaserutse/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish