Month: <span>August 2013</span>

Kuki Mako Nikoshwa atacyumvikana? Ese yarazimye?

Mako Nikoshwa, izina rizwi cyane muri muzika mu Rwanda. Ubu ariko ntabwo rigikomeye nko mu myaka ine cyangwa itanu ishize. Impamvu Mako Nikoshwa yabwiye Umuseke ko yayibonye. Mako Nikoshwa yabwiye umunyamakuru wacu ko impamvu abantu batakimwumva cyane ari uko<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kuki-mako-nikoshwa-atacyumvikana-ese-yarazimye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ambasade ya USA i Kigali nayo irafunze. Urutonde rw’izindi

Guhera kuri iki cyumweru nibwo Ambasade za Leta z’Unze ubumwe za Amerika zatangiye gufungwa ahatandukanye. Abanyamerika bavuga ko byaturutse ku butumwa bw’umutwe w’iterabwoba wa Al Quaeda ngo babashije kubona. Kuri uyu wa mbere Ambasade yabo i Kigali nayo irafunze<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ambasade-ya-usa-i-kigali-nayo-irafunze-urutonde-rwizindi-22/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuwa 03 Kanama 2013

Ubuhinzi bw’Inanasi ku nkengero z’ikiyaga cya Sake mu karere ka Ngoma, ababukora bavuga ko hari byinshi bumaze kubagezaho. Photo/Umuseke Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM-- USEKE.RWIrambuye

MINEDUC ntizakura ijisho ryayo kuri ISPG – Dr MUGISHA

Ishuri rikuru ry’I Gitwe rya ISPG mu mateka yaryo ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 1074 barirangijemo kuva ryatangira, mu birori byo gushyikiriza impamyabumenyi abo banyeshuri intumwa ya Minisitiri w’Uburezi Dr. Mugisha Innocent yavuze ISPG ifite urugamba yishoyemo kandi Miniziteri ikaba<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/mineduc-ntizakura-ijisho-ryayo-kuri-ispg-dr-mugisha/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Amazone, ishyamba ritangaje ariko ryugarijwe

Iyo urirebeye hejuru uri mu ndege,ubona risa nka Tapis(Tapi) y’icyantsi nini cyane. Iyo urigezemo utungurwa no kubona ibikoko by’amoko menshi atandukanye. Harimo amoko y’ibiti 4000, amoko y’indabo 6000, amoko y’inyoni 1000 ndetse n’inyamaswa zonsa zirenga amoko 700. Ni igitangaza<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amazone-ishyamba-ritangaje-ariko-ryugarijwe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Zimbabwe: Mugabe yatorewe manda ya karindwi

Perezida wa Zimbabwe kuva mu mwaka wa 1987, Robert Mugabe yongeye gutorerwa manda ya karindwi ayobora iki gihugu, ibihugu by’i Burayi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika biravuga ko nta kizere biha aya matora kuko atabaye mu mucyo. Mugabe w’imyaka<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/zimbabwe-mugabe-yatorewe-manda-ya-karindwi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Perezida Kikwete ngo arifuza umubano mwiza n’u Rwanda

Kuwa gatanu tariki ebyiri Kanama , Perezida wa Tanzania Jakaya Mrisho Kikwete yatangaje ko umubano wa Tanzania n’u Rwanda asanga utameze neza, ariko akagaragaza ko yifuza ko umubano hagati y’ibihugu byombi ugaruka mu buryo, kuko usibye kuba bituranye  binahuriye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/perezida-kikwete-arifuza-umubano-mwiza-nu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Uburezi bwo mu Rwanda bwugarijwe na ruswa ishingiye ku gitsina

Mu bushakashatsi  bwakozwe na Transparency International Rwanda n’ihuriro ry’abagize inteko ishinga amategeko barwanya ruswa “APNAC-Rwanda” bashyize ku mugaragaro kuwa gatanu tariki 2 Kanama, bwagaragaje ko igice cy’uburezi ari kimwe mu byugarijwe na ruswa ishingiye ku gitsina kuva mu mashuri<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/uburezi-bwo-mu-rwanda-bwugarijwe-na-ruswa-ishingiye-ku-gitsina/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Transparency irasaba Polisi kugaragaza iby’urupfu rwa Makonene

Transparency International Rwanda, irasaba Polisi y’u Rwanda gukura abantu mu rujijo ikagaragaza ibyo iperereza ku rupfu rw’umukozi wayo witwa Gustave Makonene uherutse kwicirwa n’abantu bataramenyekana mu Mujyi wa Gisenyi, umurambowe ugatoragurwa ku Kivu mu byumweru bibiri bishize ryagezeho. Mu kiganiro<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/transparency-irasaba-polisi-kugaragaza-ibyurupfu-rwa-makonene/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

DRC: M23 ngo iratera Goma niba Leta idasubiye mu biganiro

Abarwanyi bagize umutwe wa M23 barwanya ubutegetsi bwa Perezida Kabila Joseph, kuri uyu wa gatandatu batangaje ko Leta ya Congo nitindiganya gushyira mu bikorwa imyanzuro yavuye mu nama y’abakuru b’ibihugu i Nairobi, zigaba igitero ku mujyi wa Goma. Bertrand<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/drc-leta-irazuyaza-gusubira-mu-biganiro-m23-ifate-goma/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish