Month: <span>August 2013</span>

Igitaramo cya The Blessing cyabaye icy’ibitangaza

Itsinda ry’imbyino zo kuramya no guhimbaza Imana ryitwa “The Blessing Family”rigizwe n’urubyiruko ryakoresheje igitaramo, cyabereye i Remera ahitwa mu Gicumbi cy’Umuco abagiteguye bemeza ko cyagenze neza kuko bifuzaga ko abantu bacyitabira, aba ari na ko bigenda. Semanyange Octave, umuyobozi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/igitaramo-cya-the-blessing-cyabaye-icyibitangaza/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

DRC-Monusco ku gitutu cyo kwambura intwaro abarwanyi cyangwa ikirukanwa

Impuzamiryango y’amashyirahamwe ategamiye kuri leta muri Kivu y’Amajyaruguru yasabye ingabo za Monusco (Mission de l’ONU pour la stabilisation du Congo), gukora ibishoboka zikambura intwaro imitwe y’inyeshyamba zo mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa bitarenze kuwa kane tariki ya 8 Kanama<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/drc-monusco-ku-gitutu-cyo-kwambura-intwaro-abarwanyi-cyangwa-ikirukanwa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ninjye washinze itsinda rya ‘Tuff Gang’ si P Fla- Bulldogg

Nshimiyimana Bertrand Malik uzwi cyane nka Bulldogg umwe mu bahanzi bamaze kumenyekana cyane mu njyana ya HipHop mu Rwanda, aratangaza ko ariwe washinze itsinda rya ‘Tuff Gang’ atari P Fla nk’uko bivugwa. Mu gitaramo cyo ku itariki ya 5<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ninjye-washinze-itsinda-rya-tuff-gang-si-p-fla-bulldogg/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umunyamakuru w’UM– USEKE yagiriwe icyizere n’ishuri yizeho

Ni ibyishimo bikomeye ku muryango w’UM-- USEKE ni n’urugero rwiza ku rubyiruko rufite umurimo ruri gukora ko rukwiye kuwukora neza kandi rukawukora ruwukunze. Umunyamakuru w’UM-- USEKE mu karere ka Ruhango yagiriwe ikizere n’ishuri yigagamo rimuha akazi kisumbuye kuko yakoraga biturutse ku<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umunyamakuru-wumuseke-yagiriwe-icyizere-nishuri-yizeho/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Intwarane zakatiwe iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwasomye urubanza ruregwamo abantu umunani bo mu itsinda ryiyita Intwarane za Yezu na Mariya, umuyobozi w’iri tsinda Nyirahabyarimana Agathe na mugenziwe Angelique Karega bahise barekurwa, abandi bagenzi be bakatirwa iminsi 30 y’agatenganyo. Nk’uko bitangazwa n’ubushinjacyaha,<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/intwarane-zakatiwe-iminsi-30-yagateganyo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ishyaka CHADEMA riragaya Kikwete kwivanga muri politiki y’u Rwanda

CHADEMA, ishyaka ritavuga rumwe Leta ya Tanzaniya ryagaragaje ko ridashyigikiye ibitekerezo  bya Perezida Jakaya Kikwete  mu cyo yita inama agira u Rwanda  gukora imishyikirano n’umutwe wa FDLR, urimo abasize  bakoze Genocide muri Mata 1994. Dr. Wilbroad Slaa Umunyamabanga mukuru<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ishyaka-chadema-riragaya-kikwete-kwivanga-muri-politiki-yu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuwa 06 Kanama 2013

Uyu muhungu arara ku ibaraza i Nyamirambo kuri Cosmos, aha ni ahagana saa sita z’ijoro, arasinziriye cyane yaguye agacuho nyuma y’umunsi utoroshye. Imodoka ikata iramukubita amatara ariko ntiyakanguka kubera umunaniro. Photo/Umuseke Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kuwa-06-kanama-2013/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Rayon Sports yasinyishije abandi bakinnyi batatu

Rayon Sports yasinyishije abakinnyi batatu aribo umusore ukina hagati witwa Jean Paul Havugarurema, undi ukina ku ruhande rw’ibumoso inyuma witwa Moses Kanamugire wajyaga aba captain wa La Jeunesse ndetse na Eric Ndahayo ukina hagati mu basatira bavanye muri Police<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/rayon-sports-yasinyishije-abandi-bakinnyi-batatu/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

USA: Kumyaka 4, Bobby yongeye gutorerwa kuyobora Umujyi wa Dorset

Ku cyumweru tariki enye Kanama, Robert Bobby utaratangira n’amashuri abanza, yongeye gutorerwa kuba Meya w’Umujyi muto w’ubukerarugendo uherereye mu Majyaruguru ya Minnesota muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Izina ry’uyu mwana ryongeye guhamagarwa, ku cyumweru mu iserukiramuco ryitiriwe “Dorset” kugira<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/usa-kumyaka-4-bobby-yongeye-gutorerwa-kuyobora-umujyi-wa-dorset/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Munyagishari ati “Nta Kinyarwanda nzi nzaburana mu gifaransa gusa”

Kuri uyu wa 5 Kanama Bernard Munyagishari yagejejwe imbere y’urukiko, agitangira gusomerwa ibyaha aregwa, uyu mugabo yazamuye ijwi avuga ko nta nyandiko yabonye imuhamagarira kuburana kandi atiteguye kuburana mu Kinyarwanda kuko nta jambo na rimwe yumva. Munyagishari yavuze ko<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/munyagishari-ati-nta-kinyarwanda-nzaburana-mu-gifaransa-gusa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish