Month: <span>August 2013</span>

Konsa neza abana byagabanyije imfu zabo

Umuryango ushinzwe kurengera abana Save the children washyize ahagaragara icyegeranyo kivuga ko u Rwanda ruyoboye ibihugu byinshi mu konsa abana neza, ibi bikaba byaratumye habaho n’igabanuka ry’umubare w’abana bapfa bazize imirire mibi. Icyegeranyo cya Save the Children cyasohotse kuri<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/konsa-neza-abana-byagabanyije-imfu-zabo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kwiga neza ni umusingi wo gutsinda mu ishuri, inama 5

Abanyeshuri benshi mu bigaragara (observation) muri iyi minsi bafite ibibazo byo kwiga ariko ntibatsinde amasomo yabo uko babishaka. Umwe mu banyeshuri bari mu biruhuko duherutse kugirana ikiganiro ambwira uburyo kwiga agatsinda bimugora kandi ari umuhanga. Uyu munyeshuri wiga mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kwiga-neza-ni-umusingi-wo-gutsinda-mu-ishuri-inama-5-zagufasha/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Clinton n’umukobwa we Chelsea mu Rwanda kuri iki cyumweru

Uwari Perezida wa Amerika mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Bill Clinton kuri iki cyumweru arikumwe n’umukobwa we Chelsea barasesekara i Kigali mu ruzinduko bazamaramo iminsi ibiri mu Rwanda mu rwego rwo gusura imishinga inyuranye y’iterambere batangije.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/clinton-numukobwa-we-chelsea-mu-rwanda-kuri-iki-cyumweru/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kikwete yongeye gushimangira inzira y’ibiganiro na FDLR

Jakaya Mrisho Kikwete Perezida wa Tanzania aravuga ko umubano w’igihugu cye n’u Rwanda utari mwiza kuva mu kwezi kwa Gicurasi k’uyu mwaka, kandi aracyashyigikiye ko habaho ibiganiro hagati y’u Rwanda n’umutwe w’inyeshyamba FDLR, icyifuzo cyatewe utwatsi na Leta y’u<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kikwete-yongeye-gushimangira-inzira-yibiganiro-na-fdlr/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

U Rwanda, Uganda na Kenya kuva muri Mutarama 2014 birakoresha

Kuva mu 2006 ngo nibwo ibihugu bitanu byo mu karere byatangiye gutekereza guhuza indangamuntu. Kuri uyu wa 02 Kanama muri Serena Hotel i Kigali, Uganda, Kenya n’u Rwanda nibyo byabashije gushyira umukono ku masezerano yo gukoresha indangamuntu imwe ku<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/u-rwanda-uganda-na-kenya-byemeranyijwe-ku-ndangamuntu-imwe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

INYAMIBWA zerekanye ko umuco mu mbyino ugihari

Remera – INYAMIBWA, Itorero ry’umuco nyarwanda rigizwe n’abana bari hagati y’imyaka 19 na 25 biga muri Kaminuza y’u Rwanda ryongeye gutaramira abo mu mujyi wa Kigali kuri uyu mugoroba wo kuwa 02 Kanama kuri stade Amahoro. Abantu bari bitabiriye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/inyamibwa-zongeye-gukumbuza-benshi-umuco-mu-mbyino/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abakekwaho kujyana abana b’abakobwa mu kabari ka Le Poete bafashwe

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 02 Kanama abantu batatu batawe muri yombi bakekwaho gusohokana abakobwa batarageza ku myaka 18 nk’uko itegeko ribigena, abafatiwe mu cyaha bacumbikiwe ku biro bya polisi ikorera i Remera. Nkuko Senior Supt Mwiseneza Urbain<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/batatu-bakekwaho-kujyana-abana-babakobwa-mu-kabari-ka-le-poete-batawe-muri-yombi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamasheke mu maboko ya Polisi

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamasheke, Ndagijimana  J Pierre ari mu maboko ya Polisi akekwaho gushaka guha ruswa umukozi w’urwego rw’umuvunyi ingana n’ibihumbi 800 ngo asibanganye dosiye imushinja imitungo atunze itazwi na Leta. Kuri uyu wa gatanu tariki 2 Kanama,<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umunyamabanga-nshingwabikorwa-wakarere-ka-nyamasheke-mu-maboko-ya-polisi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ikibazo cya ruswa ishingiye kugitsina imaze gufata indi ntera-Transparency IR

Mu bushakashatsi n’ibiganiro byakozwe na Transparency International Rwanda ifatanyje n’ishami ryo mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ruswa “APNAC-Rwanda” mu gihugu hose, biragaragaza ko mu ikibazo cya ruswa ishingiye ku gitsina kimaze gufata indi ntera, aho 90%<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ikibazo-cya-ruswa-ishingiye-kugitsinda-imaze-gufata-indi-ntera-transparency-ir/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

BRD yatangiye imikoranire na FSA mu gushyigikira imishinga yabuze ingwate

Kuri uyu wa gatanu tariki 2 Kanama, Banki y’iterambere y’u Rwanda (BRD) yasinye amasezerano y’imikoranire n’ikigega nyafurika gishyigikira imishinga itandukanye y’iterambere “Fonds de Solidarité Africain”, bikazafasha Abanyarwanda bari bafite imishinga cyangwa abateganya kuyikora ariko bafite imbogamizi y’ingwate, inyungu nyinshi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/brd-yatangiye-imikoranire-na-fsa-mu-gushyigikira-imishinga-yabuze-ingwate/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish