Month: <span>July 2013</span>

Ni gute wavura ububabare bw’urutugu?

Urutugu ni igice cy’umubiri gishobora guhura n’ibibazo binyuranye bikaba byateza uburibwe ku muntu. Gukuka urutugu umuntu akina ski, tennis, volleyball cyangwa indi mikino ni bimwe mu byatuma urutugu rugira ikibazo. Urutugu ariko rushobora no kwitora rukababaza umuntu nta mpamvu runaka igaragara, ni byiza gukoresha ibizamini ukamenya impamvu. Kumenya impamvu y’uburibwe ufite mu bitugu Urutugu ni […]Irambuye

Amagambo yakoreshwaga mu mukino w’amabiye (bille)

Mu gihe cy’impeshyi nk’iki, abana ku mbuga iyo babonye akaruhuko usanga bakina amabiye, hari yewe n’abakuze ubu bakibuka uyu mukino ukinwa cyane n’abana b’ikigero cy’imyaka kuva ku 6 kugeza kuri 15 gutyo. Nta mukino rero ngo utagira amategeko yawo ndetse urebye n’ururimi rwayo, amabille nayo yagiraga cyangwa aracyagira amagambo yayo, ahanini usanga bitewe n’agace k’igihugu. […]Irambuye

Wari uzi ko amezi y’umwaka wa Kinyarwanda ari 13? na

Mbere ariko reka tubanze uko amezi ya Kinyarwanda yaje guhinduka bitewe no gukoresha aya ruzungu. Amezi y’umwaka wa kinyarwanda ni cumi n’atatu (13) aho kuba cumi n’abiri (12) nkuko biboneka mu kibariro cya kizungu. Nkuko babivuga mu kinyarwanda, imfura y’amezi ni Nzeri, kuko ariyo itangira umwaka gakondo wa kinyarwanda. Ayo mezi uko ari cumi n’atatu rero […]Irambuye

Ibintu bikomeje kudogera mu Misiri

Mu kwezi kwa gatandatu umwaka ushize nibwo Perezida Mohammed Morsi yarahiriye kuyobora igihugu cya Misiri, icyo gihe abaturage baramusingizaga cyane dore ko ari we wari ubaye Perezida wa mbere uyoboye iki gihugu w’umusivile, none mu gihe kitageze ku mezi 15 abamushyize ku ngoma barashaka ko ayivaho. Mu gihugu hose mu migi ikomeye cyane nka Cairo […]Irambuye

Juliana Kanyomozi azaza kuririmba i Kigali

Umuhanzikazi w’Umuganda Juliana Kanyomozi azaza gutaramira abanyarwanda mu kiswe ‘Influential Businesswomen Dinner Gala’ muri Kigali Serena Hotel kuwa 19 Nyakanga. Uyu muhanzi uzwi cyane muri aka karere azaririmbira abagore benshi bakora Business ahatandukanye mu Rwanda bazaba bari muri iyo gahunda nkuko bitangazwa na NewTimes. Ikigamijwe ngo ni ukwishimira ibimaze kugerwaho n’abagore mu gukora business ni […]Irambuye

Igihe uryamira bifite aho ihuriye no kwiyongera cyangwa kugabanuka kw'ibiro

Ubushakashatsi bwakozwe ku byerekeye ibitotsi bwagaragaje ko iyo umuntu ari muzima ariko akaryama akerewe bihoraho ntanasinzire bihagije cyangwa agafata amafunguro ya nijoro atinze ari imwe mu ntandaro zo kutabyibuha. Aba bashakashatsi kandi bagaragaje ko iyo wariye indyo iteguye neza kandi igizwe n’ubwoko bw’ibiribwa bitandukanye, ukabirira igihe ariyo mpamvu ya mbere yatuma wiyongera ibiro. Aba bashakashatsi […]Irambuye

Gasabo: Ingengo y'imari y'umwaka wa 2013-14 yerekejwe mu bice by'icyaro

Kuri uyu wa 02 Nyakanga, Akarere ka Gasabo kagaragaje ingengo y’imari kazakoresha mu mwaka wa 2013-2014, iyi ngengo igera kuri miliyari 16 na miliyoni magana atandatu zirenga. Menshi ngo akazashyirwa mu kwita ku kuzamura igice cy’icyaro cy’Akarere ka Gasabo. Aka karere kabarizwa mu mujyi wa Kigali niko urebye gafite igice kinini cy’icyaro, Bumbogo, Nduba, Ndera, […]Irambuye

Kuwa 03 Nyakanga 2013

Kimwe mu bintu biri kuvugwa cyane mu Rwanda rw’abajeni ni amarushanwa ya Primus Guma Guma SuperStar, urubyiruko mu ntara n’uturere aho ruteraniye usanga aricyo kiganiro, abagezweho basubiramo uko byagenze, abataragerwaho babazanya itariki bazagerwaho. Ni irushanwa rikunzwe cyane n’ubwo riri kuba ku nshuro ya gatatu gusa. Abakuru n’abato baba babukereye. Photo/P Muzogeye Niba nawe ufite ifoto […]Irambuye

Abanyamakuru b’imikino kuri Radio batsinze abandika 4 – 1

Remera – Mu mukino wari ugamije kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abanyamakuru b’imikino bakora kuri za Radio bapfunyikiye ibitego bine (4) kuri kimwe (1) cy’abanyamakuru bandika mu bitangazamakuru n’imbuga za Internet mu Rwanda. Mu mukino wa gicuti cyane uryoheye abafana bashaka kwiruhukira bagaseka, waranzwe no kwitwara neza kw’abanyamakuru bakora kuri Radio […]Irambuye

en_USEnglish