Digiqole ad

Kuwa 03 Nyakanga 2013

Kimwe mu bintu biri kuvugwa cyane mu Rwanda rw’abajeni ni amarushanwa ya Primus Guma Guma SuperStar, urubyiruko mu ntara n’uturere aho ruteraniye usanga aricyo kiganiro, abagezweho basubiramo uko byagenze, abataragerwaho babazanya itariki bazagerwaho. Ni irushanwa rikunzwe cyane n’ubwo riri kuba ku nshuro ya gatatu gusa. Abakuru n’abato baba babukereye.

DSC_0465
Uturenge tw’abana muri Primus Guma Guma bariho baceka umuziki
IMG_4412
Abana bato bo bahabwa rugari bakiyicarira imbere bakareba ibyo ubwenge bwabo bubasha kubaha

Photo/P Muzogeye

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.RW

0 Comment

  • Primus ibyo ikora nibyiza kandi byaba byizakurushaho mutagiye muhitamo abahanzi ahubwo mugahitamo aho twajya twiyandikishiriza ubundi mukandika umuntu mureba nicyo ashoboye kuko hari abakundwa kurenza abo batorwa na banyamakuru bitewe nibyo bahuriyeho noneho noneho abomubonye ko umuziki wabo ukeneye kuzamuka akaba aribo mushyira muri primus guma guma kuko harimo abahanzi bahora bagaruka mo turabashimiye kubwa guma guma.

Comments are closed.

en_USEnglish