Month: <span>May 2013</span>

Abayobozi b’Afurika bazirikane ko abaturage bakeneye iterambere –Perezida Kagame

Ari mu nama ya 48 ya Banki nyafurika itsura amajyambere (AFDB) iri kubera i Marrakech muri Maroc, Perezida Paul Kagame  yahamagariye abayobozi b’ibihugu byAfurika kujya bazirikana ko abaturage bayobora bakeneye iterambere. Mu ijambo yagejeje kubateraniye muri iyo nama Perezida Kagame yavuzeko abayobozi b’Afurika bakwiye kujya bazirikana ko abaturage bakeneye gutera imbere kandi ko igihe ari iki […]Irambuye

Ibanga rya Kamishi ngo indirimbo ze zikinwe kuri Voice of

Abumva Radio Ijwi rya Amerika muri porogaramu zayo kuri Africa basigaye bumva ko mu ndirimbo nyafrica bakunze gushyiramo harimo zimwe za Kamichi. Twaramwegereye tumubaza ibanga atubwira nta rindi uretse Gakondo k’umuziki we. Adolphe Bagabo uzwi cyane nka ‘Cardinal’ Kamichi yemeza ko kuba mu njyana ya Afro Beat haba harimo ibicurangisho gakondo byatumye umwe mu banyamakuru […]Irambuye

Impinga Zone Films ngo izanye ikosora muri cinema nyarwanda

Inzu ubusanzwe imenyerewe mu gukora amashusho y’indirimbo Impinga Zone Films igiye no kwinjira mu mwuga wo gutunganya no gukina filimi kandi ngo bagiye kuzana ibitekerezo bishya muri uru ruganda. Karemera Yves, umuyobozi wungirije ushinzwe ishami rya Cinema muri iki kigo yabwiye Umuseke.rw ko bazanye ibitekerezo bishya kandi bikosora byinshi muri cinema nyarwanda kuko ngo usanga […]Irambuye

Africa: Ibihugu 10 ubukungu bushobora kuzamuka kurusha ibindi 2013-2014

Muri iki gihe amahanga akomeje kugaragaza ko afitiye ikizere ubukungu bw’u Rwanda, tariki 27 Gicurasi Banki nyafurik itsura amajyambere n’indi miryango y’ubukungu ikorera muri Afurika yasohoye urutonde rw’ibihugu icumi bishobora kuzazamuka cyane mu bukungu mu mwaka wa 2013-2014,u Rwanda ni urwa cumi. Ni muri raporo ngaruka mwaka ikorwa hagamijwe kureba uko ubukungu bw’Afurika buba bwifashe […]Irambuye

Muhanga: Inzitiramubu ntibabasha kuzimarana imyaka itatu

Bamwe mu baturage barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo basabye umuryango Imbuto Foundation kubakorera ubuvugizi kugirango bahabwe  inzitiramubu hakiri kare kuko ngo zibageraho zitinze izindi  zarashaje. Minisiteri y’ubuzima yashyizeho ko nyuma y’imyaka itatu aribwo hazajya hatangwa inzitiramubu nshya, nyamara ngo iyi myaka ijya gushira zarashaje cyane. Ibi ngo nibyo […]Irambuye

Abacitse ku icumu bagaragaje akababaro kabo ku magambo ya Kikwete

Ku cyumweru gishize nibwo Perezida wa Tanzaniya Jakaya Kikwete yateruye avuga ko icyazana amahoro mu karere ari uko leta ya Congo yaganira n’umutwe wa M23. Mu kubishimangira yavuze ko Uganda nayo ikwiye kuganira n’abayirwanya ariko ibi ngo ntacyo byatanga, ahubwo n’u Rwanda ngo rukwiye kwicara ku meza amwe n’umutwe wa FDLR ngo amahoro ahinde mu […]Irambuye

Siporo yongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Hamenyerewe ko imyitozo ngororamubiri ari ingirakamaro ku mubiri wacu, ndetse hari n’abo kwa muganga bayirangiramo umuti. Ntibigarukira aho gusa rero kuko sport ngo igira n’uruhare rukomeye mu gutuma habaho ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Urubuga tasante.com ruvuga ko abashakashatsi bemeje ko  hari imitsi y’umubiri w’umuntu iba igomba kwitabwaho kugira ngo n’ubushake bwiyongere harimo iyo bita Perinee […]Irambuye

Uburusiya buzaha intwaro Syria nkuko Uburayi bwazemereye abarwanya Leta

Uburusiya bwanenze cyane icyemezo cy’ibihugu by’Uburayi cyo guha intwaro abarwanya Leta ya Syria aho gushyira imbaraga mu biganiro byo guhagarika imirwano hagati ya Perezida Bashar Assad n’abamurwanya. Icyemezo cy’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) cyatumye Uburusiya nabwo butangaza ko bizafasha Leta ya Assad ku ntwaro za missile kugirango bwirwaneho. Isreal ariko yahise itangaza ko izarasa ku bwikorezi […]Irambuye

Kuwa 29 Gicurasi 2013

Abahanzi muri PGGSS III baragaragaza imbaraga mu guhatana zidasanzwe, ni nako benshi mu bafana babo bari kuberea ko babashyigikiye. Photo/PMuzogeye Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.RWIrambuye

Mulindi Japan One Love iranenga servisi ihabwa n’inzego za Leta

Gatera Emmanuel Rudasingwa Umuyobozi  wa Murindi Japan One Love project yita ku bamugaye ikorera ahitwa ku Kinamba cya mbere mu karere ka Gasabo, aravuga ko adashimishijwe na servisi ahabwa n’inzego za Leta mu gihe izi nzego zo zimushinja uburangare. Mulindi Japan One Love ubu yugarijwe n’ibibazo byo kwimurwa itaramenyeshwa aho izajyanwa, ariko kandi mu kwimurwa […]Irambuye

en_USEnglish