Month: <span>May 2013</span>

Kuwa 27 Gicurasi 2013

Abana b’abakobwa bo ku muhanda barimo bamwe nabo banywa kore nka basaza babo! Photo/RM Rutindukanamurego Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.RWIrambuye

KWITA IZINA: Abana 12 b’ingagi bazahabwa amazina

27 Gicurasi – Kunshuro ya cyenda ikigo k’igihugu gishinzwe  iterambere(RDB) ishami ry’ubukerarugendo cyatangaje aho kigeze gitegura igikorwa cyo Kwita izina Ingagi. Iki ni igikorwa ngaruka mwaka byemezwa ko cyahinduye byinshi k’ubuzima bw’abanyarwanda mu iterambere k’uko hari uruhare rufatika bigira mu ingengo y’imari y’Igihugu. Nk’uko yabitangarije abanyamakuru Rica Rwigamba umuyobozi  w’ubukera rugendo mu kigo k’igihugu gishinzwe […]Irambuye

Mushimiyimana yemeye ko yabeshye atabyaye igisimba

Nyuma y’iperereza rikomeye ryiriwe rikorwa na Police ku rugo rwa Mushimiyimana Elizabeth ruri mu murenge wa Nyakiriba Akagari ka Bisizi, uyu mugore kandi akaza guhatwa ibibazo na Police yaje kwemera ko atabyaye igisimba ahubwo ari urukwavu yari yavanyeho uruhu akabeshya abaturanyi no kwa muganga. Kuri uyu wa mbere Police iri kumwe ndetse na bamwe mu […]Irambuye

« U Rwanda ntabwo ari njye rwaremewe » Perezida Kagame

Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, Ubufaransa, imiyoborere, abatavuga rumwe n’ubutegetsi, urukiko mpuzamahanga mpanabyaha n’ibindi, nibyo ikinyamakuru Jeune Afrique cyaganiriye na Perezida Kagame. Hari igitabo Perezida Kagame w’imyaka 55 akangurira abamusura ku mbuga nkoranyambaga gusoma, kuko yemeza ko kigaragaza isura nyayo y’igihugu cye. Igitabo cyanditswe n’abanyamerikakazi babiri, igitabo cyitwa  « Rwanda, Inc ». Kigaragaza amakuru meza ‘success-story’ y’ibyagezweho […]Irambuye

Ndyamana n’umugabo w’inshuti y’uwanjye

Muraho? Nabonye hano haba inama nyinshi zafasha umuntu. Biragoye gufata icyemezo cyo kwandikira Umuseke ariko banyijeje ko bidashoboka ko batangaza amazina yanjye. Ikibazo kinkomereye ni iminsi myinshi maze ndyamana n’umugabo utari uwanjye kandi w’inshuti y’uwanjye kuko bakorana. Iki kintu kimaze umwaka urenga nkibamo, iyi nshuti y’umugabo wanjye twamenyanye yaje kudusura. Agenda anyereka ubucuti busanzwe buhoro […]Irambuye

Lukaku azaba undi Drogba wa Chelsea – Mourinho

Romelu Lukaku azagaruka muri Chelsea FC muri ‘Saison’ itaha nkuko byemezwa na The Sun. Iki kinyamakuru kandi kirahamya cyane ko Mourinho ariwe uzaba ari gutoza iyi kipe, uyu munya Portugal ngo yaba ashaka guhindura Lukaku akamugira nka Drogba yahoranye. Romelu Lukaku umwaka utaha muri Chelsea ngo azahabona amahirwe yo kujya mu kibuga bitewe n’uko umutoza […]Irambuye

Jackson Kalimba na Gabiro bahishiye byinshi abanyarwanda

Abahanzi Jackson Kalimba na Gabiro bamenyekanye cyane mu marushanwa ya Tusker Project Fame, baratangaza ko bari muri studio batunganya indirimbo nyinshi bizera ko zizashimisha Abanyarwanda. Ubwo bari mu kiganiro Contact Live gihita kuri Contact fm, Kalimba na Gabiro bavuze ko usanga akenshi abantu bibaza impamvu badasohora ibihangano bitandukanye, ariko ngo ubu abakunzi babo bashonje bahishiwe […]Irambuye

Sam Simbwa agiye gutoza ikipe ya Police FC

Police FC yamaze kumvikana  n’umutoza ukomoka mu gihugu cya Uganda Sam Simbwa yo gutoza iyi kipe nkuko byemezwa n’umuyobozi wa Police FC Alphonse Katarebe. Katarebe, wari i Bujumbura, yatangaje ko nubwo batarashyira umukono ku masezerano ariko ubwumvikane bwagezweho ngo azaze gutoza ikipe ya Police FC. Abajijwe n’amaradio yo mu Rwanda niba koko agiye kuza gutoza […]Irambuye

Perezida Kikwete yasabye u Rwanda kuganira na FDLR

Ubwo hizihizwaga isabakuru y’imyaka 50 umuryango w’Ubumwe bw’Afurika umaze ushinzwe, Perezida wa Tanzaniya Jakaya Kikwete yavuze ko hakenewe ubwumvikane bw’Isi kugira ngo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igire amahoro azahoraho. Mu byo yasabye harimo ko u Rwanda rwajya mu biganiro n’umutwe wa FDLR. Kubwe ukujya muri Congo kw’umutwe w’ingabo udasanzwe ni igikorwa cyiza ariko ngo […]Irambuye

Ese koko mu Rwanda hari abacana inkweto babuze inkwi?

Bamwe mu rubyiruko rw’u Rwanda twababajwe cyane na mugenzi wacu uherutse gutanga ibitekerezo mu kiganiro Imvo n’Imvano cya radio BBC cyo ku wa 25 Gicurasi 2013. Muri icyo kiganiro wari umwanya wo kwakira ibitekerezo bijyanye n’ikiganiro cyatambutse ku wa 18 Gicurasi cyarimo Minisitiri w’imari n’igenamigambi na Minisitiri ufite impunzi mu nshingano ze. Umwe mu batanze […]Irambuye

en_USEnglish