Month: <span>April 2013</span>

Imari USA zikoresha mu gisirikare iteye inkeke ubukungu bw'Isi

Igisirikare cya Leta z’unze ubumwe za Amerika (USA) uyu munsi gikoresha imari ingana na 40% z’iyo ingabo z’ibindi bihugu byose hamwe ku Isi zikoresha. Mu 2012 igisirikare cya Amerika cyakoresheje miliyari 682$, ni umurengera mu bitekerezo bya benshi bibaza ku bibazo cy’ubukungu n’intambara ku Isi. Mu mateka Amerika ngo nta gihe itagiye ishyira umurengera w’amafaranga […]Irambuye

NUR Rusizi campus bibutse ababajugunywe mu kiyaga cya Kivu

Ishami rya Kaminuza nkuru y’u Rwanda(NUR) rikorera mu Karere ka Rusizi mu ntara y’uburengerazuba ku mugoroba wo kuri uyu wa 26 Mata 2013 ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko abajugunywe mu kiyaga gihana imbibe n’iryo shami aricyo Kivu. Umuyobozi w’agateganyo w’ishami rya NUR Rusizi, Mme Josephine Uwibambe avuga ko yifatanije n’abandi banyarwanda mu kwibuka abantu […]Irambuye

imbaga igera ku 20 000 yitabiriye Badilisha Album ya Chameleone

Igitaramo cyaraye gikozwe na Jose Chameleone cyo kumurika Album ye yise Badilisha cyakoze amateka muri Uganda ubwo abantu bagera ku bihumbi 20 bari kuri Kyadondo grounds kwifatanya na ‘the hitmaker’ Chameleone. Mu muziki wa Live kuva atangiye kugeza arangije Chameleone wanafashijwe n’abahanzi batandukanye ndetse n’umuhungu we mukuru bashimishe cyane abitabiriye icyo gitaramo nkuko tubikesha chimpreports. […]Irambuye

Eric Nshimiyimana yeguye muri APR FC

Umutoza Eric Nshimiyimana wari uherustse kugirwa umutoza wungirije muri APR FC yeguye ku mirimo ye kuva kuwa gatandatu tariki 27 Mata 2013, ariko kuri uyu wa 30 Mata nibwo yabyemeye ku mugaragaro ko yeguye ngo ajye mu Amavubi. Nyuma y’umukino APR FC imaze gutsinda Kiyovu Sports 1-0 cyatsinzwe n’umusore ukiri muto witwa Nova Bayama kuri […]Irambuye

Niboye: Ibitaro bya kanombe byahaye impfubyi miliyoni eshatu n'igice

Ibitaro bya gisirikare bya kanombe byateye inkunga ya miliyoni eshatu n’igice imiryongo 24 y’abana 118 bacitse ku icumu rya Jenoside batuye mu Mudugudu wa Rugunga, Akagali ka Gatare umurenge wa Niboye ho mu Karere ka Kicukiro. Ibi bitaro bikaba byasabye aba bana gukora cyane ngo baharanire kwigira. Mboneza Denis, Uhagarariye iyi miryango igizwe n’abana b’impfubyi […]Irambuye

Kutagenda n’indege bituma R Kelly akerererwa cyane aho yatumiwe

Yigeze kuririmba ati “I believe I can fly” ariko ntajya ajya mu kirere kuko uyu muhanzi wakunzwe cyane hambere aha ntabwo ajya agenda n’indege. Muri uku kwezi R.Kelly aherutse gucyerererwa cyane igitaramo yari yatumiwemo nk’umushyitsi mukuru, cyari cyateguwe na Band yitwa Phoenix ahitwa Coachella muri California. Thomas Mars ucuranga muri Phoenix yagize ati “ ntabwo […]Irambuye

Ibitaro bya polisi byahawe imashini izabafasha mu kunoza ubuvuzi

Ibitaro bya polisi y’Igihugu biherereye ku kacyiru mu karere ka Gasabo byahawe imashini ‘Laparoscopy’ izifashishwa mu gusuzuma indwara zo mu nda cyane cyane iz’abagore. Urubuga rwa polisi dukesha iyi nkuru rutangaza ko iyi mashini bahawe n’Umuryango w’Abibumbye wita ku kuboneza urubyaro , ngo iziye igihe kuko ibitaro byari bimaze iminsi bihura n’ikibazo cyo kubaga, rimwe […]Irambuye

Hakizimfura umunyapolitiki ushaka gushinga ishyaka rye

Mu gihe hasigaye amezi atarenga 4 ngo u Rwanda rwinjire mu matora y’abadepite, bamwe mu banyapolitike bamaze kureka amashyaka yabo babona ko atabafasha kugera ku ntego zabo. Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) imaze gutangaza ko hari abaturage benshi bamaze kuyimenyesha ko bifuza gushinga imitwe ya Politike nubwo Umuyobozi ushinzwe kumenyekanisha amakuru yanze gutangaza umubare w’abari mu […]Irambuye

Kuwa 27 Mata 2013

Umuganda rusange wa buri wa gatandatu wa nyuma w’u kwezi mu Rwanda, witabirwa n’inzego zitandukanye, RDF rumwe muri zo. Photos/Umuseke Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.COMIrambuye

Uruhurirane rw’amakosa rwatumye ahagarikwa ku kazi

Buradiyo Theogene wari umuyobozi w’ishami ry’ubutegetsi mu Karere ka Gakenke yahagaritswe ku kazi kubera amakosa menshi yagiye akora arimo no kuba atunze impamyabushobozi mpimbano avuga ko yakuye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Buradiyo w’imyaka 40 y’amavuko yahagaritswe ku mirimo ye n’inama Njyanama y’Akarere ka Gakenke kubera amakosa y’akazi yakoze arimo kwiyitirira impamyabushobozi adafite. Andi […]Irambuye

en_USEnglish