Month: <span>April 2013</span>

Micheal Jordan yakoze ubukwe kunshuro ya kabiri

Igihangange mu mateka ya Basketball Micheal Jordan ku myaka 50 y’amavuko yakoze ubukwe kuwa 27 Mata ku nshuro ya kabiri bwabereye muri Leta ya Floride, USA. Yarongoye Yvette Prieto ukomoka muri Cuba w’imyaka 35 bamenyanye mu mwaka wa 2008 nkuko bitangazwa na The People Magazine. Abantu bagera ku 2 000 bitabiriye ubu bukwe, naho abagera […]Irambuye

Uganda: Imyaka 35 mu munyururu ku barimu basambanyije abana

Abarimu babiri bo mu mashuri mato bakatiwe n’urukiko rw’ahitwa Kiboga, gufungwa imyaka 35 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusambanya abana bareraga. Everest Musinguzi wigishaga muri St Annex Nursery and Primary School y’ahitwa Nsambya na Jimmy Ssentubilo wo mu ishuri ribanza rya Kyamutwe niba bagiye gusanzira muri gereza kubera gusambanya abana bato. Muri Kamena 2012 Musinguzi […]Irambuye

Gitega: Umuryango FPR Inkotanyi urishimira ibyo umaze kugeraho

Umuryango FPR Inkotanyi mu Kagali ka Kinyange Umurenge wa Gitega ho mu karere ka Nyarugenge urushimira ibikorwa bitandukanye umaze kugeraho birimo kugira uruhare mu iyubakwa ry’ibikorwa remezo. Ibi byatangajwe kuri iki cyumweru tariki ya 28 mata 2013 na Manigabe Pancras uhagarariye uyu muryango mu kagali ka Kinyange , Umurenge wa Gitega ubwo nteko rusange y’abanyamuryango […]Irambuye

Kabgayi: ICK yiteguye gutanga umusanzu mu kubaka ubumwe n’ubwiyunge

Ubuyobozi bw’ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi ICK, buratangaza ko bashaka kubaka igihugu bubinyujije mu kuzamura ubumenyi, bunatanga inyigisho zitandukanye zirebana n’ubumwe n’ubwiyunge. Ibi babitangaje kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mata ubwo iri shuri ryifatanyije n’ abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho abayobozi ndetse n’ abanyeshuri bo muri iri shuri bifatanyije n’ inzego […]Irambuye

Kuwa 29 Mata 2013

Week end abandi baruhukamo niho abahanzi babonera akazi kenshi, niho nabo bagwa agacuho nyuma y’ibitaramo baba barimo. Aba barahondobera kubera umunaniro. Photo/P Muzogeye Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.COMIrambuye

Abanyamakuru n’abahanzi baguye miswi mu mukino w’udushya

Remera – Nyuma y’umukino wa Rayon Sports na Isonga FC, abafane benshi bagumye aho ngo barebe umukino w’abahanzi n’abanyamakuru b’imyidagaduro, munsi y’ikirere kibi bakiniyeho, umukino warangiye banganyije 0 – 0. Ni umukino washimishije abantu cyane kubera imikinire y’aba basore impande zombi ugereranyije n’uwo bari bamaze kubona wa Rayon Sports n’Isonga. Abanyamakuru b’imyidagaduro batangiranye imbaraga cyane […]Irambuye

Rayon Sports ikomeje gusatira gikombe

Ku munsi wa 22 mu minsi mu minsi 26 izakinwa yose, Rayon Sports iri imbere ya mukeba Police FC amanota atatu nyuma yo gutsina Isonga FC kuri iki cyumweru igitego 1-0 kuri Stade Amahoro i Remera, ibi birayiha amahirwe menshi yo gutwara igikombe cya shampionat iheruka mu myaka hafi 10 ishize. Intsinzi ya none ntiyari […]Irambuye

Ronaldo umubiri we ni nk’uwimana z’abagereki – Miss BumBum

Christiano Ronaldo yaciye inyuma umukunzi we Irina Shayk asambana n’umunyabresil witwa Andressa Urach uzwi cyane nka Miss BumBum. Andressa ubwe niwe wabwiye The Sun ko ku cyumweru tariki 21 Mata 2013 aribwo we na Ronaldo babonaniye muri Hotel i Madrid bakimara ipfa. Uyu mukobwa ati “ byari byiza cyane, umubiri we ni uw’umugabo nyawe, ni […]Irambuye

Kuwa 28 Mata 2013

Abanyarwanda baca umugani ngo “Uwambaye ikirezi ntamenya ko kera” bashaka kuvuga ko ufite ibyiza akenshi atamenya ubwiza bwabyo, ahubwo agaciro kabyo kakabonwa n’utabifite. Bamwe mu banyarwanda ntago bazi ubwiza bw’igihugu cyabo. Aya ni amwe mu mafoto atandukanye yerekana bimwe mu byiza by’u Rwanda.   Photo: Davidson K. Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro […]Irambuye

en_USEnglish