Month: <span>July 2011</span>

Mukura iri kuvugana na SEC ngo iyihe abana

Amakuru agera k’umuseke.com ni uko ikipe ya Mukura Victory Sport ubu iri kuvuga na Academy ya SEC ngo ibe yayitiza abakinnyi. Ibi ngo bije nyuma y’aho academy ya SEC inaniwe kumvikana na APR FC ku buryo aba bana bakina muri APR nkuru, APR nayo yifuza kuzamura bamwe mu bana irerera muri Academy yayo mu ikipe […]Irambuye

South Africa: “Umupfu” yatabaje bagiye kumushyingura

Umugabo w’imyaka 50 muri Cape, South Africa yakangukiye mu isanduku bari bagiye kumuhambamo maze aratabaza ngo bamuvanemo, abari aho bakizwa n’amaguru ngo ni umuzimu. Umuryango we wagize ngo yitabye Imana ubwo kuwa gatandatu nimugoroba bagerageje kumukangura bikanga aho yari yashyizwe mu nzu y’abapfuye, ndetse akarinda agera ejo ubwo bendaga kumushyingura adatera akuka. Yamaze amasaha agera […]Irambuye

Nyuma ya TIGO na MTN hategerejwe indi sosiyete y’itumanaho

 Mu rwego rwo kuzamura imibare y’ abanyarwanda bakoresha telephone zigendanwa, ikigo cy’ igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro(RURA) kiravuga ko hari gahunda yo guha uruhushya indi societe ya 3 yashaka gukora ibijyanye n’ iri tumanaho imbere mu gihugu. Mu minsi ishize, nibwo urukiko rw’ ubucuruzi rwemeje ko societe Rwandatel yakoraga ibijyanye n’ itumanaho rikoresha […]Irambuye

Abashoramari barashishikarizwa gushora imari mu kiyaga cya Kivu

U Rwanda rugiye kwegurira abikorera imirimo yo gucukura gaz methane mu kiyaga cya Kivu. Biteganyijwe ko Nta gihundutse  bitarenze uku kwezi amasezerano ashobora kuba yashyizweho umukono. Ni uruganda rwitwa Kibuye power 1. Kuri ubu rutanga ingufu zingana na MW(megawati) 2 gusa. Kuri ubu hari ibiganiro hagati ya leta y’u Rwanda na companyi y’abanyayisiraheli kugirango babe […]Irambuye

Ushinja DSK ati:”yamfashe amabere nkuwasaze”

Nafissatou Diallo kuva yatangira gushinja Dominic Strauss Kahn kuri iki cyumweru nibwo bwa mbere yabivugiye ku mugaragaro kuri ABC news. Yavuze ko DSK tariki 14 Gicurasi aribwo yamwituye imbere yambaye ubusa akamufata amabere, amukururira kuryamana nawe aho yari amusanze mu cyumba cye. Nafissatou Diallo, ukora isuku muri iyi Hotel y’akataraboneka DSK yari acumbitsemo i New […]Irambuye

Rukumberi: umugabo yatemye abantu 2 barapfa

Kuri iki cyumweru hagati ya 17h na 18h mu mu karere ka Ngoma umurenge wa Rukumberi akagari ka Gituza, umugabo witwa NYIRIBAKWE yatemye abantu bagera kuri babiri barapfa, abandi batatu nabo kugeza ubu ngo bamerewe nabi cyane mu bitaro bya Kibungo. Aba batemwe ngo ni abari baje gukiza uyu mugabo mu gihe yarwanaga n’umugore we, […]Irambuye

Ikibuga cy’indege cya Bugesera kiratangira kubakwa vuba

Muri uku kwezi kwa Nyakanga niho imiromo y’inyigo z’imyubakire y’iki kibuga k’indege mpuzamahanga cya Bugesera igomba kurangira nkuko byemezwa na Ministeri y’ibikorwa remezo. Kwiga ku myubakire y’iki kibuga nibirangira ngo hazakurikiraho gushakisha Miliyoni 700 US$, zisabwa ngo iki kibuga kigomba gutangira gukoreshwa mu 2015 cyubakwe. Iki kibuga ngo kiri gukurura abashaka kugishoramo imari benshi, yaba […]Irambuye

Umweyo muri Rayon, dore 13 batagikenewe

Nyuma y’uko kuri iki cyumweru muri Alpha Palace Hotel habaye Inama yo guhamagarira abafana ba Rayon gutanga umusanzu wo gufasha iyi kipe kuzana abakinnyi bashya, umutoza Jean Marie yahise anavuga abakinnyi batagikenewe muri Rayon. Dore urutonde rw’abakinnyi 13 batagikenewe mu bururu n’umweru: – KIBAYA DADY – MAKENGO FRANK – MBULA DIDIER – MWANAUME HAMISI – […]Irambuye

Ku myaka16 asanga umugabo we w’imyaka 51 ari ihogoza

Umwana w’umukobwa w’imyaka 16 yashatse umugabo ufite imyaka 51 ngo asangana ubwiza budasanzwe n’ubwo  umuntu abona ashobora kuba afite imyaka irenzeho urebye uko angana. Inkuru dukesha urubuga rwa internet zigonet ivuga ko ubukwe bwa Courtney Stodden n’umugabo ukina amafirimi  Doug Hutchison bwatangaje abantu benshi biturutse ku kuba aba bantu badakwiranye. Uyu mugabo Doug Hutchison arusha […]Irambuye

Algeriya: abakobwa babuze ubusugi barabubasubiza

Kimwe no bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’afurika, no muri Algeriya ubusugi bw’umukobwa ni ikintu gihabwa agaciro cyane iyo ashatse umugabo. Inkuru dusoma ku rubuga rwa internet slate.fr  ivuga ko mu gihugu cya Algeriya, iyo umukobwa agiye gushaka umugabo, asabwa  kuba yarakomeye ku busugi bwe. Bitabaye  ibyo  umugabo bashakanye ababazwa cyane no kuba yashatse umugore […]Irambuye

en_USEnglish