Month: <span>June 2011</span>

RAMA-Nibahabwe agaciro bakwiye.

Mu gikorwa cyo gusura urwibutso no gufasha abacitse ku icumu mu cyahoze ari komini Kibirira kuru uyu wa 3 Kamena 2011 mu karere ka Ngororero, abakozi b’ikigo gitanga serivisi z’ubwisungane bw’ubuzima  RAMA batangaza ko kugira ngo hirindwe ko jenoside yazongera kubaho no kurushaho gufata mu mugongo abayirikotse  abaturarwanda b’ingeri zose bagomba kubigiramo uruhare. Mu cyahoze […]Irambuye

Ministeri y’ubuzima iratungwa agatoki!

Nyuma yaho ministeri y’ubuzima ifatanije na Ministeri y’imari n’igenamigambi y’u Rwanda bashyiriye umukono ku masezerano n’ikigega cy’isi ku nkunga ingana na miliyoni zirenga 22 z’amadorali y’amerika kuri uyu wa Gatanu mucyumba cy’inama cya  ministeri y’imari n’igenamigambi,  bamwe mu baturage bo mumujyi wa Kigali baratangaza ko ayo mafaranga ngo atajya abageraho naho bimwe mubigo byigenga by’ubuvuzi […]Irambuye

Umugabo wa Victoire Ingabire Mu nkiko

Lin Muyizere Umugabo wa Victoire Ingabire, umunyapolitike umfungiye mu Rwanda aho ashinjwa ibyaha birimo kubiba amacakubiri mu Banyarwanda, yatangaje ko agiye kugana ubutabera asaba gusubizwa ibye nyuma y’uko urukiko rw’ Ubuholandi, ari na cyo gihugu atuyemo, rutangaje ko rugiye koherereza zimwe mu nyandiko zakuwe munzu ye inkiko z’u rwanda. Ubucamanza bw’Urwanda bwari bwasabye Ubuholandi kubwoboherereza […]Irambuye

Kumenya inkomko yawe hakoreshejwe DNA

Buri Munyamerika wese aho ava akagera aba arajwe ishinga by’umwihariko, no kumenya uturemangingo tumwereka aho akomoka, dore ko ngo buriya mu bantu baba muri USA hafi ya 99%  bisanze batuye muri Amerika n’ubwo batahabwaga uburenganzira bungana. Abenshi muribo kugeza uyu munsi, cyane cyane abirabura,  ntibazi aho bakomoka. Hari n’abamara kuhamenya kubera kuhanga bakahabeshya. Chris Tucker, […]Irambuye

Imisoro yafasha uturere

Imisoro iteganywa n’amategeko yafasha uturere mu kwegereza ubuyobozi abaturage, Imisoro yose iteganywa n’amategeko, ikusanijwe nk’uko bikwiriye byatuma uturere tugira ubushobozi bwo kwihaza, haba mu guhemba abakozi no kwikemurira ibibazo bitandukanye kandi n’umutungo w’igihugu ukiyongera. Ibi ni ibyavuzweho kuri uyu Wagatanu taliki 3 Kamena 2011, ubwo abakozi b’uturere twose n’umujyi wa Kigali bashinzwe kwakira imisoro basozaga […]Irambuye

Yemen-Perezida yarahasize ubuzima!

Ali Abdallah Saleh yarokotse igitero cyagabwe aho yasengeraga, Perezida wa Yemen Ali Abdallah Saleh, ministre w’intebe Ali Mohamed Moujawar hamwe na perezida w’inteko ishingamategeko, bose kuri uyu wa gatanu tariki ya 03 Kamena 2011, bakomerekejwe n’igitero cy’abagabweho ku musigiti uri ku ngoro ya perezida mu murwa mukuru Sanaa. Nkuko amakuru aturuka muri prezidence ya repubulika […]Irambuye

Indirimbo nshya ya RIHANNA yateje ikibazo

Indirimbo nshya ya RIHANNA yitwa “Man down” yateje ikibazo  kubera ibigaragara muri clip video aho arasa umugabo yihorera kubera ko uyu mugabo abayashatse kumufata ku ngufu, inkuru yakwiye mubitangazamakuru ivuga ko  Rihanna yaba arimo gushishikariza abagore kuba baba abanyarugomo (violent). Iyi ndirimbo yagaraye kuri uyu wa kabiri 31 gicurasi 2011 kuri  Black Entertainment TV (BET), […]Irambuye

Baracyabangamiwe n’uruganda rw’impu

Huye: Abaturage bo  mu murenge wa Huye mu kagari ka Sovu ho mu karere ka Huye bakaba banaturiye uruganda rukora impu (New Rucep) baravuga ko uru ruganda rukomeje kubahungabanyiriza ubuzima bitewe n’umunuko uruturukamo, aba baturage bavuga ko batahwemye kugaragariza ubuyobozi iki kibazo nyamara ngo kugeza na n’ubu ntabwo barasubizwa.  Gusa ubuyobozi bw’akarere ka Huye bwo […]Irambuye

Ratko Mladic imbere y’urukiko

La Haye:Kuri uyu wa gatanu nibwo  uwari umusirikare mukuru w’ Abaserbia  muri Bosiniya   Ratko Mladic,watawe muri yombi kuva kuya 26 Gicurasi aza kugezwa imbere y ‘umucamanza ku nshuro ya mbere  mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho ikitwaga Yougoslavie (TPIY) i La Haye. Ratko-Mladic mu rukiko Uyu mugabo watawe muri yombi nyuma y’ imyaka 16  yari mu […]Irambuye

Abantu 250 baburiwe irengero mu nyanja

TUNIS  – kuva ku musi ejo ku wa kane abantu bagera kuri 250 b’abimukira baburiwe irengero ubwo bageragezaga kujya ku mugabane w’ Uburayi maze   umuraba udasanzwe ubasanga mu nyanja ya Mediterane ,yerekeye ku nkengero za Tuniziya  nkuko bitangazwa n ibiro ntaramakuru by’ abongereza Reuters. Bajya mu bwato ari benshi bukarohama/Photo internet Abashijwe kurinda inkengero z’ […]Irambuye

en_USEnglish