Month: <span>June 2011</span>

King James umwambika abikora neza

King james ari mubahanzi bazwiho kwambara neza cyane cyane iyo ari mubitaramo muri iyi minisi ubwo ari mubahanzi bataronijwe guhatana muri GUMA GUMA SUPERSTAR naho ngo aragaragara yatsapye . (Yambaye neza), twamwegereye ngo twumve  imideri akunda naho ahahira imyambaro ye ndetse anadutangariza uko iri rushanwa aryitwaramo hamwe n’ibindi kubuhanzi bwe. KING JAMES, witwa RUHUMURIZA JAMES […]Irambuye

Amavubi U17, 3-1 Rio Vista U19

Ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 17 yatsinze ikipe ya Rio vista y’abatarengeje imyaka 19, umukino wabaye mw’ijoro ryakeye i Taos muri Leta ya New Mexico, USA. Igitego cya Mico umukino ugitangira Nkuko tardy abitangaza ngo abasore be bitwaye neza kuko bakinnye umukino umwe, dore ko mu gice cya kabiri, yasimbuje abasore bagera kuri 7 harimo […]Irambuye

RC Musanze-Christian(coco) arashinjwa.

Christian Kuri RC MUSANZE arashinjwa guhagarika ibihangano bya bamwe mubahanzi baho, Nyuma yaho akoreshereje bamwe mu bahanzi mugitaramo yakoreshereje I Gakenke mu karere ka Musanze ntiyabishyura, umwe mu banyamakuru witwa Christian uzwi kw’izina rya Coco ukorera kuri Radiyo y’abaturage ivugira I Musanze, RC Musanze,  arashinjwa guhagarika indirimbo z’abahanzi barimo The Bless na Frank bamwe mu […]Irambuye

Sitade Huye izakira 12000 bicaye

Sitade yubakwa i Huye izaba yakira abantu 12 000 bicaye; Mu mugi wa Butare mu karere ka Huye hatangiye imirimo yo kubaka sitadi ahahoze hari sitadi Huye. Sitadi yubakwa n’isosiyeti y’ubwubatsi COTRACO, ikazaba ifite ubushobozi bwo kwakira abafana bicaye 12 000, naho imirimo yo kubaka ikibuga ikazamara amezi agera kuri 4,5.   Sitadi y’i Huye […]Irambuye

Zidane aricuza kuba atarakinanye na Scholes

Abandi bakinnyi bavuga iki kuri Paul Scholes? Mu ntangiriro ziki cyumweru nibwo umukinnyi Paul Scholes yatangaje kumugaragaro ko asezeye mu gukina ruhago nkumunyamwuga. Uyu mwongereza wakiniraga ikipe ya Manchester united kuva muwi 1994 agatwarana nayo ibikombe bigera kuri 24, yatangaje ko ahagaritse ibya ruhago nkumukinnyi ahubwo umwaka utaha akaba agomba kujya muri staff y’abatoza biyo […]Irambuye

Isuku nke ku Kiyaga cya Kivu i Rusizi

Ni bande banduza uyu mupaka? Bamwe mu baturage bakora  ibikorwa by’ ubucuruza mu isoko rito ryo ku mupaka  wa Rusizi rwa mbere ,barinubira isuku nke igaragara ku nkengero z’ ikiyaga cya kivu ndeste no  hafi y’ aho bacururiza . Iyi suku nke ngo ikaba   iterwa  n’ uko bamwe mu bacuruzi bamena  ibishingwe  muri iki kiyaga […]Irambuye

Amakipe azakina na Rda U17 ahagaze ate?

Kuva tariki 18 z’uku kwezi muri Mexique haratangira irushanwa ryigikombe k’isi cy’abatarengeje imyaka 17 aho ikipe y’igihugu amavubi yabatarengeje iyo myaka bazaba bari mu makipe 24 azitabira iryo rushanwa. Aya mavubi mato umukino wayo wa mbere akazawukina nigihugu cy’ubwongereza tariki ya 19 kamena. Nkuko twabisabwe na benshi, dore bimwe mu bigwi by’ amakipe ari kumwe n’amavubi […]Irambuye

Kabgayi: Hibutswe abazize Genocide bahaguye

Ku itariki ya 02 kamena  2011, I kabgayi ku rwibutso habereye umuhango wo kwibuka abazize genocide yakorewe abatutsi mu 1994 by’umwihariko  abaguye I kabgayi muri icyo gihe. Ministre Mitali ashyira indabo ku rwibutso i Kabgayi Ministre w’urubyiruko umuco na siporo MITARI Protais wari umushyitsi mukuru muri uwo muhango, mu butumwa yagejeje kubari aho yavuze ko […]Irambuye

Urwego Opportunity Bank yahawe inkunga

Minisiteri y’inganda n’ubucuruzi iratangaza ko ibigo by’imari iciriritse bigiye gufashwa kugira ingufu zatuma bigira uruhare mu kuzamura iterambere ry’abatuye ibyaro ari nabo bagize umubare munini w’abaturarwanda. Inzu UOB ikoreramo i Nyarugenge Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Francois Kanimba yabitangarije abari bateraniye mu gikorwa mu gikorwa cyo kwakira inkunga y’agashami ka banki y’isi IFC (International Finance Corporation), I […]Irambuye

Imurikagurisha ry’abafatanyabikorwa I Nyarugenge

Kuri uyu munsi hatangijwe kumugaragaro imurikagurisha ry’abafatanyabikorwa bo mu karere ka nyarugenge iri huriro ryashizwe mu rwego rwo kwihutisha ibikorwa rikaba ry’igengwa n’iteka ry’a minisitiri ryo  muri 2008. Akarere ka Nyarugenge Iri huriro ry;abafatanyabikorwa (JADF: Joint Action Developpement Forum.) ryatangiye mu 2009 rifite abanyamuryango bagera kuri 80 abo babaruwe. Mubyo bamae kugeraho nuko bashyize mu […]Irambuye

en_USEnglish