Month: <span>June 2011</span>

Ijambo ry’Imana: Kuba ibuye rizima

“Namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’Umwuka n’ubwoko bw’ abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’Umwuka bishimwa ku bwa Yesu Kristo”(1Petero 2:4-5). Birazwi ko Yesu ari we buye rizima, kandi Biblia natwe idusabye kuba ibuye rizima kuko umuririmbyi yaririmbye ngo nutumbira Yesu uzasa nawe kandi Biblia idukangurira kugira umutima nk’uwari muri Kristo Yesu Abafiripi […]Irambuye

Irak: Abasirikare 5 b’Amerika bishwe

Nkuko byemejwe n’igisirikare cya Amrica, abo basirikare biciwe mu gitero cyabagabweho mu nkngero za Baghdad muri Irak. Inkuru dukesha BBC ivuga ko ingabo z’amerika zaterewe mu nkambi yazo (Camp Victory) ziraswa ibisasu bya Rocket ari nabyo byahitanye abagera kuri 5. Amazina y’abasirikare bahaguye ntaratangazwa kugeza ubu. Muri Irak hari abasirikare ba Amerika bagera ku 50.000, […]Irambuye

Giggs yacaga inyuma na murumuna we

Ryan Giggs nyuma yo kwemezwa ko yacaga inyuma umugore we akaryamana na Imogen Thomas, ubu noneho byamenyekanye ko yacaga inyuma na murumuna we Rhodri Giggs akamusambanyiriza umugore. Giggs i Bumoso na murumuna we iburyo, nyina hagati Ryan Giggs ngo yaba yaratangiye kuryamana n’umugore wa murumunawe mw’ibanga rikomeye, mu myaka 8 ishize. Rhodri Giggs yatangaje ko […]Irambuye

Mu Rwanda abakozi baracyarengana

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe baratangaza ko n’ubwo ishyaka  rya gisosiyariste rirengera abakozi mu Rwanda ririho, hari aho ugisanga abagore ndetse n’abagabo bagikandamizwa n’abakoresha mu bijyanye no kubona inguzanyo. Gusa ubuyobozi bw’iri shyaka bwo buvugako bukomeje guharanira ubusugire bw’abakozi. Ibi byose bikaba byatangajwe kuri iki cyumweru mu gikorwa cyo gusoza amahugurwa yahabwaga […]Irambuye

Ijambo ry’Imana: Kubakwa n’Imana

“Namwe mwubakwe nk’ amabuye mazima kugira ngo mube inzu y’ Umwuka n’ ubwoko bw’ abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’ Umwuka bishimwa kubwa Yesu Kristo-1Petero 2:4-5 1.Imana ifite umugambi mwiza wo kutwubaka mu mwuka no mu buzima busanzwe. -Murabizi ko iyo bubaka babanza gutegura aho bazubaka bagasiza ikibanza, natwe hari ibyo Satani yari yarubatse bigomba […]Irambuye

Burundi yagereye Rwanda mu kebo kamwe

Mu mukino wahuzaga u Burundi n’u Rwanda kuri stade ya Prince Louis Rwagasore , u Burundi bwatsinze u Rwanda ibitego 3 kuri 1, uku akaba ariko u Rwanda rwari rwagenje u Burundi i Kigali mu kwezi gushize. Uzamukunda Elias yongeye guhangana na Mbanza Hussein i Bujumbura Ni mu mikino yo gushaka ticket yo kujya mu mikino […]Irambuye

Abagore 2 bashakanye imbere y’amategeko

ku nshuro ya mbere mu gihugu cy’u bufaransa abagore 2 kuri uyu wa gatandatu baraye basezeranye kubana imbere y’amategeko mu mujyi wa Nancy. Nkuko tubikesha le Figaro kuri uyu mugoroba nibwo Stéphanie Nicot w’imyaka 59 y’amavuko yasezeranye na Elise imbere y’amategeko. Aba bagore bakaba bari bamaze imyaka 4 n’ubundi babana, ariko bitaremerwa ku mugaragaro, bakaba rero baraye babishyize […]Irambuye

Album ya Lady Gaga ntiyemewe muri Libani

Nkuko tubikesha dailymail, album y’indirimbo Lady Gaaga aherutse kumurika itariki ya 11 z’ukwezi gushize yitwa “Born this way” tugenekereje mu Kinyarwanda “Uko navutse” yangiwe gucuruzwa no kugera mu gihugu cya Liban. Lady Gaga ari kuri stage mukwa mbere uyu mwaka/Photo Internet Iyi album yaje gukundwa cyane kw’isi, ndetse iza no kugurwa cyane muri Leta zunze […]Irambuye

Rubavu yaciye agahigo muri Guma Guma Superstar

Kuri uyu wa gatandatu  abaturage bakarere ka Rubavu nibo bari batahiwe kureba ibihangange 10 muri Muzika mu Rwanda biri guhatanira igihembo cya Primus Guma Guma Supersptar. Rafiki yashimishije benshi i Rubavu kuri Plage I Rubavu habaye uwmihariko mu kwitabira kuko imbaga yabantu yari yaje kwakira aba bahanzi kuva bakihagera ndetse no mu gitaramo bakoze abantu […]Irambuye

Chile:Abantu ibihumbi bahunze ibirunga

Kuruka k’uruhererekane rw’ibirunga bya Puyehue biherereye mu Majyepfo ya Chile, byatumye ibihumbi by’abaturage bava mu byabo muri iyi week end. Ibirunga byateje umukungugu mwinshi Uru ruhererekane rw’ibirunga ruri kuri km 800 uvuye ku murwa mukuru Santiago w’iki gihugu, abaturage bavuga ko babonye umukungugu mwinshi wakurikiwe n’iigkoma cy’umuriro, naho kuruka kwabanjirijwe n’imitingito ariko itaremereye cyane Abaturage […]Irambuye

en_USEnglish