Month: <span>June 2011</span>

Mu Buyapani yagize ati:u Rda rugeze kure

Mininsitiri w’ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo aho yitabiriye imana I Tokyo, mu Buyapani,  yatangaje ko u Rwanda rushishikajwe no kugera ku ntego y’ikinyagihumbi rwiyemeje. Iyi nama ikababa yarafunguwe ku mugaragaro n’umunyamabanga w’umuryango w’abibumbye Ban Ki-Moon ku munsi w’ejo. Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko, u Rwanda rwahuye n’ibibazo bikomeye cyane mu myaka 17 ishize, ariko ubu rukaba rumaze […]Irambuye

APR VC yatsindiwe kabiri muri Kaminuza

Kuri uyu wagatandatu muri Kaminuza nkuru y’Urwanda, habereye imikino y’umunsi wakabiri wa shamiyona muri volleyball ku bagabo.Ikipe y’APR Volleyball Club ikaba yatunguwe no gutsindwa na Lycée de Nyanza ndetse ikanongera gutsindwa na Kaminuza y’Urwanda. Yakana Laurence wa APR yahuye na Block ikomeye ya NUR VC Ni umukino wari utegerejwe  n’abakunzi b’amakipe yose haba ari APR […]Irambuye

Mukura-Abayobozi biragirira ku gasozi!

Gahunda ya Leta ivuga ko inka zose zigomba kororerwa mu biraro, ibyo bigashyirwa mubikorwa n’abayobozi cyane cyane ab’inzego z’ibanze  nyamara kuri uyu wa kane mu Murenge wa Mukura ho mu karere ka Huye inka z’abayobozi b’utugari twa Butare zigera kuri makumyabiri, n’iz’uwa Rango A zafatiwe ku gasozi aho zari ziragiriwe, banyirukuziragira bavuga ko babiterwa nuko  […]Irambuye

Otan irarashisha kajuguju muri Libiya

Otan yatangiye kurashisha kajuguju muri Libye, Kajugujugu z’intambara z’Ubufaransa zagabye ibitero bwa mbere ku butaka bwa Lybia. Ni mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu rishyira ku wa gatandatu, ubwo izo kajugujugu zifashishije ibikoresho by’ingabo z’abongereza, zagabye ibyo bitero muri Lybia ku nyubako BPC(bâtiment de projection et de commandement ). Iki gikorwa cy’ibitero bya za […]Irambuye

Habyarimana nti yashyinguwe yaratwitswe.

President Habyalimana Umurambo we watwitswe nyuma yimyaka 2 uhererekanywa. Nyuma y’uko Habyarimana Juvenal wahoze ayobora u Rwanda indege ye (Falcon 50) ihanuriwe i Kanombe taliki ya 6 Mata 1994, akitaba Imana n’abari kumwe na we, umubiri wagiye uhererekanywa kugera i Kinshasa uza gutwikwa n’abahinde. Habyarimana Juvenal wayoboye u Rwanda kuva 1973-1994 Indege nyuma yo kuraswa, […]Irambuye

Nadal yihanangirije Federer i Paris

Mu irishanwa rya Tennis, rimwe mu marushanwa akomeye ku isi ryaberaga mu Bufaransa, Roland Garros, Rafael Nadal yaraye yihanangirije Roger Federer kuri seti 3 -1. Barongeye barahuye kukibuga cy’igitaka i Paris Mu mukino wamaze amasaha agera kuri atatu n’igice, Nadal w’imyaka 25 yeretse Federer ko ku kibuga cy’ubutaka bukomeye (Terre Batue) atapfa kuhamutsindira, nubwo bitamworoheye […]Irambuye

Ubufaransa bugiye kuburanisha Gbagbo

Uwahoze ayobora Panama nawe afungiye i Paris Nyuma yo kuburirwa irengero ry’ umunyamakuru  Guy-André Kieffer muri 2004, Ubufafaransa bwakomeje kwikoma Gbabo, bukeka ko yaba ari inyuma ry’ uko kubura k’uyu munyamakuru. Byagiye bikomeza guhwihwiswa ko uwo munyamakuru yaba yariciwe mu rugo rwa Gbagbo wari umukuru w’igihugu, nk’uko byemezwa n’icyegeranyo cya Yves Lamblin na Stéphane Frantz di […]Irambuye

u Rwanda nirubohore itangazamakuru

Amnesty International, umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu,  watangije ubukangurambaga (campagne) yo gusaba ubwisanzure bwo gutanga ibitekerezo mu Rwanda. Inyandiko zasohowe na Amnesty International kuri uyu wa gatanu, zagejejwe kuri leta y’u Rwanda. Izi nyandiko irimo n’ingero z’abatangabuhamya, bagaragaza ukuntu uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo bwanizwe n’amategeko ya leta y’u Rwanda. Nk’uko BBC yabitangaje kuri uyu wa […]Irambuye

Inama y’ Igihugu y’ Urubyiruko yahuguwe

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 04 Kamena 2011mu kigo cya St Paul mu Karere ka Nyarugenge habereye amahugurwa yabagize urubyiruko rwatorewe guhagararira inzego z’ Inama y’ Igihugu y’ Urubyiruko kuva ku rwego rw’ Umurenge kugeza ku Karere. Uru rubyiruko rwahuguwe ku bijyanye no gukemura amakimbirane Afungura ayo mahurwa ku mugaragaro Bwana James  MWIJUKYE Wari […]Irambuye

U Rwanda na Benin zirapfa umwanya wa 2

Ntibyoroshye hagati y’amakipe ahuriye mu itsinda H, ubwo imikino yo gushakisha itike y’igikombe cy’Afurika yo ku munsi wa kane iza kuba isubukurwa mu mpera z’iki cyumweru; U Rwanda na Benin ziramaranira cyane cyane umwanya wa kabiri muri iyi week end. Kipson ahanganye na Mouftaou Adou wa Benin Inzovu za Ivory Cost zitanyeganyega ku mwanya wa mbere n’amanota 9, cyane […]Irambuye

en_USEnglish