Month: <span>May 2011</span>

Musambane wa Giggs hafi kwiyahura

Nyuma y’uko Imogen Thomas byamenyekanye ko yasambanaga na Ryan Giggs kuva mu kwezi kwa 9 umwaka ushize, uyu mukobwa yaba ngo ashaka  kwiyahura ariyo mpamvu ubu ari gucungwa n’aba Body Guard babiri. Imogen Thomas musambane wa Ryan Giggs Usibye kuba mukuru wa Thomas Imogen  yaratangaje ko Imogen ashaka kwiyahura, ngo hari n’ubutumwa bwinshi yagiye abona […]Irambuye

Umwiyahuzi yishe umukuru wa Polisi

Afghanistan: Police Commander w’amajyaruguru ya Afghanistan yose yishwe n’igisasu cy’umwiyahuzi ku biro bya guverineri wiyo ntara ku mugoroba w’uyu wa gatandatu. General Mohammad Daud yari avuye mu nama yamuhuzaga n’abandi bayobozi biyi ntara ubwo umwiyahuzi yaturutsaga igisasu basohotse muri iyi nama kigahitana uyu mu Commander wo mu rwego rwo hejuru. Uyu mugabo akaba ari uwa […]Irambuye

Paul Kagame i Burasirazuba, ati iki ?

Kuri uyu wa gatanu  taliki ya 27-05-2011, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye uruzinduko mu karere ka Nyagatare mu ntara y’iburasirazuba. Kagame i Nyagatare kuri uyu wa gatanu/Photo Newtimes Ako karere kagizwe n’imirenge 14, kakaba kandi ari kamwe mu turere tugaragaramo umukenke, karimo igice cya Parc National y’Akagera ahagaragaramo zimwe mu nyamaswa zirimo impara n’imparage […]Irambuye

MINELA- Umuganda udasanzwe

Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2011 Ministeri y’umutungo kamere ifatanije n’abanyarwanda bose iributangize icyumweru cyahariwe ibidukikije, bikaba bitegnijwe ibikorwa byo kwita ku bidukikije ndetse no guteza imbere umuco w’isuku bizkomeza kwitabwaho mugihe kingana n’ukwezi. Ibi twabitangarijwe na Ministeri y’umutungo kamere (MINELA) mu itangazo yageneye abanyarwanda bose kuri uyu munsi, nkuko mugiye kurisoma  hasi hano uko […]Irambuye

Top 10: Abanyagitugu bakiriho

Nkuko ubushize twabagejejeho urutonde rw’abanyagitugu babayeho mubihe byashize bakarangwa n’ibikorwa birenze kamere, ubu noneho tugiye kubagezaho abanyagitugu bagihumeka umwuka w’abazima. Dore urutonde rw’abaperezida b’abanyagitugu ku rwego rw’isi bakiri  bazima. Gusa igitera abanshi kwibaza no gutangara ni kuba bamwe muri bo bakiri ku buyobozi mu gihe ku isi usanga intambara  zibera mu bihugu bimwe na bimwe […]Irambuye

Uburezi bugomba gukoreshwa mu gukemura ibibazo

Mu mibereho isanzwe ya buri munsi, abantu bashobora guhura n’ibibazo bigatuma bahindura imyifatire cyangwa bikabatera ihungabana. Ababana n’ibibazo bishobora kubagiraho impinduka zitari nziza, haba ku mubiri ndetse no mubitekerezo, abo babana ntibagomba kubafata nk’aho ibyababayeho bidasanzwe; ahubwo bagomba kumenya ko icyabibateye ari cyo kiba kidasanzwe. Ibi ni ibitangazwa n’abanyeshuli biga muri kaminuza nkuru y’u Rwanda, […]Irambuye

Tora Blessed sisters mu irushanwa

Groupe The Blessed Sisters igizwe n’abakobwa batatu bavukana aribo Peace, Rebecca na Dorcus bakaba babarizwa mu itorero rya Anglican muri Paroisse ya Saint Etienne iherereye i Nyamirambo aho bita mu Biryogo. Aba baririmbyi bamaze kumenyekana cyane mu gihe kinga n’imyaka 4 bamaze baririmba mu matorero anyuranye ndetse no mu makorali atandukanye. Mu gihe bamaze baririmba […]Irambuye

Lady Gaga yiringira ubugore bwe kurusha imana

Lady gaga ni umuhanzi ukunda kugaragaraho udushya, aherutse gutangaza ko we asenga abagore gusa, kandi yiringira ubugore bwe,  igitangaje nuko uyu Lady Gaga mu mabyirukaye  yakuriye mu idini rya abakatolika. Avugako igihe cyose bamubwiraga gusenga Imana cyangwa Yezu we yahitagamo gusenga no kwiringira ubugore mbega akumvako kuba ari umugore byamufasha mubyo akeneye . Yatangarije  Popjustice […]Irambuye

G8-Inkunga mu barabu!

DEAUVILLE, Calvados – Abayobozi b’ ibihugu 8 bikize cyane ku isi baganiye ku kibazo cy ingaruka z’ amadeni ya leta zunze ubumwe z’Amerika ku bukungu bw ‘isi, bakaba kandi biyemeje gutanga inkunga yabo kugirango bafashe ibihugu by’ Abarabu ubu ngo byiyemeje guhindukirira inzira ya demokarasi. Ingaruka z’ imvururu zibera muri  Yémen, aho imirwano hagati y’ […]Irambuye

Amahoro yifashe ate Ku isi?

Ikigo cy’Ubukungu n’Amahoro(Institute of Economics & Peace) cyasohoye icyegeranyo kigaragaza uko amahora yifashe ku isi. Imibereho myiza y’abaturage, nicyo gipimo iki kigo cyahereyeho kigaragaza amahoro. Ufatiye ku mibereho myiza y’abatuye ku isi muri rusange, iki kigo cy’ubukungu n’amahoro kererekana ko amahoro yasubiye inyuma cyane mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2011. Ugusubira inyuma byatewe ahanini n’impinduramatwara […]Irambuye

en_USEnglish