Month: <span>May 2011</span>

Rwanda: Ijambo mu byemezo by’isi

Ahafatirwa ibyemezo ku isi u Rwanda rwarahacengeye, Dore ibanga. Inkuru dukesha echosdafrique.com yanditse ko u Rwanda uyu munsi  rufite ijambo mu hafatirwa ibyemezo hatandukanye ku isi ndetse kivuga n’ibanga ryakoreshejwe. U Rwanda ngo ni kimwe mu bihugu bike bya Africa bivuga rikijyana mu gufata imyanzuro cyane cyane muri aka karere k’ibiyaga bigari. Imyanzuro myinshi ifatwa […]Irambuye

Umwana w’imyaka 19 yaguye mu myitozo

Muri Tanzania, ahitwa Mwenge, kuri uyu wa mbere umusore w’imyaka 19 witwa Nassoro Issa yapfiriye mu myitozo y’ikipe ye yitwa Kindai Shooting Stars. Iyi kipe yiteguraga akarushanwa gahuza amakipe y’ingimbi kitwa Taifa Cup, ku gicamusi mu myitozo ngo uyu mwana yatse uruhusa umutoza we kuko yumvaga atamerewe neza mu gatuza maze ngo yicara munsi y’igiti […]Irambuye

Abantu 10 bari guhigwa nyuma ya Osama

Nyuma y’urupfu rwa Osama Bin Laden wari ufite agatwe gahenze kurusha utundi twose, theguardian yagaragaje abandi bantu 10 bashakishwa ari bazima cyangwa bapfuye na FBI na CIA ndetse n’izindi ntasi zose zo kwisi. Aba bagabo ahanini baba bashinjwa byinshi; kwica abantu, gucuruza ibyobyabwenge, gucuruza intwaro, iterabwoba, gucuruza abantu n’ibindi bitandukanye. Amakuru avuga aho bari cyangwa […]Irambuye

Ingeso tutihannye zigira ingaruka

Yosuwa 11:22 Nta muntu n’umwe wo mu banaki wasigaye mu gihugu cy’ Abisirayeri keretse i Gaza, i Gati, na Ashidodi niho hasigaye bamwe. 1.Ubundi gukizwa ni ukumaramaza, ugakizwa ugamije kutagira icyo usiga kuko ingeso yose ya kamere yaba iyo wita  nto utayihanye yazakugiraho ingaruka mbi utayiretse. -Kandi ingeso zirabyarana, irari riratwita rikabyara icyaha, icyaha kikazabyara urupfu. […]Irambuye

Obama yihimuye kuri Trump mu bitwenge

Perezida Barack Obama yaraye yishyuye Donald Trump umugabo wateje urujijo ku bijyanye n’ aho Obama yaba yaravukiye. Asangira na bamwe mu bayobozi  bakuru ba USA, perezida Obama asa nk’ utebya, yatanze urugero yifashishije dessin animé  yitwa Roi lion agaragaza impinduka Trump yazana muri gihugu igihe yatorerwa kukiyobora umwaka utaha wa 2012. Nk’ uko biri mu muco w’ […]Irambuye

CEVETEKA barasaba gusubizwa imigabane

Abanyamuryango b’icyahoze ari koperative CEVETEKA, ikora imirimo yo gutwara abagenzi kuri moto mu murenge wa Kinazi ho mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo, bakaba barirukanwe nyuma y’uko iyi koperative isenyewe muri COTAMOHU ikorera mu mujyi wa Butare, barasaba gusubizwa amafaranga y’imigabane yabo bavuga ko yacunzwe nabi indi ikanyerezwa n’ubuyobozi bw’iyi koperative. Photo: Abanyamuryango ba CETEVEKA […]Irambuye

Idohoka ry’ikibazo cya bourse!

70% by’abanyeshuri bashobora kuzongera gufashwa- Guverineri Munyantwari Mu kiganiro yagiranye n’abanyeshuri ba kaminuza nkuru y’u Rwanda kuri uyu wa mbere tariki ya 02 Gicuransi 2011, kigamije kubasobanurira uko igikorwa cy’amajonjora mashya cyakozwe, guverineri w’intara y’amajyepfo Munyantwari Alphonse yavuze ko hakurikijwe imibare yavuye muri aya majonjora mashya, abanyeshuri bagera kuri 70% bashobora kuzongera kubona ariya mafaranga […]Irambuye

Kurebana ay’ingwe ku mpande zombi

Bararebana ay’ingwe hagati ya FC Barcelona, Real Madrid n’abasifuzi. “Mu bihe nk’ibi biroroshye ko abakinnyi bata ikerekezo, ni ngombwa ko batuza kandi nkaba nizeye ko abafana bari buze kudushyigikira bihagije”. Mu mvugo ituje y’umutoza Pepe Guardiola. Frank de Bleeckere umubiligi w’imyaka 44 kuri ubu ari gutunganya ifirimbi ye iza kuba ifite akazi  katoroshye mu mukino wo kwishyura uhuza […]Irambuye

ICK: Kwibuka jenoside ku nshuro ya 17

Institut Catholique de Kabgayi: Bibutse abazize genocide yakorewe abatutsi mu 1994 Kuri uyu mugoroba wo kuwa gatandatu taliki ya 30 mata 2011 mu ishuri rikuru gatolika rya Kabgayi habaye ijoro ryo kwibuka abazize Genocide yakorewe abatutsi mu 1994. Muri iryo joro ryo kwibuka, mu butumwa bwahatangiwe abenshi bagiye  bagaruka ku nsanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Twibuke […]Irambuye

Osama Bin Laden ni muntu ki ?

Osama mwene Muhammad, Muhammad mwene Awad bin Laden, azwi nk’ uwashinze  kandi akaba n’umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba Al-Qaeda akaba kandi yafatwaga  nkaho ariwe uhagagrariye iterabwoba ku isi , akaba yaravukiye I  Riyadh, muri Saudi Arabia harku ya 10/3/1957. Photo: Osama Bin Laden Osama Bin Laden Uyu mugabo warashwe n’igisirikare cy’ Abanyamerika  yarerewe kandi avukira mu muryango […]Irambuye

en_USEnglish