Month: <span>May 2011</span>

Abatoza 2 birukanywe muri PNL

Mu ikipe ya Etincelles ndetse na Musanze FC haravugwa iyirukanwa ry’abatuza Bizimana Abdou bita Beken (Etincelles) na Antoine Rutsindura bita Mabombe (Musanze FC). Umutoza Beken we ngo yaba azize ko ikipe ya Etincelles ubu idahagaze neza muri shampionat nk’ikipe iheruka gusohokera u Rwanda kandi ishobora no kuzasohoka mu marushanwa ya CECAFA Kagame Cup azabera muri […]Irambuye

Abakoreraga SORWAL mu gihirahiro

Huye:Nyuma y’uko noteri wa leta mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo atangaje ko hagiye gutezwa cyamunara imitungo y’uruganda rw’ibibiriti rwa SORWAL, ngo hishyurwe umwenda w’imisoro uru ruganda rubereyemo Leta, abahoze ari abakozi barwo, barasaba kwishyurwa imyenda  uru ruganda rwahagaritse imirimo yarwo mu 2008 rutabishyuye. Muri uku kwezi kwa kane nibwo abahoze ari abakozi b’uruganda […]Irambuye

UCORIBU igiciro gito cy’umuceri

Gikonko: Ingorane z’ibiciro ku banyamuryango ba UCORIBU Abahinzi b’umuceri bo mu turere twa Gisagara, Huye na Nyanza two mu ntara y’amajyepfo bibumbiye mu ihuriro UCORIBU barasaba kongererwa igiciro bahabwa ku muceri bavuga ko kiri hasi ugereranije n’ibisabwa mu kuwuhinga, bikaba bituma bakorera mu gihombo. Bamwe muri aba bahinzi bavuga ko iyo weze bahitamo kuwugurisha n’abandi […]Irambuye

NUR-EJC igiye kwimukira i Kigali

Kuva mu kwezi kwa 6, ishuri ry’itangazamakuru n’itumanaho riraba ryigira i Kigali KIGALI– Nyuma yuko inama y’abaministre yemeje ko ishuri ry’itangazamakuru n’itumanaho  ribarizwa muri Kanuza nkuru y’u Rwanda ryimurirwa I Kigali, abanyeshuri biga muri iri shuri bifuje ko ryakwimurwa mu gihemwe cya kabiri cya amasomo kizatangira mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka.ubuyobozi bwa kaminuza bukaba […]Irambuye

Dr. Kirabo yasuye akarere ka Bugesera

Bugesera- Mu  ruzinduko yagiriye mu karere ka Bugesera ku wa 10 Gicurasi, 2011 Guverineri w’intara y’Iburasirazuba Dr. Aisa Kirabo Kacyira ari kumwe n’Abayobozi b’Ingabo na Polisi mu Ntara, yasabye abahinzi bahinga mu gishanga cya Mwogo mu Karere ka Bugesera kurushaho gushyiramo imbaraga maze bakiteza imbere.Iki gishanga gifite ubuso bwa  Ha 1000 kikaba giteganywa kuzahingwamo umuceri […]Irambuye

Impanuka ikaze ku Giti cy’Inyoni

Kuri uyu wa gatandatu  kuwa 7 Gicurasi ku mugoroba ahagana mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba nibwo ahazwi ku izina rya Giti cy’Inyoni hafi y’umugezi wa Nyabarongo, habereye impanuka ikaze yahitanye abantu 14 abandi 2 barakomereka bikabije. Iyi mpanuka yakozwe n’imodoka ebyiri imwe yo mu bwoko bwa TOYOTA Hiace ikora akazi ko gutwara abagenzi  […]Irambuye

OSAM A yari abayeho ate i Abbottabad?

Osama Bin Laden yaratuye mu nzu nziza “Villa” muri quatier y’ikizungu (y’abakire) mu mugi wa Abbottabad km80 uvuye mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad. Iyi nzu iri mundi y’umusozi, ikikijwe n’imirima y’ibirayi, ibiti by’ikaritusi ndetse n’imirima y’urumogi. Ikaba ari inzu ifite agaciro ka Miliyoni y’amadorali ($1m), ari nayo bamurasiyemo. Iyi nzu ngo yaba yari irimo […]Irambuye

Twahawe umugisha muri Kristo Yesu.

Twahawe umugisha n’Imana muri Kristo Yesu. Imana y’Umwami wacu Yesu Kristu ariyo nase ishimwe kuko yaduhereye muri Kristu imigisha yose y’umwuka yo mu ijuru. Abefose: 1:3 Nkuko dukunze kubagezaho ubutumwa bwiza mu nyigisho, uyu munsi twabageneye ubutumwa ku mugisha Imana yaduhereye muri Yesu Kristu. Iyo Bibiliya igize iti: “Imana y’Umwami wacu Yesu Kristu ariyo na […]Irambuye

NUR VC yasezerewe muri Demi final

Ikipe ya Kaminuza y’u Rwanda ya Volleyball yasezerewe muri ½ cy’irangiza n’ikipe na Prisons yo muri Kenya mu mukino wamaze amasaha 2, mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ibera mu Misiri. Prisons ikaba yatsinze Kaminuza y’u Rwanda amaseti 3 -2  (Prisons vs NUR 23-25,   25-21,   23-25,   25-21,   21-19). Kaminuza ikaba yatsinzwe kuri set nto bita […]Irambuye

en_USEnglish