Tags : UN

Burundi: Nyangoma asanga Nkurunziza yararushije ingufu abamurwanya

Umuyobozi mukuru w’ihuriro ry’abatavuga rumwe na Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza, Leonard Nyangoma yatangarije yatangaje ko ubutegetsi bwarushije intege abigaragambyaga, asaba ko amahanga yafatira Nkurunziza ibihano bikaze kugira ngo yemere ibiganiro. Léonard Nyangoma kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kanama ayobora Ihuriro y’amashyaka atavuga rumwe na Leta, rivuga ko riharanira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Arusha […]Irambuye

UN iri kunanirwa muri Syria kubera inyungu z’ibihangange – Ban

Umunyamabanga Mukuru wa UN, Ban Ki-moon, yemeye ko Umuryango w’Abibumbye wananiwe kugira icyo ukora ngo intambara muri Syria irangire kubera ubwumvikane buke mu bihugu by’ibihanganjye, ibihumbi by’abantu bikomeje gitikira, abandi batagira ingano bahunga umusubizo mu buryo butigeze bubaho muri iki kinyejana. Umunyamabanga Mukuru wa UN yatangarije ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza ko ibihugu by’ibihanganjye, […]Irambuye

Burundi: Gerenade bayigura Frw 4000, Kalashnikov ntirenza Frw 70 000

Mu gihe igihugu cy’U Burundi ibyaho bikomeje kuba amayobera ku ho byerekeza, bamwe mu baturage b’i Bujumbura batangiye kujya biyemerera ko batunze intwaro zo kurwanya Leta, ndetse bazibona ku giciro cyo hasi kandi ngo barimo kwitegura intambara. Umuturage wiswe E, bitewe n’umutekano we, yaganiriye n’Ikinyamakuru IBTimes, akibwira ko atuye muri Nyakabiga agace kamwe ka Bujumbura, yavuze ko […]Irambuye

Gen Adolphe Nshimirimana inkoramutima ya Nkurunziza yiciwe mu Kamenge

Gen Adolphe Nshimirimana, wahoze ari Umugaba mukuru w’Ingabo n’ushinzwe ubutasi mu Burundi kugeza mu 2014 ubu akaba yari ashinzwe ubutumwa bwa Perezida Nkurunziza, yiciwe mu gitero cyagabwe ku modoka yari imutwaye kuri iki cyumweru i Bujumbura muri quartier Kameenge. Ibiro ntaramakuru Reuters biravuga ko imodoka ya Gen Adolphe Nshimirimana yarashweho igisasu rya ‘roquette’, mu gitondo cyo kuri […]Irambuye

Mu mwaka wa 2050 abatuye Isi bazaba ari miliyari 9,7

Raporo nshya y’Umuryango w’Abibumbye yasohotse ku wa gatatu tariki 29 Nyakanga iravuga ko umubare w’abatuye Isi uzaba ari miliyari 8,5 mu mwaka wa 2030, mu mwaka wa 2050 bazaba bamaze kuba miliyari 9,7 mu myaka 50 izakurikira, mu 20100 abatuye Isi bazaba ari miliyari 11,2. Mu mwaka wa 1990, hashize imyaka 25, Isi yari ituwe […]Irambuye

Abadepite batanze ibitekerezo byabo kuri SDGs zizasimbura MDGs

*Gukora ubuvugizi mu kuzamura uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore * Guhanga akazi ku rubyiruko no gukemura ikibazo cya mayibobo (abana bo ku muhanda) *Gusaba ibihugu bikize gutanga amafaranga angana na 0,7% y’ubukungu bwabyo nk’uko byabyiyemeje Ibyo ni bimwe mu bitekerezo abadepite bagejeje kuri Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Amb Claver Gatete ubwo yabagezagaho ibiganiro bigamije kubasobanurira aho u Rwanda […]Irambuye

Kuganira nibyo bitanga umuti urambye w’ibibazo – Kagame

Mu ijambo ryo gufungura inama y’iminsi ibiri ku kurinda abasivili iteranyije ibihugu 30 bigira uruhare mu gutanga ingabo n’abapolisi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, Perezida Paul Kagame yavuze ko kuganira ku bibazo aribyo bitanga ibisubizo birambye mu kuzana amahoro. Iyi nama ivuga ku kubungabunga umutekano w’abaturage b’abasivile (International Conference on the Protection of Civilians), ihuje […]Irambuye

Kirehe: Ubuzima Abarundi babayemo mu nkambi ya Mahama

Ni 7 287 bari mu nkambi ya Mahama kuva ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki 29 Mata, nimugoroba ubwo twavaga kubasura imodoka zatundaga abandi 1 001 bavuye mu nkambi y’agateganyo mu karere ka Bugesera n’abandi 875 bavuye mu karere ka Nyanza, bose hamwe baragera ku 9 000 mu nkambi ya Mahama hafi y’umugezi w’Akagera. Aba […]Irambuye

El Fasher: Ingabo za RDF ziri mu butumwa bw’amahoro zatangiye

Izi ngabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (UNAMID) zatangiye imirimo yo gusana ishuri ribanza riri ahitwa Jugujugu mu mujyi wa El Fasher, muri Km 7 hafi n’ibirindiro by’ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt44 Super Camp). Iki gikorwa kizaterwa inkunga na UNAMID binyuze mu cyitwa umushinga utanga impinduka vuba (Quick Impact Project), bikorwe n’ingabo z’u Rwanda zagiye […]Irambuye

“Abavuga ko Nkurunziza atemerewe kwiyamamaza barata igihe,” – CNDD-FDD

Nyuma y’inama isadanzwe y’abarwanashyaka ba CNDD-FDD kuri uyu wa gatandatu, Perezida Nkurunziza yemejwe nk’umukandida uzahagararira iryo shyaka mu matora y’umukuru w’igihugu agiye kuza, Pascal Nyabenda umuyobozi w’iri shyaka akaba yavuze ko abavuga ko Nkurunziza atemerewe kwiyamamaza barimo guta igihe. Imyigaragambyo y’abamagana iki cyemezo yabikurikiye kuri iki cyumweru yaguyemo abantu babiri. Pascal Nyabenda yemeje ko Nkurunziza ari […]Irambuye

en_USEnglish