Tags : UN

UN: Haratorwa umwanzuro ugamije guhagarika ubwicanyi mu Burundi

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano ku Isi, kashyize itora ry’umwanzuro wamagana kwiyongera k’ubwicanyi, iyicarubozo n’ibindi bikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa kane tariki ya 12 Ugushyingo, uyu mwanzuro uteganya n’ibihano ku bantu bose bafite uruhare mu mvururu n’ubwicanyi. Amakuru avuga ko abantu 252 bamaze kwicwa nyuma y’aho Perezida […]Irambuye

Ubufaransa bwasabye akanama k’umutekano ka UN gutabara u Burundi

Kuwa mbere w’iki cyumweru, U Bufaransa bwasabye akanama k’umutekano k’umuryango w’abibumbye (UN) gutabara u Burundi ubwicanyi buhari butarafata intera ndende nk’ibyabaye mu Rwanda mu myaka 21 ishize. Mu mushinga wo gutabara u Burundi utari wemerwa nk’umwanzuro w’Umuryango w’abibumbye, harimo n’ibihano ku bayobozi bakuru b’u Burundi barebeera, ndetse n’abatiza umurindi ubwicanyi n’ibibazo bishingiye kuri Manda ya […]Irambuye

Croix Rouge y’u Rwanda irashaka gufasha abaturiye inkambi ya Mahama

Mu kiganiro n’abanyamakuru, ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bugamije gukusanya ibitekerezo by’abantu ku bibazo bibugarije, Croix Rouge y’u Rwanda izakoraho ubuvugizi ku rwego rw’Isi, Karamaga Apollinaire, Umunyamabanga Mukuru, yavuze ko mu mwaka utaha hari gahunda yo gufasha abaturiye inkambi y’Abarundi ya Mahama ngo kuko ubuzima bwaho bwahenze. Iki kiganiro cyabaye ku gicamusi cyo kuri uyu wa gatanu […]Irambuye

Ubwenegihugu bubiri na 30% igenerwa abagore byateje impaka mu Nteko

Ubwo hatorwaga ingingo ku yindi muri 172 ziri mu mushinga mushya w’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, abadepite batandukanye bagaragaje kutumva kimwe n’uko ingingo ya 28 ivuga ku bwenegihugu nyarwanda yanditse ndetse n’iya 77 ivuga uko abagore bahabwa amahirwe 30% mu kazi n’imyanya ifata ibyemezo muri Leta. Ubwo uyu mushinga uzashingirwaho Itegeko Nshinga rizagenderwaho mu […]Irambuye

‘Bourse’ y’amezi 2 abanyeshuri barayibona vuba aha izatangwa mu buryo

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 15 Ukwakira 2015, ubwo Minisitiri y’Uburezi na Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) basinyanaga amasezerano agamije guhindura uburyo inguzanyo yatangwaga ku banyeshuri ba kaminuza, Minisitiri w’Uburezi Dr Papias Musafiri yavuze ko ‘Bourse’ y’amezi abiri yamaze gutegurwa, ikazatangwa vuba aha mu buryo bwari busanzwe. Aya masezerano aje mu […]Irambuye

Uganda: Besigye utavuga rumwe na Museveni yatawe muri yombi

Kuri uyu wa kane Kizza Besigye umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe na Leta muri Uganda, (Forum for Democratic Change, FDC),  yatawe muri yombi hamwe na bamwe mu bayobozi b’iri shyaka ritavuga rumwe na Leta. Dr. Kizza Besigye yafashwe na Polisi ndetse n’Umuvugizi w’ishyaka rye Ssemujju Nganda bose bafatiwe mu ngo zabo. Polisi ya Uganda yari yagose […]Irambuye

Imbere ya LONI u Rwanda rwagaye ubutabera bw’Ubufaransa

Mu gihe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rukorera Arusha muri Tanzania (TPIR) rwagezaga Raporo yarwo ya nyuma ku muryango w’Abibumbye warushyizeho dore ko rubura ibyumweru bitandatu (6) ngo rufunge imiryango, Maboneza Sana wari uhagarariye u Rwanda yagaragaje intege nke mu gukurikirana abakekwaho Jenoside batarafatwa, ndetse agaya ubutabera bw’u Bufaransa bwanze gukomeza urubanza rwa Padiri […]Irambuye

Ubusesenguzi: U Burusiya na USA bishobora gukozanyaho muri Syria

Ba Minisitiri b’ingabo muri Leta zunze Ubumwe za America n’uw’U Burusiya barahura mu biganiro by’imbona nk’ubone “bidatinze bishoboka” kugira ngo hirindwe koi bi bihugu byombi byasakirana mu gihugu cya Syria, nk’uko umwe mu badiplomate yabitangarije BBC. U Burusiya bwatangaje ko bwarashe misile 20 ku nyeshyamba buvuga ko ari iza ‘Islamic State’ (IS) kuri uyu wa […]Irambuye

U Burusiya bwamenyesheje Amerika ko bwatangiye kurasa kuri IS muri

Uburusiya bwatangaje ko indeje zabwo z’intambara zatangiye kurasa ku barwanya b’umutwe wa Leta ya kisilam (Islamic State, IS) urwanya ubutegetsi buriho muri Syria. Nkuko byatangajwe na Minisiteri y’ingabo indege zigomba kurasa ku hantu hose hari ibirindiro by’uyu mutwe, ku mamadoka yawo ndetse no ku bubiko bw’intwaro n’ibikoresho n’inzira z’itumanaho ryabo. Ngo ibyo bitero byatangiye kugabwa […]Irambuye

Kigali: Polisi yasubije ibikoresho byibwe benebyo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Nzeri ku cyicaro cya Polisi ya Remera, habayeho gusubiza abaturage ibikoresho byafashwe byaribwe, birimo za televiziyo, mudasobwo (laptops), n’amatelefone. Umuvugizi wa polisi y’igihugu CSP Celestin Twahirwa yavuze ko Polisi y’igihugu yakajije umurego ndetse ishyiramo n’imbaraga zo guhangana n’abakora ibyaha aho bava bakagera. Yaburiye abakora ibyo bikorwa ko bashatse […]Irambuye

en_USEnglish