Tags : Tanzania

Magufuli na Perezida Kagame bazafungura ibiro by’Umupaka wa Rusumo

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli kuva kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Mata azatangira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda aho biteganyijwe ko azanitabira umuhango wo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri uru ruzinduko, Perezida Pombe John Joseph Magufuli azitabira gufungura inyubako irimo ibiro bikorerwamo n’inzego z’abinjira n’abasohoka ibihugu […]Irambuye

Burundi: EU yahagiritse inkunga yageneraga Leta

Umuryango w’ibihugu by’Uburayi wahagaritse inkunga wageneraga Leta y’u Burundi mu buryo butaziguye, urashinja inzego z’ubutegetsi muri icyo gihugu kuba zitarakemuye neza ibibazo uyu muryango wa EU wagaragaje ko bihari. Ibikorwa byinshi bya Leta biterwa inkunga n’Umuryango w’ibihugu by’Uburayi, EU. Uyu muryango uvuga ko abantu 400 bishwe abandi 240 000 bagahunga igihugu kuva imvururu zishingiye kuri […]Irambuye

Tanzania: Kuganira ku mbuga nkoranyambaga (Chat) mu kazi ntibyemewe

Nyuma y’uko Perezida Magufuli aje agahindura byinshi muri Tanzania, bamwe mu Baminisitiri be na bo batangiye gushyiraho impinduka zishobora gutanga umusaruro mwiza mu iterambere ry’igihugu. Icyari gitahiwe ni uguca ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga (Facebook, Whats App…) mu masaha y’akazi. Byatangiriye muri Minisiteri ishinzwe ibikorwa bya Leta, ubwikorezi n’itumanaho muri icyo gihugu aho yashyizeho itegeko rigamije guca […]Irambuye

Yanga Africans izahangana na APR FC iragera mu Rwanda kuri

Biteganyijwe ko ikipe ya Yanga Africans muri Tanzania bita Wana-Jangwani igera mu Rwanda kuri uyu wakane, ije kwitegura APR FC bazakina kuwa gatandatu mu mikino nyafrica y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ategurwa na CAF. Yanga Africans ya kapiteni w’Amavubi Haruna Niyonzima na Mbyu Twite bombi baciye muri APR FCizahangana na APR FC kuwa gatandatu kuri […]Irambuye

Abayobozi b’ibihugu bya EAC baratinda kuki? Ku Burundi cg kuri

*Biteganyijwe ko u Burundi aribwo buhabwa ubuyobozi bwa EAC *U Burundi bwakwangira Somalia kwinjira muri EAC kubera imiyoborere? *Perezida w’u Burundi arayizamo? ko ishize yayijemo bakamutera ‘coup d’etat’ *Iyi nama yuyu munsi iriga ku kubuza imyenda n’inkweto bya Caguwa kwinjira muri EAC *Iziga kandi no ku kugabanya imodoka zakoze zinjira muri aka karere Kuri uyu […]Irambuye

Mushikiwabo yaganiriye na Mahiga wa Tanzania ku mibanire y’ibihugu byabo

Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe mu Rwanda, kuri uyu wa kane Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Tanzania Augustine Mahiga yahuye na mugenzi we w’u Rwanda Louise Mushikiwabo baganira ku kunoza imibanire y’ibihugu byombi nk’uko bivugwa n’intagazo basohoye nyuma y’ibi biganiro. Mu nama yahuje aba ba Minisitiri n’abo bari kumwe, Minisitiri Louise Mushikiwabo yari kumwe na […]Irambuye

Minisitiri wa Tanzania yavuze ko Urwibutso rwa Jenoside ari isomo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Tanzania, Augustine Philip Mahiga uri mu Rwanda, nyuma yo gusura akanasobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatusti, yavuze ko urwibutso rwa Jenoside ari isomo n’umwarimu ku batuye Isi, asaba Africa n’amahanga kujya basura uru rwibutso. Ku isaha ya saa kumi z’umugoroba irenzeho iminota mike, nibwo Minisitiri Augustine Mahiga yari ageze ku Rwibutso […]Irambuye

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Tanzania ari mu Rwanda

Augustine Mahiga yageze mu Rwanda kuri uyu wa gatatu mu ruzinduko rw’akazi. Kuri uyu mugoroba yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku Gisozi. Tanzania n’u Rwanda biri kuzahura umubano wabyo wajemo igitotsi kuva mu 2013 ubwo uwari Perezida w’iki gihugu Jakaya Kitwete yavugaga ko u Rwanda rukwiye kuganira na FDLR. Kuva icyo gihe kugeza Perezida […]Irambuye

Tanzania: Uwari ushinzwe irangamuntu na we yirukanywe ku kazi na

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli, yirukanye umuyobozi mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe irangamuntu (NIDA), Dickson Maimu azira akayabo ka miliyari zisaga 179 z’Amashilingi ya Tanzania angana na miliyoni 82.3 z’Amadolari yagiye mu gukoresha indangamuntu. Perezida Magufuli yanirukanye abandi bayobozi bane bakuru ba NIDA, barimo ushinzwe ICT, Joseph Makani, umuyobozi mukuru ushinzwe amasoko, Rahel Mapande, […]Irambuye

en_USEnglish