Tags : SENA

Kaboneka yavuze ku iyirukanwa n’isezera ry’abakozi bo mu nzego z’ibanze

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Fancis Kaboneka avuga ko ibimaze iminsi biba mu nzego z’ibanze atari ukwegura ku bakozi n’abayobozi, ahubwo ngo habayeho kwirukanwa no gusezera ku mpamvu bwite kandi ngo nta gikuba cyacitse mu nzego zibanze bahora ‘bavugurura’. Ubwo Umunyamakuru w’Umuseke yabazaga Minisitiri Francis Kaboneka icyo atekereza ku gikorwa cyo kwegura kw’abayobozi babarirwa muri magana cyane […]Irambuye

Hon Ntawukuliryayo ntiyemera ko umuntu agira 48/50 muri ‘Ecrit’ agatsindwa

*Mu bajuririye amanota ya Interview 46,2% ubujurire bwabo bwari bufite ishingiro, *Abasenateri barasaba ko abakosora ikizamini n’abagitegura bakwiye kuba ari abanyamwuga, *Ikizamini cya Interview kibajijweho byinshi n’Abasenateri. Ubwo Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage muri Sena yaganiraga na Komisiyo Ishinzwe Abakozi ba Leta, Hon Sen. Ntawukuliryayo Jean Damascene na bagenzi be bagaragaje […]Irambuye

BrigGen Rwigamba arasaba ibihano bikomeye ku bakoresha ibiyobyabwenge

Mu nama nyunguranabitekerezo ku byaha byambukiranya imipaka n’iby’ikoranabuhanga ibera muri Sena ikaba yagombaga guhuza inzego 47 z’igihugu, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imfungwa n’Abagororwa, BrigGen George Rwigamba yavuze ko abakoresha ibiyobyabwenge bakwiye guhabwa ibihano bibatinyisha kubinywa cyangwa bikabera abandi urugero. Iyi nama yatangijwe na Perezida wa Sena Bernard Makuza, yatumijwe na Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’Umutekano ya […]Irambuye

Abashakashatsi mu buhinzi barakennye cyane nabasabye kutitwa iryo zina –

Mu biganiro Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari bagiranye na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’Ibigo biyishamikiyeho, ku nzitizi babonye mu ngendo bamazemo amezi abiri mu gihugu hose, Hon Sen Karangwa Chrysologue yavuze ko abashakashatsi ba RAB i Musanze n’ahitwa Tamira basanze bakorera ahantu habi cyane ku buryo ku bwe ngo badakwiye no kwitwa abashakashatsi. Bimwe mu […]Irambuye

Ubushakashatsi ku mateka nyayo y’u Rwanda bwafasha kurwanya ipfobya n’ihakana

Ku munsi mpuzamahanga w’amasezerano yo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside ku Isi hose, kuri uyu wa gatanu urubyiruko rwinga mu Ishuri ry’Ikoranabuhanga (Tumba College of Technology) rwasabwe gukora ubushakashatsi ku mateka yaranze u Rwanda kugira ngo n’abazabakomokaho bazamenye ibyabaye. Uyu munsi wizihizwa ku Isi yose haganirwa ku ngaruka za Jenoside n’uburyo bwo kurandura ingengabitekerezo […]Irambuye

Abagore bagifite imyumvire yo gutinya imyanya ikomeye ni inzitizi kuri

Kuri uyu wa mbere, Abasenateri  bagize Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere Myiza, basuye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu rwego rwo kumenya no kugenzura iyubahirizwa ry’amahame remezo mu matora ya Referandumu, n’ay’inzego z’ibanze, mu byo baganiriye harimo uko abagore barushaho kukwitabira kujya mu myanya ikomeye ifata ibyemezo aho kujya mu yo bumva yoroheje kubera ko ngo ni imwe […]Irambuye

Impaka mu Badepite n’inzego zifite aho zihuriye n’iterambere ry’urubyiruko

Mu kiganiro Inteko Nshingamategeko imitwe yombi yagiranye n’inzego zifite aho zihurira n’urubyiruko kuri uyu wa mbere, impaka zabaye ndende ku ireme ry’uburezi n’ingufu gahunda zishyirwaho ngo ziteze imbere urubyiruko ziba zifite, Abadepite banenze Minisiteri enye n’ibigo bifite mu nshingano urubyiruko ku ngamba n’imibare yabyo mu gushakira imibereho myiza n’iterambere no kugabanywa ubushomeri mu rubyiruko. Iki […]Irambuye

2016 hamaze kwakirwa ibirego 74 bijyanye n’icuruzwa ry’abantu – IGP

*Ubukene, ikoranabuhanga, amategeko adafite ibihano bikakaye ngo baroroshya icuruzwa ry’abantu *Mu Nteko ikibazo cy’ibiyobyabwenge, icuruzwa ry’abantu n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina byahagurukije inzego *Ibiyobyabwenge bikaze nka Heroin na Cocaine ngo byafatiwe mu Rwanda bitari bimenyerewe Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Emmanuel Gasana yavuze ko mu Rwanda, muri 2016 hamaze kugaragara ibirego 74 bijyanye n’icuruzwa ry’abantu […]Irambuye

Hari aho twavuye n’aho tugeze mu bumwe n’ubwiyunge – Makuza

Mu gusoza umwiherero w’iminsi itatu Abasenateri bari bamaze baganira ku buryo barushaho kuzuza inshingano basabwa n’Itegeko Nshinga, avuga ku ihame remezo rya Sena ryo kurwanya Jenoside n’ingengabitekerezo yayo, Perezida wa Sena Bernard Makuza yavuze ko nubwo hakiri ingengabitekerezo hari aho Abanyarwanda bavuye n’aho bageze mu bumwe n’ubwiyunge. Uyu mwihero wasojwe n’ikiganiro n’abanyamakuru cyabanjirijwe no gusoma […]Irambuye

en_USEnglish