Tags : Rwanda

Avram Grant watoje Chelsea, yabuze abavandimwe muri Jenoside

Umuyahudi wigeze gutoza ikipe ya Chelsea mu gihugu cy’Ubwongereza, Avraham Grant umaze iminsi micye mu Rwanda, yaraye agaragaye ku mukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports. Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru yababwiye ko yaje kwifatanya n’abanyarwanda mu mateka ahuje nabo. Uyu mutoza yageze kuri uyu mukino ubura igihe gito ngo urangire, abanyacyubahiro bari kuri uyu […]Irambuye

Kwibuka20: France ntikitabiriye umuhango wo gutangiza icyunamo

Nyuma y’ikiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique ku itariki 27 Werurwe, akaza kugaruka ku ruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, iki gihugu cyahise gihagarika ingendo z’abayobozi bakuru bari kuzaza kwitabira umuhango uteganyijwe kuwa mbere tariki 07 Mata wo gutangiza icyumweru cyo kunamira abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri icyo kiganiro kizasohoka mu […]Irambuye

Alicia Keys aje mu Rwanda

Amahanga menshi arareba u Rwanda muri iyi minsi, abantu bakomeye benshi bamwe bamaze kuhagera, abandi barategerejwe. Si ububanyi n’amahanga, siporo, ingagi cyangwa muzika bibagenza. Ni ukwifatanya n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside. Alicia Keys, umunyamuzika w’umunyamerika wamamaye ku Isi, nawe ari mu bari mu nzira baza mu Rwanda. Biteganyijwe ko Alicia Keys agera i […]Irambuye

Mukamutembe araburana ubutaka n’abakomeye

Isabelle Mukamutembe n’umuburanira hamwe n’ababuranira Hon Mudidi Emmanuel na Senateri Tito Rutaremara kuri uyu wa 03 Mata bari ku Rukiko Rukuru ku Kimihurura mu bujurire Mukamutembe aregamo bariya bagabo bombi, bazwi cyane mu gihugu, gushaka kumuriganya ikibanza we avuga ko ari icye anafitiye ibyangombwa. Uyu munsi Urukiko Rukuru rwumvise impande zombi hagamijwe kubanza kumva niba […]Irambuye

Queen Cha avuga ko gukora muzika bisaba kutawubangikanya

Mugemana Yvonne uzwi muri muzika nka Queen Cha aremeza ko ko muzika kugirango uyikore ku buryo bwiza ari uko nta kindi kintu uha umwanya munini kurusha uwo ugenera umuziki. Queen Cha hari amarushanwa amaze iminsi aba ntayagaragaremo, we yemeza ko ari ukubera umwanya muto yahaga muzika kubera amasomo. Queen Cha yabwiye Umuseke ko muzika igoye […]Irambuye

Abadepite b’Abongereza bavuze ko batahanye ukuri ku Rwanda

Amaraporo atandukanye ajya asohoka ku Rwanda, arimo amwe aruvuga nabi cyane, arushinja ibitandukanye, abanyapolitiki bamwe bakorera hanze bavuga byinshi bibi ku gihugu cy’u Rwanda, ibi ni bimwe mu byibazwagaho n’itsinda ry’abadepite b’abongereza bamaze iminsi mu ruzinduko mu Rwanda, nyuma yo kuganira n’ubuyobozi bw’ikigo cy’imiyoborere mu Rwanda, RGB, bavuze ko babonye ukuri kuri bimwe ku bivugwa […]Irambuye

Umuhango wa tariki 07 Mata kuri stade Amahoro, imyiteguro ku

Umunyamakuru w’Umuseke yabashije gukurikirana imyiteguro y’umuhango wo gutangiza kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi uzaba tariki 7 Mata kuri stade Amahoro ku rwego rw’igihugu. Biragaragara ko uzaba ari umunsi ukomeye. Imyiteguro iri ku musozo. Stade Amahoro nyuma y’igihe kirenga ukwezi ifunze, yakorewe imirimo y’amasuku no guhindura uduce tumwe na tumwe twayo, nk’ibyicaro by’icyubahiro […]Irambuye

“Ubutabera bw'u Rwanda bwateye intambwe igaragara”- HRW

 Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu HRW mu mpera z’icyumweru gishize washyize ahagaragara itangazo rivuga ko hari intambwe yatewe mu gukurikirana no guhana abagize uruhare muri  Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Muri iri tangazo HRW watangaje ko inkinko zo mu gihugu n’inkiko mpuzamahanga zakoze uko zishoboye kugira ngo zitange ubutabera ku bantu bari bakurikiranyweho […]Irambuye

London: Mutabaruka ari imbere y’urukiko ku iyoherezwa mu Rwanda kubera

Celestin Mutabaruka umushumba mu itorero ryitwa Fountain mu Bwongereza ari imbere y’ubutabera bwa Westminster aburana ku iyoherezwa mu Rwanda. Uyu mugabo ubwiriza mu idini riri ahitwa Ashford mu gace ka Kentu ari kugerageza kuburana ngo atoherezwa mu Rwanda aho yaryozwa ibyaha bya Genocide yakorewe Abatutsi nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Kentonline. Celestin Mutabaruka ni umwe mu bagabo […]Irambuye

FARG yemeye raporo y’Umuvunyi ku mikoreshereze mibi y'inkunga ku barokotse

Raporo y’Umuvunyi  mu bushakashatsi yakoze muri 2012-2013 ,yagaragaje imikorere idahwitse y’Ikigega cya Leta gishinzwe gutera inkunga abatishoboye barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu       mwaka  wa 1994. Kuri uyu wa 26 Werurwe ubuyobozi bw’iki kigega buremeranya na bimwe mu bikubiye muri iyi raporo n’ubwo ngo byabaye mu myaka ya 2006-2006-2008, igihe cy’ubuyobozi butariho ubu. Theophile Ruberangeyo  umuyobozi […]Irambuye

en_USEnglish