*Brg Gen Aloys Muganga wagombaga gutanga ubuhamya ntiyabonetse *Umucamanza yanzuye ko nta mutangabuhamya uzongera kumvwa. Kuri uyu wa gatanu mu gitondo BrgGen. Aloys Muganga wagombaga kumvwa nk’Umutangabuhamya ushinja Col.Tom Byabagamba ntiyagaragaye mu rukiko kubera impamvu z’akazi, umucamanza ahita afata icyemezo ko nta mutangabuhamya uzongera kumvwa muri uru rubanza rw’abasirikare bakuru. Ku isaha ya saa 09h […]Irambuye
Tags : Rwanda
Mukamugema Julienne wo muri Kicukiro na Mukashema Rosette ni abagore bitunze nyuma yo guca mu bibazo bikomeye byo gupfakara cyangwa gutabwa n’umugabo ari bato, ubu ubuzima bwabo ntibushingiye ku mugabo, ahubwo bushingiye ku mbaraga z’ubwonko bwabo, kandi batunze neza abana basigaranye. Aba bagore baganiriye n’Umuseke mu mahugurwa barimo yateguwe n’umuryango udaharanira inyungu witwa Kemit, mu […]Irambuye
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu ahagana saa cyenda umucungagereza kuri Gereza ya Musanze wari ku kazi yarashe umugororwa wageragezaga gutoroka ahita apfa nk’uko byemezwa n’umuyobozi wa Gereza ya Musanze Sp. John Murara. Sp. John Murara avuga ko uyu mugororwa yabuze kuva ejo ariko bakeka ko yihishe muri gereza, bigeze nijoro akoresha imigozi ashaka […]Irambuye
Ubuyobozi bw’umurenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza ntibuvuga rumwe na bamwe mu batuye uyu murenge bataka bavuga ko bugarijwe n’ikibazo cy’abajura bamena inzu bakiba ibirimo ndetse n’amatungo arimo inka mu biraro. Ubuyobozi bw’umurenge wa Kabarondo burahakana bwivuye inyuma iby’iki kibazo buvuga ko ubu bujura butarangwa muri Kabarondo ngo kuko buri munsi bakora igenzura rihagije […]Irambuye
Kuri uyu wa kane, mu nama ikomeye yahuje Abaminisitiri batanu baganira ku ngamba zafatwa mu kurinda umwana, by’umwihariko yigaga ku bana bo ku muhanda, yafashe umwanzuro wo kujyana aba bana mu bigo mu gihe cya vuba, ndetse banzuye ko ababyeyi bagomba kugira uruhare mu kwita ku bana babo, ariko n’abana bakamenya inshingano zabo ku babyeyi. […]Irambuye
Israel- Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yanenze cyane abaturage b’igihugu cye kubera ruswa yo hejuru, amacakubiri n’ibindi bikorwa bigayitse, aho yasozaga uruzinduko rw’iminsi itatu muri Israel. Ubwo yagezaga ijambo ku Abanyakenya baba mu gihugu cya Israel, Perezida Kenyatta yavuze ko ikintu giteye agahinda n’isoni ari uko igihugu cyabo cyakataje mu bintu bibi. Ibintu bibi yavugaga […]Irambuye
Inzobere mu by’indwara ya Cancer zifata imyanya myibarukiro y’abagabo, Dr N. Ragavan ari i Kigali aho aje gutanga ubuvuzi n’inama mu kwirinda indwara ya Cancer n’ibyafasha uwayanduye kuramba. Iyi nzobere iturutse mu Buhindi, ivuga ko kunywa itabi ari imwe mu mpamvu ziza ku isonga mu gutera iyi ndwara bityo ko Abanyarwanda bakwiye kubyirinda. Ni ku […]Irambuye
Kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare Aba Perezida batanu b’ibihugu bo bayobowe na Jacob Zouma w’Africa y’Epfo bahuriye mu Burundi, aho nabo baje gushyiraho akabo mu gushakira umuti ikibazo kiri muri iki gihugu cyatangiye muri 2015. Aba bakuru b’ibugu bari mu Burundi ni perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zouma na Ali Bongo Ondimba, wa […]Irambuye
*Yasuye inzego zifite zishinzwe kurwanya ruswa nk’Urwego rw’Umuvunyi na Police, *Ibyo yabonye ku rwibutso rwa Genocide ku Gisozi ngo ni igisobanuro cy’ibigomba gukorwa *Yanenze inzego z’ubuyobozi muri Sport kudatangaza amakuru arimo n’ibitagenda neza. Mu ruzinduko ari kugirira mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba, Umuyobozi mukuru wungirije wa Transparency International ku rwego rw’Isi, Elena A. Ponfilava wari […]Irambuye
Mu buryo butangaje kandi butunguranye cyane Ivan Jacky Minnaert watozaga Rayon Sports nyuma yo gutsinda Kiyovu 2 – 0, abanyamakuru bari biteze ko agiye kubabwira uko yishimiye iyi ntsinzi, ariko ahita abatungura avuga ko asezeye ku gutoza Rayon Sports kubera impamvu zo gukorana n’abantu ngo batari abo kwizerwa. Uyu mubiligi yageze mu Rwanda mu rukerera […]Irambuye