Tags : Rwanda

Mukuru wa Kamaliza yakomeje inzira ya murumuna we yo kurera

Mariya UWANJYE afite imyaka 65, ni mukuru wa Mutamuliza Annociata umuhanzi wari uzwi cyane nka Kamaliza. Kamaliza apfa yasize impfubyi esheshatu yareraga ku Kimihurura aho yabanaga na Mariya. Mariya yakomeje iki gikorwa cyiza ubu we arera abana 17, nyamara ni umukecuru udafite akazi, udafite umugabo, udafite ikindi icyo aricyo cyose uretse impuhwe z’abagiraneza. We n’aba […]Irambuye

Abdou Mbarushimana wari ‘Team Manager’ wa Rayon yirukanywe

Abdoul Mbarushimana wari ‘Team Manager’ wa Rayon Sports kuva 2014 yirukanywe ku mirimo ye ashinjwa kutaba inyangamugayo. Byatangarijwe kuri uyu wa mbere nimugoroba mu kiganiro n’abanyamakuru gihuza abanyamakuru na Rayon sports, iminsi ibiri mbere ya buri mukino. Abdoul Mbarushimana yaje muri Rayon Sports aje kungiriza Jean Francois Losciuto watozaga Rayon icyo gihe, ndetse akanatoza abana […]Irambuye

Bahagaze begeranye, Col Mulisa JB nawe yaje gushinja Brig.Rusagara

*Si rimwe si kabiri numvanye Rusagara amagambo asebya umukuru w’igihugu *Col Mulisa ngo yaketse ko Rusagara yashakiraga RNC abayoboke kubera amagambo ye *Col Mulisa yinjiye mu cyumba cy’Iburanisha yabanje kuramukanya n’uwo yari aje gushinja. Baherezanya ibiganza. *Col Mulisa yavuze ko Brg. Gen. Rusagara avuga “Our guy is finished” ngo ntawundi yavugaga utari Kagame bitewe n’uwo […]Irambuye

Ban Ki-moon yageze i Bujumbura uyu munsi arabonana na Nkurunziza

Kuri gahunda y’uruzinduko rwa Ban Ki-moon i Bujumbura,  gahunda ze hafi ya zose kuva ku mugoroba wo kuwa mbere ubwo yageze i Bujumbura kugeza kuri uyu wa kabiri mu gitondo agiye kubonana na Perezida Nkurunziza arazikorera muri Hotel Club du Lac Tanganyika. Kuri uyu wa kabiri mu gitondo namara kuvugana na Perezida Nkurunziza arahita yurira […]Irambuye

Kiyovu byayinaniye, amateka mabi imbere ya APR yakomeje (AMAFOTO)

Nyamirambo – Ku mukino w’ikirarane w’umunsi wa cumi wa shampiyona urangiye APR FC yongeye gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0 byinjiye mu minota icyenda ya nyuma. Kiyovu Sports yariho igerageza kuvanaho amateka mabi yo kudatsinda APR mu myaka 10 ishize, byayinaniye. Kiyovu Sports yakiriye APR FC kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. Umukino watangiye amakipe yombi […]Irambuye

Perezida Kagame yakiriye abasenateri 6 b’aba Republicain muri USA

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’Abasenateri batandatu bo muri Congress ya Leta z’Unze ubumwe za Amerika baganiriye nawe ku by’ububanyi bw’igihugu cyabo n’u Rwanda. Aba basenateri bo mu ishyaka ry’Aba-Republicans bari baherekejwe na Ambasaderi wa USA mu Rwanda Erica Barks-Ruggles. Ibiganiro bagiranye byiganje ku mibanire y’ibihugu byombi byarimo kandi […]Irambuye

Burundi: uyu munsi Perezida yasabye abigaragambya kudatuka Perezida w’u Rwanda

Mu myigaragambyo yateguwe na Leta y’u Burundi ikorwa n’abaturage izajya iba buri wa gatandatu mu mezi atatu, kuwa gatandatu ushize bumvikanye bavuga amagambo mabi ku Rwanda ndetse baririmba ko bazagirira nabi Perezida w’u Rwanda. Kuri uyu wa gatandatu muri Komine Cibitoke i Bujumbura Perezida Pierre Nkurunziza yabasabye kureka amagambo n’indirimbo by’urwango k’u Rwanda. Nk’uko byatangajwe […]Irambuye

Inama y’Abaminisitiri yahinduye abayobozi muri MINISPOC, MINECOFIN, Primature…

Mu itangazo ry’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa gatanu tariki ya 19 Gashyantare 2016 iyobowe na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, hatangajwe impinduka mu bayobozi mu nzego zitandukanye, muri zo harimo abanyamabanga bahoraho muri MINISPOC, MINECOFIN no mu biro bya Minisitiri w’Intebe. Iyi nama yemeje Fidele Ndayisaba wayoboraga Umujyi wa Kigali nk’Umunyamabanga Mukuru wa Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge. Iri […]Irambuye

Hatangijwe umushinga uzafasha buri Munyarwanda kumenya uko yitwara mu bihe

Kuri uyu wa gatanu tariki 19 Gashyantare, Abanyamakuru bamurikiwe umushinga uzatuma buri muntu amenya uruhare rwe n’ishingano ze muri iki gihe u Rwanda ruri mu matora, ukaba ari umushinga watangiranye n’ukwezi kwa Mutarama 2016 ukazamara igihe cy’amezi 30. Uyu mushinga wiswe ‘ELMS’ (Election, Media, Civil Society and Democracy in Rwanda), uzita cyane ku gukorana n’itangazamakuru, […]Irambuye

Amajyepfo : Polisi yagabanyije ibyaha ku gipimo cya 16,1%

Mu biganiro byahuje inzego zitandukanye z’umutekano harimo Ubuyobozi bw’ingabo, Polisi, n’Ubushinjacyaha, CIP HAKIZIMANA André Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko bagabanyije ibyaha ku ijanisha rya 16,1 akavuga ko bafite ingamba zo kubigabanya kugeza kuri zero. Ibi biganiro byabereye mu karere ka Muhanga byahuje izi nzego z’umutekano zitandukanye mu karere ka Kamonyi, Muhanga, Ruhango […]Irambuye

en_USEnglish