Tags : Rubavu

Bugeshi: Guhana imbibi na DR Congo ni imbogamizi mu kurwanya

Rubavu – Nubwo Umurenge wa Bugeshi wateye intambwe ishimishije mu kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge, abawutuye bavuga ko bikiri imbogamizi ikomeye kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside mu gihe hakiri abasize bahekuye u Rwanda bari mu mashyamba ya DR Congo kandi bambuka biboroheye. Akarere ka Rubavu kaza ku mwanya wa kabiri mu Rwanda mu kugira ingengabitekerezo ya Jenoside nyinshi, […]Irambuye

Airtel izaniye abatuye Rubavu na Huye The Ben, Riderman na

Ni abahanzi baziranye kuko igihe batangiriye gukora umuziki mu Rwanda ari kimwe kandi bose ni ibyamamare mu Rwanda. The Ben, Riderman na King James bazahurira kuri stage i Rubavu ku itariki ya 04 Gashyantare, hanyuma bongere baririmbire abafana babo i Huye. Ibi bitaramo bizaba biri mu rwego rwo gushishikariza abafana babo kugura sim cards za […]Irambuye

Episode 1: Tugeze i Rubavu, jye ntangira gucuruza me2u Gasongo

Episode 1: We – “Munteze amatwi?” Twese – “Yego” We – “Gasongo yari umusore nkamwe, twakuranye duherezanya mu Kiliziya, nyuma tuza gutandukanywa n’amashuri, dusoje twagarutse mu rugo, akomeza kumbera inshuti y’akadasohoka, akazi gakomeje kubura  twanze kuba abashomeli, ari nabwo twapanze kujya mu mujyi wa Gisenyi (Rubavu) kwirwanaho. Tugezeyo njye nagiye mu bya me2u naho we […]Irambuye

Kalisa niwe ukekwaho kwiba BPR/Gisenyi $113 150 na Frw 6

Umuvugizi wa Police y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Theobald Kanamugire yabwiye Umuseke ko Jean de Dieu Kalisa wari ushinzwe abakozi bakora kuri guichet ya Banki y’abaturage mu Karere ka Rubavu yibye amadolari $ 113 150 na Frw 6 381 000, ubu  akaba arimo ashakishwa n’inzego z’umutekano zitandukanye. Kalisa muri rusange yibye amafaranga agera kuri […]Irambuye

Breaking: Umukozi wa Banki y’Abaturage ya Gisenyi yibye $ 115

Muri Banki y’Abaturage ya Gisenyi umukozi yibye amafaranga agera ku madolari 115 000, arabarirwa mu mafaranga y’u Rwanda muliyoni 92, aya makuru yemejwe n’umuyobozi w’iri shami rya Banki y’Abaturage ya Gisenyi yavuze ko hagikusanywa ibimenyetso. Harakekwa ko byabaye kuri uyu wa mbere tariki 17 Ukwakira 2016, ariko amakuru yatangiye gusakara kuri uyu wa kabiri. Uyu […]Irambuye

“Critérium de Rubavu” itahiriye Hadi Janvier, yegukanywe na Nduwayo Eric

Isiganwa “Critérium de Rubavu” ribaye bwa mbere mu Rwanda, ryarangiye Nduwayo Eric bita Kudus abaye uwa mbere, gusa Hadi Janvier wahabwaga amahirwe yayoboye isiganwa aza gutobokesha bituma atarangiza isiganwa. Kuri uyu wa gatandatu tariki 6 Kanama 2016, Benediction Club ifatanyije n’Akarere ka Rubavu, bateguye isiganwa ry’amagare rizenguruka inshuro nyinshi mu Mujyi umwe, ubwoko bw’amasiganwa bwitwa […]Irambuye

Ruremesha yagizwe umutoza mushya wa Etincelles, bamusabye igikombe

Emmanuel Ruremesha watozaga Gicumbi FC, yamaze gutangazwa nk’umutoza mukuru wa Etincelles FC, asimbuye Innocent Seninga, none yasabwe gutwara kimwe mu bikombe bikinwa mu Rwanda. Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 21 Nyakanga 2016 nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Etincelles FC bwakoze inama, bushimira umutoza Innocent Seninga wabafashije kutamanuka mu kiciro cya kabiri. Seninga yafashe […]Irambuye

“Shitani” mu biganiro bya Perezida Kagame n’abavuga bakumvwa i Rubavu

*Ati “Ntidushaka abasenga Shitani”, Ati “Shitani bamusobanura bate?” *Mu Rwanda, ubutagondwa mu idini ya Islam n’abandi babuza umutekano abasenga, amadini ubwayo natabica, Leta izajyamo. *Abayobozi ntibafata ibyemezo ku bibazo by’abaturage, byabaye “Ncire ibiryoshye, mire mire umuriro”. Mu kiganiro cyagejeje saa tanu z’ijoro, nyuma yo kubonana n’abaturage bo mu murege wa Mudende, Perezida Paul Kagame yaganiriye […]Irambuye

Uzatwitambika imbere atubuza umutekano bizamugwa nabi – Kagame

Mu rugendo rw’iminsi itatu arimo mu Ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Werurwe, 2016, Perezida Paul Kagame yijeje abaturage umutekano usesuye abasaba gufatanya n’ubuyobozi avuga ko abashaka kubuza u Rwanda umutekano bagihari, ariko ngo “uzatwitambika imbere bizamugwa nabi.” Imbere y’imbaga y’abturage benshi bari bishimye, Perezida Kagame yatangiye ijambo rye akomoza ku byo […]Irambuye

Perezida Kagame arasura uturere twa Rubavu na Gakenke

Perezida Kagame arasura uturere twa Gakenke mu Majyaruguru na Rubavu Iburengerazuba kuva kuwa kane tariki 24 Werurwe kugera kuwa gatandatu nk’uko bitangazwa n’ibiro by’umukuru w’igihugu. Kuwa kane azasura Akarere ka Gakenke, kuwa gatanu asure abaturage mu murenge wa Mudende naho kuwa gatandatu asura abaturage mu murenge wa Nyundo. Perezida Kagame aheruka mu ngendo nk’izi mu […]Irambuye

en_USEnglish