Tags : RRA

Abadepite ba Uganda batoye itegeko rikumira kwinjiza imodoka zirengeje imyaka

Inteko ishinga amategeko muri Uganda yatoye itegeko ribuza kwinjiza imodoka zirengeje imyaka 15 mu muhanda. Iri tegeko rigamije kurengera ibidukikije no kurwanya ihumana ry’ikirere, kimwe no kugabanya impanuka mu muhanda ahanini ziterwa n’ibinyabiziga bishaje. Guhangana n’ihumana ry’ikirere ndetse no kongera umutekano mu muhanda byagiweho impaka n’Abadepite muri Uganda. Uganda yashyizeho iminsi itatu y’icyunamo bitewe n’impanuka […]Irambuye

Rukumberi: RRA igiye gukoresha miliyoni 45 Frw yubakire inasanire abarokotse

*Prof Dusingizemungu ati “ntihakenewe inkunga y’ibintu gusa… Kuri uyu wa Gatandatu abakozi b’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahooro (RRA) bakoranye umuganda udasanzwe n’abaturage mu murenge wa Rukumberi mu karere ka Ngoma mu gikorwa cyo gutangiza imirimo yo kubaka amazu atatu azatuzwamo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye, iki kigo kandi kizasana andi mazu 25, byose bikazatwara miliyoni 45 y’u […]Irambuye

Abunganira abacuruzi biyemeje guca ukubiri n’amakosa mu imenyekanishamusoro

Abunganira abacuruzi ku bijyanye n’imisoro biyemeje ko bagiye guca ukubiri n’amakosa yagaragaraga mu gihe cy’imenyeshamusoro. Baboneyeho umwanya wo guhamagarira bagenzi babo bagicumbagira kwikubita agashyi bagahesha ishema umwuga wabo bakawukora mu buryo bwa kinyamwuga. Ni mu biganiro byabahuje n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahooro (RRA) ubwo bahugurwaga ku buryo buvuguruye bw’ikoranabuhanga mu kumenyekanisha umusoro wa TVA. Ubwo […]Irambuye

Ubunyangamugayo buke mu ba-Declarants buhombya cyane igihugu

Kuri uyu wa gatatu ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) bwagiranye inama igamije gushishikariza abafite aho bahurira n’imisoro gukorana ubunyangamugayo kugira ngo igihugu ntikihahombere.  Abafasha abacuruzi mu kwinjiza, kohereza ibicuruzwa no kumenyekanisha imisoro bazwi nk’aba ‘Declarants’ basabwe by’umwihariko kuba inyangamugayo. Aba ba-delarants na bo bemeza ko aho batabaye inyangamugayo igihugu kihahombere imisoro myinshi. Amakosa akunze […]Irambuye

Nyirishema yatsindiye imodoka muri IZIHIRWA ya RRA

*Nyirishema nta gitekerezo cyo gutunga imodoka vuba yari afite, *Iyo umuguzi ahawe inyemezabwishyu ya EMB nibwo umusoro atanze ugera mu isanduka ya Leta. Ikigo cy’Igihigu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatanze imodoka muri Tombola yiswe IZIHIRWA, RAVA ifite agaciro Frw 8 5oo ooo yegukanywe na Nyirishema Janvier wakinnye tombola akoresheje inyemezabuguzi nyinshi yakaga uko aguze ibintu, kuri […]Irambuye

Batatu bakurikiranyweho gufasha kunyereza za miliyoni kuri ‘EBM’ batawe muri

Kuri uyu wa 04 Ugushyingo, Police yataye muri yombi abagabo batatu bakurikiranyweho gufasha abantu kunyereza imisoro ibarirwa muri za miliyoni z’amafaranga y’u Rwanda hakoreshejwe imashini zitanga inyemezabwishyu zizwi nka ‘EBM’. Ngo bafashije abacuruzi kugabanya imisoro y’ukwezi cyangwa ku gihembwe ubundi, bagasohora inyemezabwishyu nta gicuruzwa cyaguzwe. Aba bagabo bafungiye kuri station ya Police ya Kicukiro. Ikigo […]Irambuye

PAC yabajije RRA icyo ikora mu kureshya Abashoramari ivuga ko

*Hon Theogene  ngo ni gute mu Rwanda basora kimwe no muri Kenya, Uganda byegereye amazi, *Ngo kuki u Rwanda rutakwigira ku bihugu bitanga ubwasisi bikagabanya imisoro… Abayobozi b’Ikigo cy’igihugu cy’Imisoro n’Amahooro bavuga ko iki kigo ntaho gihurira na politiki y’ishyirwaho ry’imisoro ku buryo cyagira uruhare mu kureshya Abashoramari. Bari babajijwe gusobanuro uko umusoro wo mu […]Irambuye

Muri PAC, RRA yisobanuye ko Miliyari 21 Frw yananiwe kwishyuza

*Amenshi muri izi miliyari 21 amaze imyaka ine, miliyari 4 muri yo zimaze imyaka 10, *Komiseri mukuru muri RRA yemereye abadepite ko mu gutanga ibi bihano, bihanukiriye *Andi makosa: Hon Clotilde ngo ikibazo kibaye ubushobozi bucye na ruswa, ni kuri RRA yose. Imbere ya Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amatekegeko (PAC), […]Irambuye

Mu Rwanda 90% by’abakora mu bwubatsi bacura inyemezabuguzi, bakanyereza imisoro

Abayobozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (Rwanda Revenue Authority, RRA) baganiriye n’abakora ubwubatsi kugira ngo bakemure ikibazo cy’ubujura bw’imisoro, cyagaragajwe n’ubushakshatsi RRA yakoze mu 2015, bukagaragaza ko 90% by’abakora mu bwubatsi bacura inyemezabuguzi. Ubushakashatsi bwakozwe hashingiwe ku buryo abantu basora,  bwerekanye ko amasosiyete y’abubatsi 3 915 akorera mu Rwanda, bagasora ku cyigero cya 63%. RRA yasanze harimo […]Irambuye

Menya urutonde rw’abasoreshwa beza mu Rwanda bahembwe muri 2016

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Kanama 2016, nibwo mu Rwanda, Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (Rwanda Revenue Authority, RRA) cyatangaje abasoreshwa beza mu mwaka 2015/16, ndetse kinahemba indashyikirwa haba mu bafaranyabikorwa mu gukusanya imisoro n’abasoreshwa ubwabo, abato, abaciritse n’abanini. Mu nzego za Leta zafashije RRA mu gukusanya imisoro, ndetse ikanabagenera ishimwe, ni Ingabo z’Igihugu (RDF) […]Irambuye

en_USEnglish