Tags : RRA

RRA yinjije miliyari 769 z’imisoro muri 2013-2014

Nk’uko byatangarijwe abanyamakuru kuri uyu wa 4  Kanama 2014  ubwo hatangizwaga ibikorwa byo kwizihiza umunsi w’umusoreshwa, Ikigo cy’igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyakiriye amafaranga yose hamwe agera kuri miliyari 769 harimo n’imisoro. Imisoro yonyine iki kigo cyakiriye miliyari  758,6 mu mwaka w’imari wa 2013-2014. Richard Tusabe Umuyobozi iki kigo cy’imisoro n’Amahoro  avuga ko bageze kuri 96% […]Irambuye

“Inyerezwa ry’umutungo wa Leta riteye impungenge,” – Umugenzuzi w’Imari ya

Raporo ya 2012-2013 ku ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yashyikirije Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda kuri uyu wa 26 Gicurasi 2014, EWSA iri ku isonga mu gukora amakosa menshi y’icungamutungo, naho ngo Inyerezwa ry’umutungo wa Leta riteye impungenge. Iyi raporo Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta yagejeje mu Nteko Nshingamategeko guhera ku isaha […]Irambuye

Leta igiye gufatira imitungo y’abayirimo imyenda y’imisoro ya Miliyari 80

Mu kiganiro ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukusanya imisoro n’amahoro (RRA) cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 08 Gicurasi, bwagaragaje ko itangwa ry’imisoro ritarimo kugenda uko byari bitaganyijwe, bikagaragazwa n’uko mu gihe habura igihe gito ngo umwaka w’ingengo y’imari wa 2013/14 urangire, imibare yo mu mezi icyenda ashize igaragaza ko hari imisoro isaga Miliyari 27 […]Irambuye

en_USEnglish