Tags : Riderman

Huye – Riderman, King James na The Ben babwiye abantu

Mu gitaramo cyo kubwira abaturage iby’iyi Promotion ya Airtel yitwa “Tera Stori” abantu benshi cyane i Huye bagaragaje ko bayishimiye. Iyi Promotion iha amahirwe umufatabuguzi wa Airtel guhamagara no gukoresha impuga nkoranyambaga ku mafaranga 30 gusa kandi umunsi wose. Muri iyi week end abahanzi batatu bakomeye mu Rwanda aribo The Ben, Riderman na King James basusurukije […]Irambuye

Airtel izaniye abatuye Rubavu na Huye The Ben, Riderman na

Ni abahanzi baziranye kuko igihe batangiriye gukora umuziki mu Rwanda ari kimwe kandi bose ni ibyamamare mu Rwanda. The Ben, Riderman na King James bazahurira kuri stage i Rubavu ku itariki ya 04 Gashyantare, hanyuma bongere baririmbire abafana babo i Huye. Ibi bitaramo bizaba biri mu rwego rwo gushishikariza abafana babo kugura sim cards za […]Irambuye

Umuraperi Riderman asanga Hip Hop Nyarwanda yaragambaniwe

Umuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda asanga ‘Hip Hop Nyarwanda’ yaragambaniwe ku buryo imeze nk’irimo gucikwa mu Rwanda. Riderman avuga ko Hip Hop yo mu Rwanda ibaho yari muri muzika, bityo ngo uko yafatwaga icyo gihe byanatumye izamuka n’uko ifatwa ubu abonamo itandukaniro rikomeye. Mu myaka iri hagati ya 10 na 15 […]Irambuye

Nyuma y’amezi 4 bashyingiwe Riderman na Miss Agasaro babyaye

Umuhanzi Riderman niwe ubwe waraye utangaje mu ijoro ryakeye ko umugore we Nadia Agasaro yibarutse umwana w’umuhungu bahaye izina rya Eltad. Ni nyuma y’amezi ane aba bombi bashyingiranywe. Abicishije kuri Instagram, Riderman yavuze ko ashimira cyane umugore we n’abaganga bamufashije kwibaruka. Avuga ko urugendo ababyeyi bacamo batanga ubuzima rutangaje kandi ari abo gushimirwa igihe cyose. […]Irambuye

Riderman yifuza ko Safi yagera ikirenge mu cye

Riderman uherutse kurushinga na Miss Mount Kenya 2015 Agasaro Nadia yatangaje ko yifuza ko mugenzi we Safi Niyibikora wo mu itsinda rya Urban Boys yagera ikirenge mu cye nawe agashinga urwe. Riderman asanga ngo mu basore babanye nawe abona Safi ariwe ukwiriye kumukirira akaba yarongora akava mu buzima bwo kuba ingaragu akaba umugabo uhamye. Mu […]Irambuye

Riderman yasezeye urungano mbere yo kurongora

Abinyujije kuri ‘page’ ya Instagram ye umuhanzi Riderman yagaragaje ifoto ari kumwe na Agasaro Nadia Fariq ugiye kuba umugore we iherekezwa n’amagambo akomeye yo gusezera urungano kuko agiye kumurongora byemewe n’amategeko n’imiryango. Kuri uyu wa 24 Nyakanga 2015 nibwo Riderman aza gusaba uyu mukobwa iwabo ku Kicukiro no gusezerana imbere y’amategeko ku murenge. Mu byo […]Irambuye

Riderman ‘agiye’ kurushinga na Miss Mount Kenya

Amakuru Umuseke wakurikiranye aremeza ko Emery Gatsinzi umuhanzi uzwi cyane nka Riderman, mu gihe cya vuba agiye gushakana na Agasaro Farid Nadia uherutse gutorerwa kuba Miss wa Kaminuza ya Mount Kenya ishami ry’i Kigali. Kugeza ubu ba nyiri ubwite baracyabigize ibanga. Ndetse Riderman yabihakaniye Umuseke. Riderman yatandukanye n’umukobwa bari bamaranye igihe kinini bakundana witwa Asnah, […]Irambuye

Abaturage benshi bari kuza kumva ubutumwa ku bishyimbo bidasanzwe

Abahanzi ni umuyoboro mwiza wo kunyuzamo ubutumwa, ubishidikanya yakwitabira ibitaramo bikomeje kubera ahatandukanye mu Rwanda biri guhuruza abantu benshi baza kureba abahanzi nka King James, Miss Jojo, Urban Boys, Tom Close na Riderman bakahabonera ubutumwa ku bishyimbo bikungahaye ku butare.  Ibi ni ibishyimbo bidasanzwe bimenyerewe mu Rwanda, bikungahaye ku butare (iron) bukenerwa cyane n’umubiri mu […]Irambuye

Abahanzi mu gukundisha abanyarwanda ibishyimbo bidasanzwe

Bamwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda barimo King James, Riderman na Urban Boys, bagiye kwifashishwa mu bitaramo byo kuzenguruka Intara z’igihugu bashishikariza abanyarwanda gukunda igihingwa cy’ibishyimbo cy’ibishyimbo bikungahaye ku butare. Umushinga utegamiye kuri Leta wa Harvest Plus ufatanyije n’ikigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi “RAB”, wateguye ibitaramo bitanu bizabera mu turere twa Nyagatare, Nyanza, […]Irambuye

Riderman yemerewe ibitaramo n’ubwo afungishijwe ijisho

Hari amakuru ko umuhanzi Riderman amaze iminsi atamerewe neza kubera impanuka aherutse gukora, bamwe bemeza ko byahungabanyije muzika ye, abandi bavuga ko byanamuteye ubukene. Uyu munsi yabwiye Umuseke uko amerewe ubu, no kuri ibi bivugwa. Muri iki gihe Riderman n’umwunganizi we bari kuburana urubanza kubera ibyangijwe n’abakomerekeye muri iyi mpanuka, ashinjwa ko yaba ari we […]Irambuye

en_USEnglish