Tags : Riderman

Riderman azagaragara kuri Final ya PGGSS IV

Riderman wegukanye PGGSS III igeruka biteganyijwe ko ari mu bazagaragara basusurutsa abazitabira igitaramo cya nyuma cya Primus Guma Guma Super Star ya Kane izasozwa kuwa gatandatu tariki 30 Kanama kuri stade Amahoro i Remera. Riderman nibwo bwa mbere azaba agaragaye imbere y’abantu aririmba nyuma y’impanuka yakoze mu kwezi gushize ndetse ikanamukurira ibibazo byo gufungwa bya […]Irambuye

Riderman ubushinjacyaha bwamurekuye

Kuri iki gicamunsi cyo kuwa 06 Kanama nibwo umuraperi Riderman yarekuwe, ni nyuma y’uko yari yasubijwe mu munyururu akurikiranyweho guteza impanuka mu muhanda tariki 31 Nyakanga 2014. Impanuka ikimara kuba mu gitondo cya tariki 31 Nyakanga Riderman yahise atabwa muri yombi, amara mu buroko uwo munsi wose arekurwa nimugoroba ngo akurikiranwe ari hanze, nyuma y’iminsi […]Irambuye

Riderman yasubijwe mu buroko

Kuri uyu wa 04 Kanama nibwo amakuru agera k’Umuseke yemeje ko Gatsinzi Emery uzwi cyane nka Riderman yasubijwe mu munyururu aho akomeje gukurikiranwaho kuba nyirabayazana w’impanuka yakomerekeyemo abantu batandatu yabaye kuwa 31 Nyakanga 2014. Gusubira mu maboko ya Polisi kw’uyu muraperi (rapper) hari amakuru agera k’Umuseke ko byaturutse ku bantu bo mu miryango ifite ababo bakomerekeye […]Irambuye

Riderman arakomeza gukurikiranwa ari hanze

Riderman kuri uyu wa 31 Nyakanga yamaze amasaha agera kuri 11 mu maboko ya Polisi ku Kicukiro, ni nyuma y’impanuka bivugwa ko yari yateje ku muhanda ugana Remera ahitwa Rwandex. Yaraye arekuwe ku mugoroba wo kuri uwo munsi. Umuvugizi wa Polisi, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Superintendent (SP) Jean Marie Vianney Ndushabandi yabwiye Umuseke […]Irambuye

Umuhanzi Riderman yatawe muri yombi nyuma y’impanuka

Kicukiro – Kuri uyu wa kane mu gitondo ahitwa Rwandex ku muhanda wa Remera – Ville,  habereye impanuka aho imodoka zitwara abantu (bus) zagonganye n’ivatiri yari itwawe n’umuhanzi Riderman. Amakuru aravuga ko uyu muhanzi Riderman yaba yagize uruhare muri iyi mpanuka kubera gutwara yanyoye inzoga. Riderman uyu yahise atabwa muri yombi, nk’uko Mugemana Jean wari […]Irambuye

en_USEnglish