Tags : RBC

Abaganga bo mu Rwanda ntabwo bita ku bahungabanyijwe n’ibiza –

Kuri uyu wa mbere tariki 10 Ukwakira 2016, mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe, Minisiteri ishinzwe impunzi n’ibiza (MIDIMAR) yagaragaje impungenge ifite ko kugeza ubu abaganga b’ibitaro byo mu Rwanda batitabira kujya gufasha abantu bagize ikibazo cy’ihungabana ryatewe n’ibiza. Philipe Habinshuti, umukozi muri MIDIMAR ushinzwe gufasha abahuye n’ibiza no gusana […]Irambuye

Abarwayi bo mu mutwe bagiye gushyirwa mu byiciro by’ubudehe-RBC

*10 Ukwakira ni umunsi wo Kwita ku buzima bwo mu mutwe, hazibandwa ku bahuye n’ibiza, *Kuba abarwayi bo mu mutwe biyongera si ikibazo- Umukozi muri RBC, *Dr Kayiteshonga/RBC ati ‘Uburwayi bwo mu mutwe ntabwo ari identite’… Taliki ya 10 Ukwakira u Rwanda ruzifatanya n’Isi yose kwizihiza umunsi wahariwe kwita ku buzima bwo mu mutwe. Umuyobozi […]Irambuye

Amateka y’imiyoborere mibi muri RBC aracyagira ingaruka ku buyobozi buriho

*RBC yisobanuye imbere ya PAC ku mafaranga miliyari 2,5 atarasobanuriwe Umugenzuzi w’Imari *Mu buyobozi ngo haracyarimo abagitsimbaraye ku mikorere ya kera. Kuri uyu wa mbere abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (Rwanda Biomedical Center, RBC) bitabye Komisiyo ishinzwe gukurirkirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Nshingamategeko, (PAC) basobanura aho miliyari 2,5 z’amafaranga y’u Rwanda bateretse Umugenzuzi Mukuru […]Irambuye

Kuki hari imiti irangiza igihe idakoreshejwe? Abadepite bagize PAC byabahagurukije

Mu gihe cy’imyaka itanu ishize raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yagaragaje ko u Rwanda rwahombye miliyari eshatu na miliyoni magana abiri kubera kugura imiti ikarangira idakoreshejwe. Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu kuri uyu wa mbere basuye ikigo gishinzwe gukwirakwiza imiti bareba impamvu ya kiriya kibazo gitera igihombo hamwe n’ibura ry’imiti […]Irambuye

Ubuvuzi bw’ibanze ku ndwara zitandura bwageze mu Bigo Nderabuzima ariko

Indwara zitandura nk’umuvuduko w’amaraso, diabete, asima, indwara zo mu buhumekero, “cancer screening”, indwara z’imitima, ubuvuzi bwazo bwabanje kuba mu bitaro bikomeye, ariko Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko ubu zivurirwa mu bitaro by’uturere, intego ikaba ari uko ubuvuzi bw’ibaze bwa zimwe muri izi ndwara bwatangiye gushyirwa mu Bigo Nderabuzima. Dr Ntaganda Evariste ushinzwe Indwara z’Umutima muri Program […]Irambuye

Umubiri wakira neza ikijumba kuruta gateau – Dr Ntaganda

*Abanyarwanda bakunze ibiryo byo mu nganda kuruta iby’umwimerere beza, *Umukobwa arashyingirwa afite Kg 50 nyuma y’igihe gito akaba agize Kg 80 ni ukurya nabi. Mu kiganiro na Dr Ntaganda Evariste, inzobere mu ndwara z’umutima n’ibijyanye n’indwara zitandura (Non Communicable Diseases, NCDs) yagiranye n’Umuseke, avuga ko Abanyarwanda benshi usanga bakunze ibyo kurya byo mu nganda kuruta […]Irambuye

Ngoma: gupima igituntu mu mashuri yisumbuye ngo si uko ari

Mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda hari igikorwa cyo gupima igituntu ku bana biga mu mashuri yisumbuye banakangurirwa kukirinda, iyi gahunda imaze icyumweru igamije gusobanura indwara y’igituntu ku banyeshuri, abayitangije bavuga ko atari uko cyabaye icyorezo ahubwo ari ukongera abantu ubumenyi kuri iyi ndwara. Ibi birigukorwa n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko n’abafatanyabikorwa bayo aho barimo […]Irambuye

Rwanda – Abana miliyoni 1,5 bagiye guhabwa Vitamine A ibafasha

Amajyaruguru – Byatangajwe mu muhango wo gutangiza icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana byakorewe mu karere ka Gicumbi ko muri iki cyumweru abana b’u Rwanda miliyoni 1,5 bagiye guhabwa Vitamine A ibafasha gukura neza. Aha Akarere ka Gicumbi kashimiwe ko kubyarira kwa muganga ku babyeyi bigeze ku kigero cya 97% naho gukingiza abana bikaba […]Irambuye

Gufasha uwahungabanye ntibigombera ubuhanga bw’ikirenga – RBC

*Ubushakashatsi bwa 2009 bwerekanye ko 23% y’Abanyarwanda bafite ihungabana. *Umwaka ushize abantu 1712 bagaragaje ibimenyetso by’ihungabana, 28% bagiye mu bitaro. *Ababyeyi bagomba kwita ku magambo bakoresha baganiriza abana kuri Jenoside. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere cyo gutegura ibikorwa byo guhangana n’ihungabana mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ikigo cy’igihugu […]Irambuye

en_USEnglish