Tags : RBC

Abavura indwara zo mu mutwe ngo imibereho mibi no gutotezwa

Mu kiganiro abagize ihuriro nyarwanda ry’abaforomo bavura indwara zo mu mutwe bahaye abaturage bo mu kagali ka Nkusi mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo nyuma yo gushinga inkingi aho bagiye gutangira kubakira umubyeyi wabaga mu nzu ishaje, bavuze ko imibereho mibi, gutotezwa no kunywa ibiyobyabwenge biri mu mpamvu zituma abantu barwara mu mutwe. […]Irambuye

Gicumbi: Hangijwe ibiyobyabwenge bya miliyoni 15 Frw

*Abana 14% babaye imbata z’ibiyobyabwenge, 52/% bagerageje kunywaho… Kuri uyu wa 06 Nyakanga mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri ibi biyobyabwenge harimo Kanyanga ikunze kugaragara muri aka gace. Muri iki gikorwa cyanatangiwemo impanuro, urubyiruko rwasabwe guca ukubiri no kunywa […]Irambuye

Ngoma/Jarama: Hatangiye icyumweru cyo gusuzuma abaturage indwara zitandura ku buntu 

Mu karere ka Ngoma hatangijwe icyumweru cyo kwita ku buzima, mu murenge wa Jarama aho abaturage bigishijwe kuri gahunda yo kwita ku mwana mu gihe cy’iminsi 1000 banakangurirwa kugaburira abana indyo yuzuye. Mu murenge wa Jarama haracyagaragara abana barwaye bwaki nk’uko bamwe mu baturage baho mumurenge babitubwiye. Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma bwasabye by’umwihariko abatuye kugira […]Irambuye

Menya indwara ya Hepatite B na C, Umunyarwanda wese adakwiye

*Mu Rwanda habarurwa abarwayi ba Hepatite B na C 600 000, *Abaturage ngo ntibarasobanukirwa ubukana bw’izi ndwara ngo ntibihutira kuzikingiza. Musanze – Kuwa kabiri ikigo cy’Ubuzima (RBC) cyatangije ubukangurambaga bwo kurwanya indwara y’umwijima, abuntu basaga 2000 bakingiwe iyi ndwara ya Hepatite B mu karere ka Musanze, muri rusange ngo Abanyarwanda 600 000 barwaye Hepatite B […]Irambuye

Gicumbi: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’ubwandu bushya bwa HIV bufata intera 

Mu karere ka Gicumbi abagera ku 15 000 bafite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ka HIV. Gukumira ikwirakwizwa ry’ako gakoko ni kimwe mu bibazo bishakirwa umuti kuko ngo nubwo hakorwa ubukangurambaga hari aho imibare y’abandura yanga igakomeza kwiyongera. Abaturage bagera kuri 3,5% mu karere ka Gicumbi bafite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA, ni ukuvuga abaturage 15 000. […]Irambuye

Kuvura ku buntu abo mu cyiciro cya 1&2 nta gihombo

*Kwivuza kare byagufasha kutaremba ukaba wakwanduza abandi Malaria, *Abarwara Malaria bari 800 000 muri 2012, imibare imaze kugera kuri 3 900 000 muri 2015/16, *Abaturage barasabwa kuryama mu nzitiramibu, kurwanya ibizenga by’amazi mabi, gutema ibihuru, gufunga amadirishya kare. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’uko Malaria ihagaze mu gihugu n’ingamba zo kuyirwanya, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Diane […]Irambuye

Nyabihu: Icyorezo cy’ISERU kimaze guhitana abantu 5

Mu mudugudu wa Bikingi, mu kagari ka Kijote umurenge wa Bigogwe, mu karere ka Nyabihu hateye icyorezo cy’indwara y’iseru yibasiye abana n’abantu bakuru. Ku kigo nderabizima cya Bigogwe bamaze kwakira abarwayi bagaragaza ibimenyetso 35 muri bo batanu bamaze kwitaba Imana. Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC ishami rishizwe kurwanya no gukumira indwara z’ibyorezo bavuga ko iki cyorezo […]Irambuye

Abanyarwanda 12,9% banywa itabi- RBC

Dr Aimée Muhimpundu uyobora ishami ry’indwara zitandura mu Kigo  cy’igihugu cy’Ubuzima, (RBC) yabwiye Umuseke ko imibare y’ubushakashatsi yo muri 2013 yerekana ko kunywa itabi bimaze kuba ikibazo mu Rwanda kuko 12,9%  by’Abanyarwanda bose banywa itabi. Muri aba ngo abenshi ni abantu bafite imyaka iri hejuru ya 45 y’amavuko. Mu Rwanda, abagabo banywa itabi bangana na […]Irambuye

en_USEnglish