Tags : RBC

1/3 cy’abarwaye igituntu mu Rwanda bari i Kigali

Byatangajwe na Dr Mazarati Jean Baptiste kuri uyu wa 24 Werurwe 2015 wari intumwa ya Minisiteri y’Ubuzima mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya igitungu i Nyabihu. Uyu muganga avuga ko impamvu abarwayi b’igituntu bagaragara cyane i Kigali ari ukubera ubucucike no kwegerana cyane kw’abantu ari nabyo byongera kwanduzanya. Aho uyu munsi wizihirijwe ku kibuga cya […]Irambuye

Dr.Binagwaho yahaye ikiganiro abaturutse Havard University

Kuri uyu wa gatatu tariki 19 Werurwe, mu Murenge wa Rwinkwavu, mu Karere ka Kayonza Minisitiri w’ubuzima Dr. Agnes Binagwaho yahaye ikiganiro itsinda ry’abantu bagera kuri 30 baturutse muri Kaminuza ya Havard, imwe mu zikomeye ku Isi, hamwe n’abakozi ba Minisiteri y’Ubuzima batandukanye, ikiganiro kibanze kubyerekeranye n’urwego rw’ubuzima mu Rwanda. Iki kiganiro yagitangiye mu amahugurwa […]Irambuye

en_USEnglish