Tags : Rayon Sports

Update: Peter Kagabo yasinye imyaka ibiri muri Rayon

Update: Ku mugoroba wo kuwa gatanu tariki 10 Ukwakira, umukinnyi Peter Otema (Peter Kagabo) wakiniraga ikipe ya Police Fc yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri gusa ntabwo hatangajwe umushahara n’ikiguzi cyatanzwe kuri uyu mukinnyi. Andi makuru avugwa mu ikipe ya Rayon Sports ni ay’umukinnyi Sina Jerome ushobora kuba yaranze kujya i Nyanza ngo asange bagenzi […]Irambuye

Kubera amikoro ‘Super Cup’ mu Rwanda ntikibaye – FERWAFA

Irushanwa ribanziriza itangira rya shampiyona mu Rwanda rihuzaga ikipe yatwaye  igikombe cya shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’Amahoro ntirikibaye kubera impamvu z’amikoro nk’uko FERWAFA yabitangarije Umuseke kuri uyu wa 07 Ukwakira. Umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) avuga ko umukino wa Super Cup  utakibaye kubera kuko nta bushobozi bwo kuwutegura no guhemba amakipe bwabonetse. Bonnie Mugabe […]Irambuye

Rubavu: Amafranga yavuye mu mikino ya gicuti yahaye mutuel abakene

Rayon Sports, Police FC, Etincells na D.C Virunga yo muri Congo Kinshasa muri week end zakinnye imikino ya gicuti, amafaranga yavuyemo amwe yaguzwemo ubwisungane mu kwivuza ku miryango itishoboye bagera kuri 200 nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwayiteguye. Iyi mikino yatangiye kuwa gatandatu isozwa ku cyumweru, kuwa gatandatu Police FC yatsinze ikipe ya D.C […]Irambuye

Rayon: Sina Jerome yarasinye, Musa Mutuyimana ntibirarangira

Abakinnyi babiri   bizwi ko baguzwe  n’ikipe y’i Nyanza Mutuyimana Musa na Sina Jerome bavanwe mu ikipe ya Police FC  muri uku kwezi kwa cyenda ngo bombi ntibaragera i Nyanza,   Mutuyimana Musa we ntibirarangira neza nk’uko ubuyobozi bwa Rayon sport bwa bitangarije Umuseke. Umuyobozi mukuru w’ungirije mu ikipe ya Rayon Sports  Gakumba Charles yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

Richard Tardy na Goran Kopunovic basabye gutoza Rayon

Abatoza Richard Tardy na Goran Kopunovic bombi baciye mu Rwanda umwe mu makipe y’igihugu y’abato undi mu ikipe ya Police FC Umuseke wamenye ko bagejeje amaruwa asaba akazi mu ikipe ya Rayon Sports, kimwe n’abandi batoza benshi ariko batazwi cyane. Amakuru dukesha bamwe mu b’imbere muri iyi ikipe y’i Nyanza aravuga ko Goran Kopunovic, wasezerewe […]Irambuye

Losciuto watozaga Rayon yageze i Ouagadougou

Jean François Losciuto, umutoza mushya w’ikipe ya ASFA Yennenga yageze i Ouagadougou kuwa mbere w’iki cyumweru nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byaho. Ageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ouagadougou Losciuto yavuze ko yumva afite iby’ingenzi kugira ngo ikipenshya aje gutoza ayizamure.  Ati “ Nsanzwe menyereye igitutu kuko nagikoreyeho mu makipe nanyuzemo. Mbyitwaramo neza nta kibazo.” Uyu mutoza […]Irambuye

Shampionat iratangira mu byumweru bibiri, ABABATIJWE mu mazi abira

Shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiciro cya mbere 2014/2015 mu Rwanda  iratangira tariki ya 20 Nzeri 2014, kubera ingaruka z’ikibazo cy’uwiswe Daddy Birori ubu abandi bakinnyi b’abanyamahanga bahawe amazina bari mu mazi abiri kuko FERWAFA yabahaye icyumweru kimwe bakaba bashatse ibyangombwa bibaranga bitari ibyo bahawe bageze mu Rwanda. Bonnie Mugabe umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye […]Irambuye

AMAFOTO waba utabonye. APR FC* 2 – 2 Rayon Sports

APR FC na Rayon Sports zaraye zihanganiye muri 1/4 cy’igikombe cya CECAFA Kagame Cup, ‘Ababurana ari babiri ngo umwe aba yigiza nkana’ byarangiye aba bakeba nabo bisobanuye ariko bigoranye kuko bakijijwe na ‘mbuga’ (Penaliti). Aya ni amwe mu mafoto yaranze uyu mukino ufatwa nk’uwa mbere ukomeye uhuza amakipe mu Rwanda rwa none. Mbere gato Police […]Irambuye

APR FC isezereye Rayon muri ¼ kuri za penaliti

Nyamirambo – Umukino wa 1/4 mu irushanwa CECAFA Kagame Cup ikipe ya APR FC ni yo itahanye intsinzi ikaba isezereye ikipe ya Rayon Sports kuri Penaliti 4 – 3, nyuma y’aho iminota 90 y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Penaliti ya mbere amakipe yose yayihushije, nyuma kapiteni wa […]Irambuye

CECAFA: Rayon vs APR, abatoza bombi barahiga

Abatoza bombi ni bashya, nibwo bwa mbere bagiye guhura ku mukino uvugisha benshi mu Rwanda. Gusa buri mutoza arahiga ko azandagaza undi ku mukino wa 1/4  cya CECAFA Kagame Cup kuri uyu wa 19 Kanama i Nyamirambo. Umubiligi Jean Francois Losciuto yabwiye abanyamakuru ko azi neza ikipe ya APR FC kandi agomba kuyiyereka kuri uyu […]Irambuye

en_USEnglish