Tags : Rayon Sports

CECAFA: Rayon Sports na APR FC zihuriye muri 1/4

Nyamirambo, CECAFA Kagame Cup 2014 –  Ku mukino wo kuri uyu wa 17 Kanama wahuzaga APR FC na KCCA yo muri Uganda urangiye ikipe ya APR FC itsinzwe igitego kimwe ku busa, ibi bituma mu mikino ya 1/4 iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda izakina na mukena wayo w’ibihe byose mu Rwanda Rayon Sports. Igitego cya […]Irambuye

Umuyobozi muri FERWAFA yashyamiranye n’abafana ba Rayon

Ku mukino wa Cecafa Kagame Cup wahuzaga ikipe ya Rayon Sports na Atlabara yo muri Sudani y’Epfo kuri uyu wa gatandatu, umuyobozi ushinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yashyamiranye n’abafana ba Rayon Sports ababuza kumanika igitambaro kigaragaza ko bishimira ko uwahoze ari umuyobozi muri iyi kipe yarangije ibihano.  Gakwaya Olivier wari umunyamabanga mukuru […]Irambuye

CECAFA: Rayon irangije imikino yo mu matsinda ari iya mbere

Rayon Sports yarangije imikino yo mu itsinda ryayo iri imbere, ni nyuma yo gutsinda ikipe ya Atlabara yo muri Sudani y’Epfo igitego kimwe ku busa kuri uyu wa gatandatu nimugoroba kuri stade i Nyamirambo. Atlabara yagaragaje ubuhanga mu kugarira igice cya mbere kirangira amakipe yombi anganya ubusa ku busa, nubwo Rayon Sports yari yagaragaje gusatira […]Irambuye

Rayon Sports itsinze umukino wayo wa mbere muri CECAFA2014

10 Kanama 2014 – Kuri iki cyumweru nijoro, Kambale Salita Gentil niwe uhaye intsinzi ikipe ya Rayon Sports ku bitego bibiri yatsinze kuri kimwe cy’ikipe ya Adama City yo muri Ethiopia mu mukino wa kabiri wo mu itsinda A. Umukino ugitangira Adama yayoboye umukino nk’iminota 10 isatira cyane. Nyuma y’iminota 15 Rayon Sports ifata umukino […]Irambuye

CECAFA: Rayon Sports na AZAM FC, haraca uwambaye

Kuri uyu wa gatanu tariki ya  08 Kanama nibwo imikino ya CECAFA Kagame Cup itangira,  umukino wa Rayon Sports na Azam FC  yo muri Tanzaniya  niwo witezwe cyane ku i saa kumi n’imwe z’umugoroba kuri stade Amahoro i Remera. Mu minsi ishize Rayon Sports ni ikipe yatakaje abakinnyi bakomeye ndetse n’umutoza mukuru wari umenyereye. Muri […]Irambuye

Djamal Mwiseneza yageze muri APR FC

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko umukinnyi Djamal Mwiseneza amaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri yo gukina mu ikipe ya APR FC kuri uyu mugoroba wo kuwa 06 Kanama 2014. Mwiseneza mu magambo macye yabwiye Umuseke ko ‘ibyo ari ko bimeze’ ariko ibirambuye azabitangaza ejo (kuwa kane). Mwiseneza w’imyaka 28, amaze iminsi atumvikana na Rayon Sports, ikipe […]Irambuye

Umutoza wa Rayon yasinye amasezerano y'umwaka umwe

Kuri uyu wa 23 Nyakanga nibwo Jean François Losciuto  yasinye amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza mushya wa Rayon Sports. Ni nyuma y’iminsi ine ageze mu Rwanda kumvikana, ndetse akaba yari yanatangiye akazi kuva kuwa mbere w’iki cyumweru. Aya masezerano yayasinyanye n’umuyobozi wa Rayon Sports Ntampaka Theogene i Nyanza aho iyi kipe iba. Uyu mutoza w’Umubiligi yavuze ko aje […]Irambuye

Djamal yasubiye i Nyanza gusaba amasezerano barayamwima

Mwiseneza Djamal amasezerano ye muri Rayon Sports yari yarangiye, ubuyobozi bw’iyi kipe bwaramwegereye ngo yongere amasezerano aranga ubuyobozi butangaza ko yifuza amafaranga menshi, hari amakuru avuga ko uyu musore yifuzwaga n’ikipe ya APR FC. Uyu munsi uyu musore  yasubiye i Nyanza gusaba ayo masezerano barayamwima. Theogene Ntampaka umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

Rayon: Umutoza ntarasinya, Kwizera baracyari mu biganiro

Nyuma yuko umutoza mushya ugomba gutoza ikipe ya Rayon Sports umwaka wa shampiyona 2014 ageze mu Rwanda kugeza ubu ntarasinya nkuko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwa bitangarije Umuseke. Muri iki gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 22/07/2014 umuyobozi wa Rayon Sports  Ntampaka Theogene yavuze ko  uyu mutoza biteganyijwe ko asinya kuri uyu wa gatatu. […]Irambuye

Jean Losciuto uje gutoza Rayon yageze mu Rwanda

Kanombe – Jean François Losciuto ageze i Kigali kuri uyu wa 19 Nyakanga hafi saa tatu z’ijoro, yaje kwakirwa n’abayobozi ba Rayon Sports n’abafana benshi ba Rayon Sports bambaye ubururu n’umweru. Akigera mu Rwanda yabwiye abanyamakuru ko nubwo yari asanzwe aziko Rayon Sports ifite abafana benshi ariko bimutunguye cyane uburyo baje kumwakira ari benshi cyane akigera […]Irambuye

en_USEnglish