Tags : Rayon Sports

Musa Sova wa Kiyovu yagiye kuvumba imyitozo muri Rayon

Rutahizamu usanzwe ukinira ikipe ya Kiyovu Sport Ali Musa Sova ubu ari i Nyanza aho ari gukorera imyitozo mu ikipe ya Rayon Sport, abenshi mu bakunzi bayo bibwiraga ko agiye kuyikinira ariko ubuyobozi bw’Umuseke bwabihakanye. Ntampaka Theogene yabwiye Umuseke ko Ali Mussa ataje gukina muri Rayon nk’umukinnyi wabo ahubwo yasabye kuza kwitozanya n’abandi gusa. Ntampaka […]Irambuye

Rayon Sports yabonye umutoza mushya

Jean François Losciuto niwe watoranyijwe mu batoza batatu bari basigaye mu batoranyijwe mu bandi bahataniraga gutoza Rayon Sports, uyu mutoza w’Umubiligi biteganyijwe ko agera mu Rwanda mu cyumweru gitaha gusinya amasezerano na Rayon Sports nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’iyi kipe Theogene Ntampaka. Losciuto aje gusimbura umubiligi mugenzi we Luc Eymael uherutse gusezera muri Rayon Sports kubera […]Irambuye

Mvuyekure muri Police FC, Tubane James muri Rayon

Umunyezamu usanzwe ukinira ikipe  ya AS Kigali  ari mu biganiro n’ikipe ya Police FC ndetse ngo binageze kure mu gihe mu genzi we bakinanaga myugariro Tubane James nawe agiye gusinya mu ikipe ya Rayon Sport nk’uko ubuyobozi bwa y’amakipe bwabitangarije Umuseke. Mayira Jean Dieu umuvugizi w’ikipe ya Police FC yavuze ko Mvuyekure umunyezamu wa As […]Irambuye

Umuyobozi w’Abafana ba Rayon yakuriweho ibihano BYOSE yari yafatiwe

Kuri uyu wa 10 Kamena nibwo Claude Muhawenimana uyobora abafana ba Rayon Sports ku rwego rw’igihugu nibwo yahawe ibaruwa imumenyesha ko yavaniweho ibihano byose yari yafatiwe kubera imirwano yakurikiye umukino wa Rayon Sports na AS Kigali wabaye mu kwezi kwa kane. Claude yari yafatiwe ni ukumara imyaka ibiri atagera ku bibuga by’umupira w’amaguru mu Rwanda […]Irambuye

APR FC 2 – 1 Rayon Sports. AMAFOTO

Kucyumweru tariki 08 Kamena 2014 kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ikipe ya APR FC ibitego bibiri byagiyemo bikurikiranye mu gice cya mbere nibyo byasezereye Rayon Sports yabonye igitego kimwe mu gice cya kabiri, ikabura icyo kwishyira birangira isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino: Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE ububiko.umusekehost.com  Irambuye

APR FC 2 – 1 Rayon Sports, isezerewe mu gikombe

08 /06/2014 – Kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ikipe ya APR FC amahirwe yari ayayo uyu munsi, ibitego bibiri byagiyemo bikurikiranye mu gice cya mbere nibyo bisezereye Rayon Sports yabonye igitego kimwe mu gice cya kabiri, ikabura icyo kwishyira birangira isezerewe muri 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Abafana benshi, umwuka w’umupira n’amahari ya ruhago nibyo byari […]Irambuye

Umukuru w’Abafana ba Rayon yitabye Komisiyo y’ubujurire ya FERWAFA

Kuri uyu wa 05 Kamena 2014 nibwo Claude Muhawenimana umuyobozi w’abafana b’ikipe ya Rayon Sports yitabye Akanama gashinzwe ubujurire muri FERWAFA ku myitwarire ye n’ibyo yashinjwe ku mukino wahuje ikipe ya Rayon Sports na AS Kigali zikanganya Rayon ikahatakariza amahirwe yo gutwara igikombe, uyu mukino wakurikiwe n’imirwano ku kibuga. Muhawenimana yari yafatiwe ibihano na FERWAFA […]Irambuye

Rayon yatsinze AS Kigali bigoranye, ku cyumweru izahura na APR

Mu mukino utarabereye igihe wa 1/8 cy’irangiza mu irushanwa ry’igikombe cy’amahoro  ikipe ya Rayon Sports yatsinze bigoranye ikipe ya AS Kigali, ifite iki gikombe umwaka ushize , ibitego 3-2 ihita ikatisha itike yo kuzakina na mukeba APR FC muri ¼ cy’irangiza. Ni umukino watangiye ubona amakipe yombi yafunguye yaba Rayon sport ndetse na AS Kigali […]Irambuye

Inteko rusange ya Rayon Sports yabaye yemeje ibishya byinshi

Rayon Sports Basketball Club, Amakarita adasanzwe ku bafana ba Rayon Sports, ubuzima gatozi bwa burundu, kuba Rayon Sports itazigera iva i Nyanza na rimwe ni bimwe mu byigiwe mu Nteko rusange y’umuryango wa Rayon Sports yateranye kuri uyu wa 30 Gicurasi ku Kimihurura i Kigali. Nyuma y’iyi nteko rusange y’umuryango mugari wa Rayon Sports ugizwe […]Irambuye

Bizimana azanye indirimbo yise “Isaro ry’i Nyanza” irimo amateka ya

Indirimbo ivuga ubuzima bwa Rayon Sports n’amateka “Isaro ry’i Nyanza” Niyo Umuhanzi Leon BIZIMANA uzwi kw’izina rya Mons’bil ashyira ahagaragara kuri uyu wa gatanu muri Alpha Palace Hotel.    Leon Bizimana (a.k.a Mons’bil)  mu ndirimbo ye aragaragaza uruhererekane rw’amateka kuri iyo kipe mu mvugo y’abahanzi mu Kinyarwanda gisaba gutegaga neza ugutwi, akaba anatanga ibisobanuro kuri […]Irambuye

en_USEnglish