Tags : Rayon Sports

Rayon yageze i Cairo irakubitika!

Rayon Sports yageze i Cairo mu Misiri mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2015 aho igiye guhura na Zamalek yo mu Misiri mu mikino ya  CAF Confederation Cup. Ihazege nibwo yamenyeshejwe ko umukino uzaba ku cyumweru mu gihe yagize iziko uzakinwa kuri uyu wa gatanu. FERWAFA ngo yamenyeshejwe izi mpinduka, gusa yo iravuga […]Irambuye

Rayon izahaguruka ejo ijya mu Misiri ariko iracyafite impungenge

Rayon Sports irahaguruka ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 10 Werurwe 2015 yerekeza mu Misiri gukina umukino ubanza na Zamalek yahoo mu mikino ya CAF Confederation Cup. Umutoza wayo Sosthene Habimana aracyafite impungenge ku bakinnyi batarakira neza. Habimana avuga ko bagikomeje imyitozo ndetse kugeza ejo mu gitondo nabwo bahafite imyitozo mu gitondo mbere […]Irambuye

Ibirarane, Rayon na APR zatsikiye Police FC iratsinda

Imikino yabaye none: Rayon 0 – 0 Isonga APR FC 0 – 0 AS Kigali Police fc 2 – 0 Sunrise FC (bya Jacques Tuyisenge) 04 Werurwe 2015 – APR FC ya mbere yakinaga na AS Kigali ya kabiri mu mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 17 wa Shampionat uyu mukino waberaga i Nyamirambo kuri stade ya […]Irambuye

Rayon yo izahura na Zamalek nyuma yo gusezerera Panthere du

01 Werurwe 2015 – Mu ntangiriro z’umukino wo kwishyura kuri stade Amahoro kuri iki cyumweru Rayon Sports ntabwo yatinze guha ibyishimo abafana bayo batari batari buzuye stade itsinda igitego cyanasezereye ikipe ya Panthere du Nde yo muri Cameroun muri iyi mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo. (CAF Confederation Cup). Rayon Sports yagiye gukina ifite amahirwe […]Irambuye

Andy Mfutila yirukanywe muri Rayon Sports

Nyuma y’amezi atatu gusa ari umutoza wa Rayon Sports Andia Mfutila Magloire yabwiye umunyamakuru w’Umuseke ku mugoroba wo kuri uyu wa 02 Gashyantare 2015 ko atazi neza niba bizageza kuwa gatandatu akiri umutoza wa Rayon Sports. Theogene Ntampaka uyobora Rayon Sports yaje kwemeza ko uyu mutoza bamusezereye. Yari abajijwe uko ategura umukino Rayon Sports izakina […]Irambuye

Abouba na Makezi basinye muri Gor Mahia baguzwe 37 000U$

16 Mutarama 2015 – Karim Nizigiyimana bita Makenzi na Abouba Sibomana, ba myugariro babiri bari ab’ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa gatanu basinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukina mu ikipe ya Gor Mahia muri Kenya baguzwe bombi 37 000USD nk’uko byemezwa n’ikipe ya Rayon Sports yamaze no kubaha inzandiko zo kubarekura. Umuvugizi w’ikipe ya […]Irambuye

Mukura 0 – 0 Rayon, Imikino ibaye irindwi nta ntsinzi

11 Mutarama 2015 – Ku munsi wa 13 wa shampionat ari nawo wasozaga agace ka mbere ka shampionat (phase aller) warangiye ikipe ya Mukura inganyije na Rayon Sports, iyi kipe y’i Nyanza ikaba yakomeje ibihe bibi kuko imaze iminsi irindwi ya shampionat idatsinda. Muri uyu mukino wari witezwe kurusha indi uyu munsi, Mukura yari yakiriye […]Irambuye

Tardy mu biganiro na Rayon ariko ntaragera mu Rwanda

Richard Tardy yabwiye Umuseke ko ari mu biganiro byo kuba yaza gutoza ikipe ya Rayon Sports nibumvikana. Gusa avuga ko ataraza mu Rwanda ngo bumvikane nk’uko bimwe mu bitangazamakuru mu Rwanda byabyemezaga. Nimugoroba kuri uyu wa 14 Ukwakira 2014, Richard Tardy ku murongo wa Telephone yabwiye Umuseke ko ari iwabo mu Bufaransa. Ati “ Namenye […]Irambuye

“Ntabwo nzajya i Nyanza niba ntakemuriwe ibibazo”-Sina Jerome

Sina Jerome, rutahizamu wakiniraga Police FC bivugwa ko yamaze kugurwa n’ikipe ya Rayon Sports ariko yabwiye Umuseke ko atiteguye kujya i Nyanza mu gihe batamukemuriye ‘ibibazo’. Muri Rayon bemeza ko ari amafaranga agisaba. Sina Jerome yabwiye Umuseke mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ko we atazajya i Nyanza ku muri Rayon Sports mu gihe […]Irambuye

Abayobozi ba Rayon Sports ntibavuga rumwe mu guhagarika Ruhago Sport

Ngarambe Charles umuyobozi w’Umuryango wa Rayon Sports ntavuga rumwe n’umuyobozi wa Rayonsport FC Theogene Ntampaka, ku kibazo cyo guhagarika umufatanya bikorwa w’iyi kipe  Ruhago Sport Promoters uherutse kugirana amasezerano na Rayon Sports yo kubakorera amakarita y’abanyamaryango ngo bababonemo ibitunga ikipe iyi sosiyete yigenga nayo ibonemo inyungu impande zombi zumvikanyweho. Ruhago Sport Promoters imaze amezi ane igiranye […]Irambuye

en_USEnglish