Tags : Police

ISHUSHO RUSANGE: Ibyaha n’umutekano mu Rwanda mu 2016

*Ibyaha bitanu nibyo byiganje mu gihugu *Abana 1 274 barasambanyijwe * Buri mwaka mu Rwanda hinjira ibinyabiziga 17 443 * Abantu 114 bapfiriye mu mpanuka mu mezi 6 ashize Police y’u Rwanda uyu munsi yagaragaje uko igihugu kifashe mu mutekano muri rusange ndetse no ku mihanda. Muri rusange ngo ibyaha byagabanutseho 12% muri uyu mwaka […]Irambuye

Gasabo: Ushinjwa gutera inda umukobwa w’imyaka 15 yasabiwe ‘burundu y’umwihariko’

Gasabo – Kuri uyu wa Mbere mu Rukiko rw’ibanze rwa Rusororo mu Karere ka Gasabo habereye iburanisha ry’urubanza umugabo aregwamo gutera inda umwana w’imyaka 15 utuye mu Kagali ka Ruhanga, Umurenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ubushinjacyaha bwasabiye uregwa ‘gufungwa burundu y’umwihariko. Umubyeyi w’umwana watewe inda avuga ko umwana we yari yaramunaniye ngo ‘ni […]Irambuye

Ihohoterwa ntiryacika abarikorerwa batabigizemo uruhare – Min Nyirasafari

Ku munsi wo gutangiza ubukangurambaga bugamije kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Esperance yasabye abahohoterwa kugira uruhare mu kuvuga ihohoterwa bakorerwa kuko ngo ntirishobora gucika batabigizemo uruhare. Ubu bukangurambaga buzamara iminsi 16 bwatangijwe mu mudugudu wa Rwabikenga, mu kagari ka Nyirabirori mu murenge wa Tumba mu karere ka Rulindo, kuri uyu […]Irambuye

Kirehe: Bafunzwe bazira ko bataratanga “mutuelle de santé”

Mu murenge wa Kigina akarere ka Kirehe haravugwa ikibazo cya bamwe mu baturage bafungwa bazira ko babuze ubushobozi bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de santé), bamwe muri aba baturage bafungiwe ku nzu yahoze ari ibiro by’umurenge wa Kigina bavuga ko bemeye gufungwa kubera ko atabona ayo mafaranga nyuma y’uko batangirwaga ayo mafaranga na […]Irambuye

Ngoma: Hari abagore bahohotera abagabo bitwaje uburinganire

Abagabo batuye mu kagali ka Ndekwe umurenge wa Remera akarere ka Ngoma, barashinja bamwe mu bagore kwitwaza uburinganire bagakora ibikorwa biteza amakimbirane mu ngo birimo kujya mu tubari bagasinda bagataha nijoro no kugurisha imitungo y’urugo batabwiye abagabo. Urwego rw’Inama y’Igihugu y’Abagore muri uyu murenge wa Remera ruvuga ko icyo kibazo bagihagurukiye, ngo aho kigaragaye abagore […]Irambuye

Amajyepfo : Polisi yagabanyije ibyaha ku gipimo cya 16,1%

Mu biganiro byahuje inzego zitandukanye z’umutekano harimo Ubuyobozi bw’ingabo, Polisi, n’Ubushinjacyaha, CIP HAKIZIMANA André Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko bagabanyije ibyaha ku ijanisha rya 16,1 akavuga ko bafite ingamba zo kubigabanya kugeza kuri zero. Ibi biganiro byabereye mu karere ka Muhanga byahuje izi nzego z’umutekano zitandukanye mu karere ka Kamonyi, Muhanga, Ruhango […]Irambuye

Nyuma y’itemwa ry’abantu 11 ubwoba buracyari bwose i Ndera

Mu ijoro ryo ku itariki ya 01 Gashyantare abantu batazwi biraye mungo zinyuranye mu midugudu ya Kinunga na Runyonza, mu Kagari ka Kibenga, Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo batema ndetse bagakomeretsa abantu 11, nyuma y’ibyabaye ngo ubwoba buracyari bwose. UM– USEKE wasuye bamwe mu batemwe Imana igakinga akaboko ntibapfe n’abaturanyi babo kugira ngo […]Irambuye

TOPSEC bahinduriwe ‘uniform’ abakozi bayo ihereye i Kigali

Kuri uyu wa gatatu kampanyi ikora uburinzi ‘Top Security’ yatanze imyambaro mishya y’akazi isimbura iyo abakozi bayo bambaraga, iyi myambaro ngo yari ifite ibara rijya gusa nk’iry’impuzankano (uniform) ya Polisi y’Igihugu. Umuyobozi wa TopSec, Kashemeza Robert yavuze ko iyi myambaro bayihinduye kubera ko nta kampanyi irinda umutekano yigenga yemerewe kwambara imyenda isa n’iyi inzego zishinzwe […]Irambuye

en_USEnglish