Tags : Police

Abayobozi bashya b’Akarere ka Rubavu batowe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki 29 Gicurasi, Inama njyanama y’Akarere ka Rubavu imaze gutora Sinamenye Jeremie  nk’umuyobozi mushya w’Akarere usimbura Bahame Hassan uri kuburana afunze nyuma yo kuvugwaho uruhare mu itangwa ry’isoko ryo kubaka Isoko rya Gisenyi mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Uyu munsi kandi hatowe abayobozi babiri bamwungirije kuko Komite nyobozi y’aka […]Irambuye

Busingye yavuze ko Leta yabonye imitego ifata ‘IBIFI BININI’ biyiba

Hashize iminsi havugwa abayobozi mu nzego z’ibanze bafatwa bakekwaho kurya cyangwa gukoresha nabi amafaranga ya Leta, abandi bagatabwa muri yombi bakekwaho kurya ruswa. Mu kiganiro n’abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishize, Minisitiri w’Ubutabera yavuze ko Leta yize amayeri mashya yo gufata abayobozi bakuru, iyo bari mumakosa bamwe bakunze kwita ‘ibifi binini” bakekwaho ibyo byaha. Ahanini, abaturage […]Irambuye

Abakorera ingendo mu ntara barinubira gukererezwa mu nzira

Abakorera ingendo mu mihanda yo mu ntara zitandukanye barashinja amasosiyete azwi nk’atwara abagenzi vuba (Agence express) kuba abatinza mu nzira bitewe no kutubahiriza igihe cyo guhaguruka ndetse ngo usanga izi modoka zarahindutse twegerane dore ko usanga abashoferi bazo bagenda bahagarara mu nzira bashyiramo ubateze wese bityo uwari witeguye kugera iyo ajya vuba ugasanga arakerewe. Bazaramba […]Irambuye

Police yerekanye abibye ibikoresho by’agaciro karenga 3,000,000

Kicukiro – Kuri uyu wa 22 Kanama kuri sitasiyo ya polisi ya Kicukiro herekanywe abagabo bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho bitandukanye, harimo iby’umuntu umwe bifite agaciro ka miliyoni eshatu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo polisi yahawe amakuru ko mu muyji wa Kigali hari ubujura bw’ibyuma by’umuziki. Police mu gitondo kare kuri uyu wa 21 […]Irambuye

CECAFA: Police FC niyo ya mbere ibonye ticket ya “Knock-out

Nyamirambo – Police FC niyo kipe ya mbere ibonye ticket yo kuva mu matsinda ikujya mu kiciro cyo kuvananamo (knowck-out stage) nyuma yo gutsinda ikipe ya Vital’O y’i Burundi ibitego bitatu kuri kimwe mu mukino waberaga kuri stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa mbere. Stade ya Kigali kuva yabaho nibwo bwa mbere yakiriye […]Irambuye

MININTER, MIDIMAR, EWSA na Police basobanuye iby’izi nkongi

Kuri iki cyumweru tariki 20 Nyakanga, ikiganiro cyatanzwe n’inzego za Leta zirimo Ministeri y’umutekano mu gihugu, Polisi y’igihugu, Ministeri ifite imicuringire y’ibiza mu nshingano basobanuye ko inkongi zimaze iminsi ziba ahatandukanye 60% byazo ziterwa n’umuriro w’amashanyarazi. Iki kiganiro kikirangira hahise humvikana inkongi y’umuriro mu gishanga cy’inganda i Gikondo. Ministre w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil […]Irambuye

Bamwe mu bajura ba Laptops, TV Screens, Radio, Piano…bafashwe

Ku cyicaro cya Polisi y’igihugu ya Remera (ku Kimironko), harekanywe abagabo batanu bakekwaho ubujura bw’ibikoresho binyuranye byiganjemo iby’ikoranabuhanga nka mashini laptops, amateleviziyo n’amaradiyo, iki gikorwa cyabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 14 Nyakanga ndetse bamwe baramera icyaha bagasaba imbabazi. Mu byafashwe harimo inyakiramashusho 10 zigezweho zizwi nka Flat Screens, Inyakiramashusho 3 […]Irambuye

Ushatse gucika ubutabera, Isasu rikoreshwa nk’imbaraga za nyuma

Muri Gicurasi harashwe uwari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, muri Kanama haraswa uwari akurikiranyweho kuroga bamwe mu bayobozi i Gicumbi barimo n’umusirikare mukuru mu ngabo, kuwa gatandatu ushize harashwe babiri mu bajura bishe umuzamu bakaniba i Muhanga, abarashwe bose baguye aho barasiwe kandi babaga bagerageza guhunga ubutabera nk’uko Polisi y’u Rwanda […]Irambuye

Gicumbi: Hashakimana wakekwagaho uburozi yarashwe ahita apfa

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gicumbi, kuri iki cyumweru tariki ya 15 Kamena yarashe umusore witwa Hashakimana Eric w’imyaka 26 ahita apfa igihe yashakaga gutoroka. Uyu musore akaba yakorwagaho iperereza kubera gukekwaho kuroga abantu mu karere ka Gicumbi nk’uko bitangazwa na Polisi y’u Rwanda. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACPolice Damas Gatare yavuze […]Irambuye

en_USEnglish